• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwagize icyo ruvuga kuri leta ya Kinshasa iyishinja kwiba amabuye y’agaciro ku butaka bwabo.

minebwenews by minebwenews
April 29, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda rwagize icyo ruvuga kuri leta ya Kinshasa iyishinja kwiba amabuye y’agaciro ku butaka bwabo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Butegetsi bw’u Rwanda bwagize icyo buvuga ku birego bushinjwa na Guverinoma ya Kinshasa ku bijanye n’amabuye y’agaciro.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni u Rwanda rwanyomoje ibi birego binyuze ku muvugizi wayo, Yolande Makolo, aho mu mpera z’iki Cyumweru dusoje, yatangaje ko ibyo Kinshasa ishinja igihugu cye, bidafite ishingiro na rito.

Ibyo yabivuze mu gihe leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yari iheruka kwemeza ko soseyete ya Apple, iza ku mwanya wa mbere muri Amerika mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro binyuze mu nzira zitemewe n’amategeko

Ku wa Kane tariki ya 24/04/2024, ababuranira Congo Kinshasa, kuri iyi dosiye, bemeje ko Apple “igura amabuye y’agaciro aba yacukuwe mu Burasirazuba bwa RDC, akagera ku butaka bw’u Rwanda, yavanyweho ibimenyetso byose byerekana uko yageze muri icyo gihugu; imbere y’uko Apple iyifashisha mu bucuruzi ikorera ku Isi yose.”

Umuvugizi w’u Rwanda Yolande Makolo yabwiye ibiro ntara makuru by’Abafaransa, AFP, agize ati: “Ubu, ni bumwe mu bubeshyi bwa leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bugamije gusamaza amahanga binyuze mu guharabika u Rwanda.”

No mu busanzwe, iyi Sosiyete ya Apple yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yari yahakaniye AFP ko ibirego ishinjwa, ibisubizo byabyo biri muri raporo yayo yo mu 2023, mu gice cyitwa “Amabuye y’agaciro ku mpaka.”

                 MCN.
Tags: Iyishinja kw'iba amabuye y'agaciroKuri CongoRwagize icyo ruvugaU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Idini rya Katolika muri Congo Kinshasa, rikomeje kudacana uwaka n’ubutegetsi bw’icyo gihugu.

Idini rya Katolika muri Congo Kinshasa, rikomeje kudacana uwaka n'ubutegetsi bw'icyo gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?