Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

U Rwanda rwanditse amateka ubwo rwatahaga ku mugaragaro Stade Amahoro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 2, 2024
in Uncategorized
0
U Rwanda rwanditse amateka ubwo rwatahaga ku mugaragaro Stade Amahoro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwanditse amateka ubwo rwatahaga ku mugaragaro Stade Amahoro.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni ku wa Mbere tariki ya 01/07/2024, u Rwanda rwakoze igikorwa cyo gutaha ku mugaragaro Stade Amahoro, aho uwo muhango witabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo na perezida w’u Rwanda Paul Kagame.

Uyu muhango kandi witabiriwe na perezida w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afrika, Dr Patrice Motsepe.

Muri uyu muhango perezida Paul Kagame yashimiye perezida wa CAF, Dr Patrice Mutsepe na perezida wa FIFA , Gianni Infantino kuba barafashije u Rwanda kugera kugikorwa remezo nk’iki cya Stade Amahoro, kandi ko bari kubikorera n’ibindi bihugu bya Afrika mu rwego rwo guteza imbere impano z’abana ba Afrika.

Yagize ati: “Ibi bizatuma twifuzwa n’amahanga kandi abana bafite impano bagume hano muri Afrika, bakinira mu bihugu byabo.”

Perezida Paul Kagame yizeje kandi ko u Rwanda ruha agaciro cyane iki gikorwa remezo cya Stade Amahoro, ku buryo abana b’u Rwanda bagiye ku kibyaza umusaruro.

Ati: “Ubu nta rundi rwitwazo ku bana bacu bafite impano, mugomba gukora cyane, kandi neza, mureke natwe tuze mu beza ba mbere ku mu gabane wa Afrika.”

Perezida w’impuzamashirahamwe, y’umupira w’amaguru , Dr Patrice Mutsepe yavuze ko akurikije uko yabonye stade Amahoro, ari mwe munziza ku mu gabane wa Afrika ndetse no ku Isi yose.

Ati: “Iyi ni imwe muri Stade nziza muri Afrika no ku Isi. Twe nk’Abanyarwanda, twe nk’Abanyafrika, dukwiriye guterwa ishema kandi tugashimira perezida Paul Kagame ku miyoborere myiza yageze kuri stade nziza nk’iyi.”

Motsepe na we yavuze ko yifuza ko igikorwa nk’iki kigomba kugira icyo gihindura ku rwego rw’umupira w’amaguru mu Rwanda rukiri hasi.

Ati: “Ubutaha ndifuza kuzagaruka hano, mbona ikipe y’igihugu cy’u Rwanda iri gukina n’indi kipe nziza ya mbere muri Afrika.”

Yanavuze kandi ko yifuza kubona impano z’abana b’u Rwanda, zitezwa imbere ku buryo mu Rwanda haba igicumbi cy’u mupira w’amaguru muri Afrika.

Ati: U Rwanda ruzaba imwe mu makipe meza muri Afrika.”

Yahise asoza ashimira umukuru w’igihugu cy’u Rwanda ku bwumuhate we, n’ubwitange mu gutuma u Rwanda rukomeza kuza imbere mu byiza ndetse no mu mupira w’amaguru.

                 MCN.
Tags: Perezida Paul KagameRwandaStade Amahoro
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Imyitwarire y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Minembwe, ikomeje kurushaho kuba mibi.

Imyitwarire y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Minembwe, ikomeje kurushaho kuba mibi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?