• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 31, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 31, 2025
in Regional Politics
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

You might also like

AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye

I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w’ubanye n’amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy’indege cya Goma kidakwiye gufungurirwa i Paris mu Bufaransa, ngo kuko ibibazo byatumye gifungwa atariho biri.

Nibyo Nduhungurehe yagarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru ku munsi w’ejo ku wa kane tariki ya 30/10/2025.

Abanyamakuru ba mubajije ku byo gufungura ikibuga cy’indege cya Goma, nyuma y’aho inama yo mu Bufaransa isohoye itangazo itegeka AFC/M23 guhita igifungura vuba nabwangu.

Iyi nama igamije kwiga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo yahuriyemo perezida Felix Tshisekedi w’iki gihugu na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron wanayiteguye abifashijwemo n’uwa Togo, Faure Gnassingbe usanzwe ari n’umuhuza ku bibazo hagati y’u Rwanda na RDC.

Nduhungurehe yasubije ko gufungura ikibuga cy’indege cya Goma, inama yo mu Bufaransa yaba yihuse, ngo kuko hakiri ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa bigamije kurangiza amakimbirane impande zombi zifitanye.

Kubwe ngwasanga kuba iriya nama yo mu Bufaransa itarimo AFC/M23 ntacyemezo yafata kuri kiriya kibazo.

Yagize ati: “Ikibuga cy’indege cya Goma kiri mu buyobozi bwa AFC/M23, twe nk’u Rwanda duhagaze ku ruhande rw’uko imyanzuro yafatirwa mu biganiro by’i Doha, ni ho Leta ya Congo na AFC/M23 bicaye baganira. Ibisubizo kuri iki kibazo, ntabwo ari hano, Paris ntabwo yafungura ikibuga cy’indege kuko abambere bireba ntibahari.’

Ikibuga cy’indege cya Goma cyafashwe na AFC/M23 mu ntangiriro z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025 ubwo imirwano ikaze yasize uyu mutwe wigaruriye umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’uwa Bukavu wo muri Kivu y’Amajyepfo zigaruriye tariki ya 16/02/2025.

Tags: AFC/m23Ikibuga cy'indege cya Gomau BufaransaU Rwanda
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu  Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy'indege cya Goma Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya ubutegetsi bw'i Kinshasa, ryamaganye u Bufaransa bwayisabye gufungura ikibuga...

Read moreDetails

Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye

Inzara iravuza ubuhuha mu Burundi, aho imiryango imwe yagaragaje uburyo ihangayikishijwe na yo bikomeye Kubera inzara mu murwa mukuru w'ubukungu w'i gihugu cy'u Burundi, imiryango imwe ni mwe...

Read moreDetails

I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

I Burundi hikanzwe coup d'etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye, yasubitse uruzinduko yagombaga kugirira i Paris mu Bufaransa, nyuma y'uko amenye ko...

Read moreDetails

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n'umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w'u Rwanda Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umuryango wa Habyarimana bemezanyije gutangira kubaka...

Read moreDetails

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails
Next Post
I Burundi impunzi ziri mu byishimo nyuma y’uko zigize ibyo zongererwa

I Burundi impunzi ziri mu byishimo nyuma y'uko zigize ibyo zongererwa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?