• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

UA yashyizeho umuhuza w’u Rwanda na RDC ku makimbirane ibyo bihugu bifitanye.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
UA yashyizeho umuhuza w’u Rwanda na RDC ku makimbirane ibyo bihugu bifitanye.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

UA yashyizeho umuhuza w’u Rwanda na RDC ku makimbirane ibyo bihugu bifitanye.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Perezida Joao Lourenco wa Angola akaba na perezida wa Afrika yunze ubumwe yaraye ahaye inshingano z’ubuhuza perezida wa Togo, Faure Gnassingbé ku makimbirane hagati y’u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Hari mu nama ya mbere yabaye ejo ku wa gatandatu tariki ya 05/04/2025, aho yitabiriwe n’abagize inama nkuru y’ibiro by’u muryango wa Afrika Yunze ubumwe ikaba yarayobowe na Joao Lourenco uheruka guhabwa kuyobora uyu muryango mu kwezi gushize.

Iyi nama nk’uko amakuru abivuga yari igamije kwiga ku mugambi wo kugera ku mahoro arambye mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ahakomeje kubera intambara ikomeye ihuza m23 n’ingabo za Leta.

Joao Lourenco akaba yaravuze muri iyi nama ko perezida wa Togo yemeye gufata inshingano z’ubuhuza kuri aya makimbirane hagati y’u Rwanda na Congo.

Lourenco kandi yavuze impamvu yatumye arekura inshingano z’u buhuza ngo ni ukubera ko yahawe kuyobora umuryango wa Afrika Yunze ubumwe.

RDC, LONI n’ibihugu bimwe by’i Burayi bishinja u Rwanda gufasha umutwe wa m23. Leta y’u Rwanda nayo ikabihakana, hubwo igashinja RDC gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Mu mpera z’umwaka wa 2021 ni bwo umutwe wa m23 wongeye kubura imirwano, kuri ubu wafashe ibice byinshi birimo n’ umujyi wa Bukavu ndetse n’uwa Goma.

Umuhate wokurangiza iyi ntambara ihanganishije uyu mutwe wa m23 n’ingabo za Leta ntacyo wagezeho, ndetse n’ingabo za SADC zari zaroherejwe gufasha igisirikare cya RDC kurwanya uyu mutwe wa m23 zarananiwe.

Ingabo za SADC zoherejwe mu Burasizuba bwa Congo mu mpera z’umwaka wa 2023, nyuma yuko iz’umuryango wa Afrika y’i Burasizuba zari zatashe, aho nazo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa RDC mu mwaka wa 2022 .

Inama ya SADC n’iya EAc yateranye ku wa 08/03/2025 i Dar es Salaam muri Tanzania, yasabye ko hagenwa abandi bahuza bo gufasha mu mugambi w’amahoro wa Luanda na Nairobi mu rwego rwo kugira ngo amahoro aboneke muri RDC.

Yaje gushyiraho Kgalema Motlanthe , wahoze ari perezida wa Afrika y’Epfo, Catherine Samba Panza wayoboye Santarafurika, Sahle-Work Zewde yahoze ari umukuru wa Ethiopia na Olusegun wigeze kuyobora Nigeria. Aba bakaba barongerewe kuri Uhuru Kenyatta wabaye perezida wa Kenya usanzwe akuriye ibiganiro by’i Nairobi.

Leta y’i Kinshasa yamaze igihe ivuga ko itazaganira na m23, nyuma iza kubyemera ibyafashwe nk’intambwe ikomeye mu nzira y’amahoro.

Ubu bivugwa ko ibiganiro byitezwe ko bizabera i Doha muri Qatar hagati y’intumwa za Leta ya Congo n’iz’u mutwe wa m23.

Tags: RdcRwandaumuhuza
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Amerika yahagaritse viza ku kindi gihugu cya Afrika nyuma yuko izihagaritse ku Barundi bose.

Amerika yahagaritse viza ku kindi gihugu cya Afrika nyuma yuko izihagaritse ku Barundi bose.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?