Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 15, 2025
in World News
0
Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye.

You might also like

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

Break through Malaria Treatment for Babies and Young Children Approved

Jose Mujica wigeze kuyobora igihugu cya Uruguay yitabye Imana ku myaka 89 y’amavuko, bivugwa ko yazize indwara ya kanseri y’umuhogo yari amaranye igihe.

Mu ijoro ryo ku wa kabiri tariki ya 13/05/2025, ni bwo Jose yitabye Imana.

Inkuru y’urupfu rwe yabitswe n’uwamutsimbuye ku butegetsi, perezida Yamandu Orsi, aho yakoresheje urubuga rwa x agira ati: “Turagushimira kuri buri kimwe waduhaye ndetse tuzirikana n’urukundo wakundaga abaturage.”

Jose Mujica wamamaye cyane ku izina rya Pape , ni we muntu wayoboye igihugu ariko agafatwa nk’umukene nyuma y’abandi bose bijyanye no kubera ko yakundaga kubaho mu buzima bworoheje ugereranyije n’abandi.

Ni we muyobozi watumye Uruguay iba igihugu cya mbere gishyizeho amategeko yemera ikoreshwa ry’urumogi, bituma aba ikirangirire mu isi by’umwihariko muri Amerika y’Amajyepfo.

Yakunze kugaragaza ko akunda politiki, gusoma ibitabo, kubaho byoroheje ndetse no guhinga, ibyo bavuga ko yabyigishijwe na nyina.

Ku butegetsi bwe yari yariyemeje gutanga hafi 90% by’umushahara we akabiha abababaye n’abafite ibigo bikizamuka.

Yiberaga mu nzu idashamaje mu mirima ye yari yitaruye umurwa mukuru wa Uruguay, Montevideo, yanga kuba mu nzu zateganyirijwe abakuru b’igihugu.

Hejuru y’ibyo yagenderaga mu modoka ihendutse ya Volkswagen Beetle, yakozwe mu 1987. Ndetse ubwo mu 2010 yatangazaga umutungo we, yavuze ko ari yo yari henze mu mitungo yari afite icyo gihe, kuko yaguraga 1.800$.

Mu 2013 umutungo we wageze kuri 322.883$, bigizwemo uruhare no gushyiramo imitungo y’umugore we. Mu 2015 ava ku butegetsi, umutungo we wabarirwaga mu bihumbi 300$.

Tags: Jose MujicaUruguayyapfuye
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya. Umukuru w'igihugu cya Kenya, William Ruto, yategetse igipolisi kurasa mu maguru abakora imyigaragambyo bagamije no kwangiza ibikorwaremezo by'abaturage....

Read moreDetails

YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

by minebwenews
July 9, 2025
0
YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

In a bold move to prioritize authenticity and creativity, YouTube has announced a significant update to its YouTube Partner Program (YPP) monetization policies, effective July 15, 2025. The...

Read moreDetails

Break through Malaria Treatment for Babies and Young Children Approved

by minebwenews
July 8, 2025
0
Break through Malaria Treatment for Babies and Young Children Approved

 A groundbreaking malaria treatment tailored for babies and young children has received approval from Swissmedic, making a historic milestone in the fight against malaria. Developed by Novartis in...

Read moreDetails

Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya. Roman Starovoit, wahoze ari minisitiri w'ingendo mu Burusiya yapfuye urupfu rutunguranye aho ndetse bivugwa ko yiyahuye, akaba yitabye Imana...

Read moreDetails

Umwuzure wahitanye abantu i Texas.

by Bruce Bahanda
July 7, 2025
0
Umwuzure wahitanye abantu i Texas.

Umwuzure wahitanye abantu i Texas. Umwuzure udasanzwe wahitanye abantu barenga 80 nyuma y'imvura yaguye ari inyinshi i Texas muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika igateza amapfa menshi. Ni amakuru...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwashyize ku mugaragaro icyo bushinja Kabila.

Ubutegetsi bw'i Kinshasa bwashyize ku mugaragaro icyo bushinja Kabila.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?