• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ubu Mukagoroba Kajoro I Goma Bamaganye Urugendo Rwa Emmanuel Macron Mugace Kitwa Majengo Na Mutinga.

minebwenews by minebwenews
March 1, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma ho muntara ya Kivu yamajyaruguru, muri Republika iharanira democrasi ya Congo (RDC), mugace kitwa Majengo na Mutinga, abaturage baho batangiye kwamagana urugendo rwa Président w’Ubufaransa azagirira i Kinshasa kuminsi itatu ukwezi kwa gatatu uyumwaka.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Emmanuel Macron w’Ubufransa, akaba afite uruzinduko ruzamara iminsi ine, agenderera ib’ihugu bya Africa yohagati harimo na Republika iharanira democrasi ya Congo Kinshasa, aho biteganijwe ko azahagera kuruyu wa gatanu wikicumweru, nyuma yuko azaba avuye muri Gabon.

Président Macron w’Ubufransa, biteganijwe ko kandi azasura nigihugu ca Congo Brazzaville ndetse na Angola kwa Président João Lourenço, ufashe umukingi munini mukugarura umutekano mwiza muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo aho afatanije n’Uwahoze ari Président wa Kenya Uhuru Kenyatta.

Mururu ruzinduko rwa Macron w’Ubufransa, i Kinshasa, mumakuru dukesha ikinyamakuru ca Okapi, nuko azaganira na Mugenzi we Félix Tshisekedi kubyerekeye ukunoza umubano w’ibihugu byombi, ndetse nibyerekeye uburezi bwamashuri yisumbuye nabanza.

Umuturage utanze amakuru kuri Minembwe Capital News, yuko i Goma amasaha yuyu mugoroba wo kuwagatatu wo kumunsi umwe wukwezi kwa gatatu uyumwaka batangiye kwamgana urugendo rwa Président w’Ubufaransa, avuze ko invugo abaturiye Majengo na Mutinga ho muri Goma barimo kuvuga ngo: “Emmanuel Macron – Kagame- M23 na EAC.” bavuga ko bose aribamwe ati “Mubamamagane.”

Ikindi Uruby’iruko rushigikiwe na Civil Society yomurako gace kuko uwatanze ayamakuru yavuze ko abayobozi birishirahamwe aribo batangiye guhamagara Uruby’iruko ko rugomba kwitabira, iyi myigaragambyo ngo ikazakomeza kumunsi w’ejo nkuko tubikesha abaturiye Goma.

Yagize ati: “Kandi uhagarariye Civil Society yomurako gace yabwiye Uruby’iruko ubu mukagoroba kajoro ko ejo kuwakane azaba ari “Ville Morte.”

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Umutwe Waba Députés Muri Kivu Yaruguru Barasaba Ko Hoba Ibiganiro Hagati Ya M23 Na Leta Ya Congo.

Comments 1

  1. northernirelandyears.com says:
    3 years ago

    A fascinating discussion is worth comment. I think that you ought to publish more about this subject matter, it might not be a taboo subject but typically people do not talk about such topics. To the next! Best wishes!!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?