• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ububiko bw’intwaro z’u Burusiya bwatwitswe.

minebwenews by minebwenews
July 4, 2025
in World News
0
Ububiko bw’intwaro z’u Burusiya bwatwitswe.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ububiko bw’intwaro z’u Burusiya bwatwitswe.

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Igitero karahabutaka cy’ingabo za Ukraine cyasize gitwitse ububiko bw’intwaro z’u Burusiya.

Ubu bubiko bw’izi ntwaro bwari buherereye mu mujyi wa Donetesk uri muyo u Burusiya bwari bwarigaruriye. Ndetse uyu mujyi na wo wahise wigarurirwa n’iki gisirikare cya Ukraine.

Amashusho yashyizwe hanze agaragaza umwotsi ukwiragwira mu kirere cyaho uriya mujyi warimo intwaro uherereye no mu nkengero zawo.

Ndetse n’ubutumwa bw’amajwi bwerekeye icyo gikorwa bwumvikanisha amajwi y’ibiturika bidasanzwe ry’izo ntwaro.

Ibinyamamakuru birimo na BBC byatangaje ko byagenzuye neza uburemere bw’iturika ry’izo ntwaro, ariko ngo ntibyabasha kugenzura ingano y’izahiye.

Gusa aya makuru yemeza ko ari igitero cya Ukraine cyangije ubwo bubiko mu rwego rwo guca intege u Burusiya mu bice bwagiye bwigarurira byo muri Ukraine.

Ibyo bibaye mu gihe impande zombi zarimo zihatirwa gutangiza ibiganiro biziganisha ku mahoro arambye. U Burusiya bwemeye kwinjira mu biganiro nk’imwe mu nzira ibuganisha ku mahoro.

Intambara yibasiye iki gihugu cya Ukraine cyashoweho n’u Burusiya yatangiye mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri umwaka wa 2022. U Burusiya bwanga ko Ukraine yinjira mu muryango wa NATO ibyo bubona nk’ubwanzi bukomeye ku gihugu cyabo.

Mu gihe Ukraine na yo ivuga ko ifite uburenganzira bwo kuja aho ishyaka nk’igihugu cy’igenga.

Aha rero niho ishoshyo y’i y’intambara imaze imyaka ikabakaba ine ikomoka .

Tags: DoneteskU BurusiyaUbubiko bw'intwaroUkraine
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cy’u Rwanda cyakoze impinduka ku myambaro yacyo.

Igisirikare cy'u Rwanda cyakoze impinduka ku myambaro yacyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?