• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Ubugira kabiri, Barnabé Milinganyo Uwimana yongeye gutabwa muri yombi, i Kinshasa ku murwa mukuru wa RDC.

minebwenews by minebwenews
April 27, 2024
in sport & entertainment, World News
1
Ubugira kabiri, Barnabé Milinganyo Uwimana yongeye gutabwa muri yombi, i Kinshasa ku murwa mukuru wa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Barnabé Milinganyo yongeye gutabwa muri yombi i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Ni amakuru yavuzwe bwa mbere n’umuryango wa Barnabé Milinganyo, aho uwo muryango wahise utangaza ko Barnabé Milinganyo Uwimana yafashwe igihe c’isaha z’igitondo cyakare cy’u yumunsi.

Nk’uko ba bivuze bavuze ko yafashwe igihe c’isaha ya 6:00 Am, zo muri iki gitondo cyo ku wa Gatandatu, tariki ya 27/04/2024.

Umuryango we wahise unavuga ko yafashwe n’abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bakorera urwego rw’i perereza rwa DEMIAP.

Ni amakuru kandi yaje gutangazwa n’umunyamakuru uzwi cyane muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Justin Kabumba, aho nawe yemeje ko Barnabé Milinganyo Uwimana yahagaritswe n’inzego zikora mw’iperereza ry’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubu bubaye ubugira kabiri Barnabé Milinganyo Uwimana atawe muri yombi ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Ahagana tariki ya 28/11/2023, nibwo yarekuwe avanwe muri gereza ya Makara aho yari yarakatiwe igifungo cy’imyaka 3.

Barnabé Milinganyo Uwimana yaziraga ku gambanira ubutegetsi bwa Kinshasa, ari nabyo kugeza n’ubu akomeje gushinjwa.

Ay’amakuru avuga neza ko yamaze kugezwa muri DEMIAP.

Uyu azwi mu bantu bagiye baba hafi ya perezida Joseph Kabila Kabange wahoze ayoboye RDC, guhera mu mwaka w’ 2021 kugeza mu 2018.

            MCN.
Tags: Barnabé Milinganyo Uwimana yongeye gutabwa muri yombiDemiapKinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina

Congo yungutse umukinnyi mpuzamahanga wa natangiye gukina Aaron Wan-Bissaka, myugariro akina ku ruhande rw’iburyo, yigeze guhura n’uruhererekane rw’imbogamizi mu gufata umwanzuro w’igihugu azakinira. Nubwo yari asanzwe akomoka mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Imyuzure yahitanye abantu benshi muri Tanzania no mu gihugu  cya Kenya.

Imyuzure yahitanye abantu benshi muri Tanzania no mu gihugu cya Kenya.

Comments 1

  1. Mugunguza says:
    1 year ago

    Yararinziki kw’adasoka mugihugu iwe ntaramenya régime iriho! Niyihangane iki gihugu abagabo Bose bavuga ukuri ntamahirwe bagifitemo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?