• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubugizi bwa nabi bwa Wazalendo bwongeye gufata indi ntera i Kaziba, bituma abaho batabaza m23.

minebwenews by minebwenews
March 24, 2025
in Regional Politics
0
Ubugizi bwa nabi bwa Wazalendo bwongeye gufata indi ntera i Kaziba, bituma abaho batabaza m23.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubugizi bwa nabi bwa Wazalendo bwongeye gufata indi ntera i Kaziba, bituma abaho batabaza m23.

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

I Kaziba muri teritware ya Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Wazalendo barwana ku ruhande rwa Leta bari kuhica abaturage ubundi kandi bagafata n’abagore ku ngufu, ibyatumye abaturage bahatuye bahamagarira umutwe wa m23 kubagoboka.

Ni ubutumwa bwanditse tumaze kwakira kuri Minembwe Capital News, ubwo twahawe n’abamwe mu baturage baho(i Kaziba), aho bari gutabariza m23 kubatabara, ngo kuko Wazalendo bari kubica, bagafata n’abagore ku ngufu no kubakorera ibindi bikorwa bigayitse.
Bagize bati: “M23 yari kwiye kuza ikagera hano i Kaziba, ikatwirukanira Wazalendo badutesheje cyane. Umutekano wacu urabangamiwe bikomeye, bariya Wazalendo baratunyaga kandi bakangiza n’ibyacu.”

Muri ubu butumwa basobanuye ko Wazalendo baheruka kwicira umuturage muri centre ya Kaziba bamuziza ubusa, ndetse kandi bafata n’umugore waho ku ngufu.

Ati: “Nibyo. Baheruka kwicira umuturage muri centre, bamuteye ibyuma gusa kugeza avuyemo umwuka. Bafashe ku ngufu kandi n’umugore bari babonye gusa aho muri centre.”

Ibindi byavuzwe muri ubu butumwa nuko aba Wazalendo bari gushinga amabariyeri ahantu henshi, bakayanyagiramo abaturage.

Mu ntangiriro z’uku kwezi turimo abarwanyi bo mu mutwe wa m23 bafashe iki gice cya Kaziba, nyuma y’imirwano ikomeye yasize uyu mutwe wa m23 wirukanye ihuriro ry’ingabo za Congo ririmo FARDC, FDLR, FDNB na Wazalendo ryari muri iki gice cya Kaziba.

Aba barwanyi ntibahamaze gatatu, kuko bahise bakomeza berekeza mu bice bya Rurambo, aho bahise bakomeza berekeza na Minembwe.

Ubwo uyu mutwe wafataga iki gice, nabwo kandi wasanze aba Wazalendo bakirebaga, abaturage babivovotera, ahanini byari ukubera babamburaga utwabo bakoresheje ariya mabariyeri bashinga ahantu hatandukanye. Ariko m23 ikihagera yahise isenya ayo mabariyeri.

Amakuru dufite kuri ubu avuga ko aba barwanyi bageze mu Cyohagati, ubwo ni za Bijabo n’ahandi.

Nyuma yokuva kwa m23 i Kaziba, Wazalendo n’abo bahise bahinjira, kuri ubu bakomeje ubugizi bwa nabi bwabo.

Ibiri gutuma abaturiye icyo gice batabaza, bagasaba ko uyu mutwe wa m23 ukigarukamo kugira ngo babone amahoro n’ituze.

Tags: KazibaKwicaUmutekano
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Bimwe mubyagarutsweho cyane mu nama yahuje umuryango wa EAC n’uwa SADC.

Bimwe mubyagarutsweho cyane mu nama yahuje umuryango wa EAC n'uwa SADC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?