
Ubutumwa duheruka gutanga kuri Minembwe Capital News, buvuga kubuhanuzi uyumunsi nibwo twahawe umurongo wo muri Bibilia buranga ijambo Imana yatanze kub’Anyamulenge.
Murubwo butumwa bw’Ubuhanuzi harimo ibivuga ko Imana Igiye kugarura icubahiro kub’Anyamulenge baturiye Imisozi miremire.
Ikindi ngo Mugiye kuva mumahanga mwatataniyemo maze mugaruke mugihugu Imana yabasezeranije.
Ikimenyetso c’Ubwo buhanuzi cavuga ga ngo: “Kubera ibibi Abapfurero bakoreye ubwoko bwab’Anyamulenge ati Abapfurero imirima barimo guhinga ubu ntibazayirya kuko bazaba barahunze.
Ijambo Imana yatanze kub’Anyamulenge, musome Yeremiya 29:14-15:
[14]Nzabonwa namwe, ni ko Uwiteka avuga, kandi nzagarura abanyu bajyanywe ari imbohe, nzabakoranya mbakuye mu mahanga yose n’ahantu hose, aho nari narabatatanyirije, ni ko Uwiteka avuga, kandi nzabagarura aho nabakuje mukajyanwa muri imbohe.”
[15]Kuko mwavuze ngo “Uwiteka yatubyukirije abahanuzi i Babuloni”,




