• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ubujura buravuza ubuhuha muri Leta y’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
February 25, 2025
in World News
0
Iby’abarwanyi barahiriye gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubujura buravuza ubuhuha muri Leta y’u Burundi.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Ni amakuru yatangajwe n’umukuru w’iki gihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aho yatangaje ko muri iki gihugu hari ubujura butigeze bubaho bw’ibikomoka kuri peteroli, ngo kuko vubaha Lisansi ifite agaciro ka miliyari zirenga 200 y’amafaranga y’u Burundi yaburiwe irengero.

Ibi nibyo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aheruka kuvugira mu kiganiro yari yagiranye n’abategetsi bo muri Leta ye.

Yasobanuye ko ubujura bw’igitoro bwabayeho bwatumye u Burundi butakaza icyo bwakabaye bukoresha kugeza mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka; agaragaza ruswa imaze kumunga abategetsi bo muri iki gihugu nka nyiribayazana.

Yagize ati: “Kuva mu kwa 11 k’umwaka ushyize twakabaye dufite ubwizigame bw’amezi ane ari imbere, ariko ubu igitoro kiri hehe? Ubwato buraza bukagenda ntabonye igitoro mu bene gihugu. Ibi ni iki ? Ni ho nahamagaye umugenzuzi mukuru wa Leta, ibyo yanyeretse biteye isoni. None ko sitasiyo zose zikoresheje application, kijyahe? Mu Burundi ruswa ni umwihariko.”

Amakuru avuga ko Lisansi ibarirwa muri litiro miliyoni 12 ni yo yaburiwe irengero muri iki gihugu, na ho mazutu yabuze ikaba ingana na litiro miliyoni 19.

Nyamara nubwo perezida Ndayishimiye yagaragaje iki kibazo nkaho ari gishya, ariko kigize igihe kirekire, kuko kuva yagera ku butegetsi iki gitero cyarabuze.

Ndetse kandi iki kibazo gishobora kuzakomeza kuremerera Leta y’iki gihugu, dore ko uduce two muri Kivu y’Epfo muri RDC cyaturukagamo igitero cyakoreshwaga mu Burundi tugenzurwa n’abarwanyi ba m23 bahanganye n’ingabo z’u Burundi zisanzwe zifasha iza Congo kurwanya uwo mutwe.

Ndayishimiye yavuze kandi ko bibabaje kubona nta n’igihumbi cy’amafaranga y’Amarundi igihugu cye cyinjiza mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro, nyamara gifite ibirombe bitabarika.

Tags: leta yu BurundiUbuhuhaubujura
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
FARDC igitero yagabye mu Banyamulenge yacyambuwemo ibikoresho bikaze.

Mu kirere cya Minembwe hagaragaye icyateye abaturage ubwoba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?