Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ubujura buravuza ubuhuha muri Leta y’u Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 25, 2025
in World News
0
Iby’abarwanyi barahiriye gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubujura buravuza ubuhuha muri Leta y’u Burundi.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni amakuru yatangajwe n’umukuru w’iki gihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aho yatangaje ko muri iki gihugu hari ubujura butigeze bubaho bw’ibikomoka kuri peteroli, ngo kuko vubaha Lisansi ifite agaciro ka miliyari zirenga 200 y’amafaranga y’u Burundi yaburiwe irengero.

Ibi nibyo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aheruka kuvugira mu kiganiro yari yagiranye n’abategetsi bo muri Leta ye.

Yasobanuye ko ubujura bw’igitoro bwabayeho bwatumye u Burundi butakaza icyo bwakabaye bukoresha kugeza mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka; agaragaza ruswa imaze kumunga abategetsi bo muri iki gihugu nka nyiribayazana.

Yagize ati: “Kuva mu kwa 11 k’umwaka ushyize twakabaye dufite ubwizigame bw’amezi ane ari imbere, ariko ubu igitoro kiri hehe? Ubwato buraza bukagenda ntabonye igitoro mu bene gihugu. Ibi ni iki ? Ni ho nahamagaye umugenzuzi mukuru wa Leta, ibyo yanyeretse biteye isoni. None ko sitasiyo zose zikoresheje application, kijyahe? Mu Burundi ruswa ni umwihariko.”

Amakuru avuga ko Lisansi ibarirwa muri litiro miliyoni 12 ni yo yaburiwe irengero muri iki gihugu, na ho mazutu yabuze ikaba ingana na litiro miliyoni 19.

Nyamara nubwo perezida Ndayishimiye yagaragaje iki kibazo nkaho ari gishya, ariko kigize igihe kirekire, kuko kuva yagera ku butegetsi iki gitero cyarabuze.

Ndetse kandi iki kibazo gishobora kuzakomeza kuremerera Leta y’iki gihugu, dore ko uduce two muri Kivu y’Epfo muri RDC cyaturukagamo igitero cyakoreshwaga mu Burundi tugenzurwa n’abarwanyi ba m23 bahanganye n’ingabo z’u Burundi zisanzwe zifasha iza Congo kurwanya uwo mutwe.

Ndayishimiye yavuze kandi ko bibabaje kubona nta n’igihumbi cy’amafaranga y’Amarundi igihugu cye cyinjiza mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro, nyamara gifite ibirombe bitabarika.

Tags: leta yu BurundiUbuhuhaubujura
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
FARDC igitero yagabye mu Banyamulenge yacyambuwemo ibikoresho bikaze.

Mu kirere cya Minembwe hagaragaye icyateye abaturage ubwoba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?