• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, February 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubumwe bw’Afrika na L’ONI, i New York, bagarutse ku kibazo cya RDC n’u Rwanda ndetse n’u Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
November 30, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Nanama igira iya 7 , yateranye kuya 28/11/2024, iteraniye i New york muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahuzaga Ubumwe bw’Afrika na L’ONI yigiwemo gushakira umutekano u Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano

Perezida Trump Yongeye Kuvuga ku Ntambara Ibera muri RDC

N’i Nama ya yobowe na perezida w’ubumwe bw’Afrika, Moussa Faki n’umunyambanga Mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres.

Mu biganiro bakoze habaye no gushimira igihugu ca leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ubumwe bw’u Buraya ku muhate bagaragaje wo guhosha amakimbirane yari hagati ya Kinshasa na Kigali.

Ku kibazo cy’ibihugu by’ibiyaga bigari abaribitabiriye ibyo biganiro ba garagaje impungenge zabo ku bijanye n’umutekano ukomeje kuzamba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Iriya Nama n’ubundi yihanije inyeshamba zica aba sivile biganjemo abagore n’abana ba na burira inyeshamba kuba zahagarika intambara vuba.

Muri biriya biganiro kandi habaye kwakira uburyo habaye gukemura umwuka mubi wari hagati ya Kigali na mKinshasa. Dore ko Abakuru b’ibihugu byombi baheruka kwemerera leta Zunze Ubumwe za Amerika gukuraho ubushamirane bwari hagati y’impande zombi.

Moussa Faki na mu genzi we Antonio Guterres bavuze ko bashigikiye ibikorwa byakozwe mu rwego rwa karere ku girango amahoro n’umutekano bigaruke mu bice bi beramo imirwano aba bagabo n’ubundi bavuzeko bahangayikishijwe no kuzabona ibyo Kigali na Kinshasa biyemeje kuzabishira mungiro kandi bikazakorwa mu bwuzuzanye nk’uko byemejwe mu Nama yahuzaga amashirahamwe 4 kuya 27 /06/2023.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo, bwagiye bushinja Kigali gutera inkunga u mutwe wa M23 ibyo Kigali yagiye itera utwatsi hubwo Kigali igashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukorana n’umutwe w’itera bwoba wa FDLR urwanya ubutegetsi bwa Kigali.

Bruce Bahanda.

Tags: I New York Ubumwe bw'Afrika na L'ONI bagarutse ku kibazo cu Rwanda na CongoUburasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe kwakira no kugirana ibiganiro na Gen. Dagvin...

Read moreDetails

MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano

MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 25/02/2026, mu mujyi wa Goma, Intumwa z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe...

Read moreDetails

Perezida Trump Yongeye Kuvuga ku Ntambara Ibera muri RDC

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Kuvuga ku Ntambara Ibera muri RDC

Perezida Trump Yongeye Kuvuga ku Ntambara Ibera muri RDC Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gushyira intambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails

Iby’Ingabo n’Indege z’Intambara za Angola Zoherejwe Byeruye mu Ntambara yo muri RDC n’Ibice Zoherejwemo

by Bahanda Bruce
February 24, 2026
0
Iby’Ingabo n’Indege z’Intambara za Angola Zoherejwe Byeruye mu Ntambara yo muri RDC n’Ibice Zoherejwemo

Iby’Ingabo n’Indege z’Intambara za Angola Zoherejwe Byeruye mu Ntambara yo muri RDC n’Ibice Zoherejwemo Igihugu cya Angola cyinjiye ku mugaragaro mu ntambara ibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Amakuru Mashya ku Myiteguro ya Perezida Tshisekedi yo Kwakira Abanyarwanda Barimo Kayumba Nyamwasa

by Bahanda Bruce
February 24, 2026
0
Amakuru Mashya ku Myiteguro ya Perezida Tshisekedi yo Kwakira Abanyarwanda Barimo Kayumba Nyamwasa

Amakuru Mashya ku Myiteguro ya Perezida Tshisekedi yo Kwakira Abanyarwanda Barimo Kayumba Nyamwasa Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ari mu myiteguro yo...

Read moreDetails
Next Post

Mw'i Bumba, hongeye kuvugwa Maï Maï, ishaka kugaba ibitero mu bice bya Komine Minembwe, muri Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 1

  1. NZAYIRAMYA Fidèle says:
    2 years ago

    Nibave mumagambo bahagarike intambara mubarasirazuba bwa Congo Kinshasa niba babishoboye😔

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?