Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubumwe bw’Afrika na L’ONI, i New York, bagarutse ku kibazo cya RDC n’u Rwanda ndetse n’u Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 30, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Nanama igira iya 7 , yateranye kuya 28/11/2024, iteraniye i New york muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahuzaga Ubumwe bw’Afrika na L’ONI yigiwemo gushakira umutekano u Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

N’i Nama ya yobowe na perezida w’ubumwe bw’Afrika, Moussa Faki n’umunyambanga Mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres.

Mu biganiro bakoze habaye no gushimira igihugu ca leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ubumwe bw’u Buraya ku muhate bagaragaje wo guhosha amakimbirane yari hagati ya Kinshasa na Kigali.

Ku kibazo cy’ibihugu by’ibiyaga bigari abaribitabiriye ibyo biganiro ba garagaje impungenge zabo ku bijanye n’umutekano ukomeje kuzamba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Iriya Nama n’ubundi yihanije inyeshamba zica aba sivile biganjemo abagore n’abana ba na burira inyeshamba kuba zahagarika intambara vuba.

Muri biriya biganiro kandi habaye kwakira uburyo habaye gukemura umwuka mubi wari hagati ya Kigali na mKinshasa. Dore ko Abakuru b’ibihugu byombi baheruka kwemerera leta Zunze Ubumwe za Amerika gukuraho ubushamirane bwari hagati y’impande zombi.

Moussa Faki na mu genzi we Antonio Guterres bavuze ko bashigikiye ibikorwa byakozwe mu rwego rwa karere ku girango amahoro n’umutekano bigaruke mu bice bi beramo imirwano aba bagabo n’ubundi bavuzeko bahangayikishijwe no kuzabona ibyo Kigali na Kinshasa biyemeje kuzabishira mungiro kandi bikazakorwa mu bwuzuzanye nk’uko byemejwe mu Nama yahuzaga amashirahamwe 4 kuya 27 /06/2023.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo, bwagiye bushinja Kigali gutera inkunga u mutwe wa M23 ibyo Kigali yagiye itera utwatsi hubwo Kigali igashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukorana n’umutwe w’itera bwoba wa FDLR urwanya ubutegetsi bwa Kigali.

Bruce Bahanda.

Tags: I New York Ubumwe bw'Afrika na L'ONI bagarutse ku kibazo cu Rwanda na CongoUburasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post

Mw'i Bumba, hongeye kuvugwa Maï Maï, ishaka kugaba ibitero mu bice bya Komine Minembwe, muri Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 1

  1. NZAYIRAMYA Fidèle says:
    2 years ago

    Nibave mumagambo bahagarike intambara mubarasirazuba bwa Congo Kinshasa niba babishoboye😔

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?