• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubumwe bw’Afrika na L’ONI, i New York, bagarutse ku kibazo cya RDC n’u Rwanda ndetse n’u Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
November 30, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Nanama igira iya 7 , yateranye kuya 28/11/2024, iteraniye i New york muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahuzaga Ubumwe bw’Afrika na L’ONI yigiwemo gushakira umutekano u Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

N’i Nama ya yobowe na perezida w’ubumwe bw’Afrika, Moussa Faki n’umunyambanga Mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres.

Mu biganiro bakoze habaye no gushimira igihugu ca leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ubumwe bw’u Buraya ku muhate bagaragaje wo guhosha amakimbirane yari hagati ya Kinshasa na Kigali.

Ku kibazo cy’ibihugu by’ibiyaga bigari abaribitabiriye ibyo biganiro ba garagaje impungenge zabo ku bijanye n’umutekano ukomeje kuzamba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Iriya Nama n’ubundi yihanije inyeshamba zica aba sivile biganjemo abagore n’abana ba na burira inyeshamba kuba zahagarika intambara vuba.

Muri biriya biganiro kandi habaye kwakira uburyo habaye gukemura umwuka mubi wari hagati ya Kigali na mKinshasa. Dore ko Abakuru b’ibihugu byombi baheruka kwemerera leta Zunze Ubumwe za Amerika gukuraho ubushamirane bwari hagati y’impande zombi.

Moussa Faki na mu genzi we Antonio Guterres bavuze ko bashigikiye ibikorwa byakozwe mu rwego rwa karere ku girango amahoro n’umutekano bigaruke mu bice bi beramo imirwano aba bagabo n’ubundi bavuzeko bahangayikishijwe no kuzabona ibyo Kigali na Kinshasa biyemeje kuzabishira mungiro kandi bikazakorwa mu bwuzuzanye nk’uko byemejwe mu Nama yahuzaga amashirahamwe 4 kuya 27 /06/2023.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo, bwagiye bushinja Kigali gutera inkunga u mutwe wa M23 ibyo Kigali yagiye itera utwatsi hubwo Kigali igashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukorana n’umutwe w’itera bwoba wa FDLR urwanya ubutegetsi bwa Kigali.

Bruce Bahanda.

Tags: I New York Ubumwe bw'Afrika na L'ONI bagarutse ku kibazo cu Rwanda na CongoUburasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post

Mw'i Bumba, hongeye kuvugwa Maï Maï, ishaka kugaba ibitero mu bice bya Komine Minembwe, muri Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 1

  1. NZAYIRAMYA Fidèle says:
    2 years ago

    Nibave mumagambo bahagarike intambara mubarasirazuba bwa Congo Kinshasa niba babishoboye😔

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?