• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 12, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubumwe bw’Afrika na L’ONI, i New York, bagarutse ku kibazo cya RDC n’u Rwanda ndetse n’u Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
November 30, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Nanama igira iya 7 , yateranye kuya 28/11/2024, iteraniye i New york muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahuzaga Ubumwe bw’Afrika na L’ONI yigiwemo gushakira umutekano u Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Nigeria: Perezida Tinubu Yamaganye Igitero cy’Inyeshyamba cyahitanye Abarimo Umujenerali

Byinshi Wa Menya ku Butasi mu Isi ya None: Inkingi y’Umutekano w’Ibihugu n’Ubuhanga Bugezweho mu Gukusanya no Gusesengura Amakuru

N’i Nama ya yobowe na perezida w’ubumwe bw’Afrika, Moussa Faki n’umunyambanga Mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres.

Mu biganiro bakoze habaye no gushimira igihugu ca leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ubumwe bw’u Buraya ku muhate bagaragaje wo guhosha amakimbirane yari hagati ya Kinshasa na Kigali.

Ku kibazo cy’ibihugu by’ibiyaga bigari abaribitabiriye ibyo biganiro ba garagaje impungenge zabo ku bijanye n’umutekano ukomeje kuzamba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Iriya Nama n’ubundi yihanije inyeshamba zica aba sivile biganjemo abagore n’abana ba na burira inyeshamba kuba zahagarika intambara vuba.

Muri biriya biganiro kandi habaye kwakira uburyo habaye gukemura umwuka mubi wari hagati ya Kigali na mKinshasa. Dore ko Abakuru b’ibihugu byombi baheruka kwemerera leta Zunze Ubumwe za Amerika gukuraho ubushamirane bwari hagati y’impande zombi.

Moussa Faki na mu genzi we Antonio Guterres bavuze ko bashigikiye ibikorwa byakozwe mu rwego rwa karere ku girango amahoro n’umutekano bigaruke mu bice bi beramo imirwano aba bagabo n’ubundi bavuzeko bahangayikishijwe no kuzabona ibyo Kigali na Kinshasa biyemeje kuzabishira mungiro kandi bikazakorwa mu bwuzuzanye nk’uko byemejwe mu Nama yahuzaga amashirahamwe 4 kuya 27 /06/2023.

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo, bwagiye bushinja Kigali gutera inkunga u mutwe wa M23 ibyo Kigali yagiye itera utwatsi hubwo Kigali igashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukorana n’umutwe w’itera bwoba wa FDLR urwanya ubutegetsi bwa Kigali.

Bruce Bahanda.

Tags: I New York Ubumwe bw'Afrika na L'ONI bagarutse ku kibazo cu Rwanda na CongoUburasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

by Bahanda Bruce
April 11, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage Mu Burundi hadutse inkuru ikomeye yateje impaka n’impungenge mu baturage, nyuma y’itabwa muri yombi ry’abapolisi batanu bakekwaho kwambura umuturage...

Read moreDetails

Nigeria: Perezida Tinubu Yamaganye Igitero cy’Inyeshyamba cyahitanye Abarimo Umujenerali

by Bahanda Bruce
April 10, 2026
0
Nigeria: Perezida Tinubu Yamaganye Igitero cy’Inyeshyamba cyahitanye Abarimo Umujenerali

Nigeria: Perezida Tinubu Yamaganye Igitero cy’Inyeshyamba cyahitanye Abarimo Umujenerali Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yagaragaje akababaro kenshi anihanganisha imiryango y’abasirikare baguye mu gitero cyagabwe ku kigo cya...

Read moreDetails

Byinshi Wa Menya ku Butasi mu Isi ya None: Inkingi y’Umutekano w’Ibihugu n’Ubuhanga Bugezweho mu Gukusanya no Gusesengura Amakuru

by Bahanda Bruce
April 9, 2026
0
Byinshi Wa Menya ku Butasi mu Isi ya None: Inkingi y’Umutekano w’Ibihugu n’Ubuhanga Bugezweho mu Gukusanya no Gusesengura Amakuru

Byinshi Wa Menya ku Butasi mu Isi ya None: Inkingi y’Umutekano w’Ibihugu n’Ubuhanga Bugezweho mu Gukusanya no Gusesengura Amakuru Mu isi y’iki gihe irangwa n’ihindagurika ryihuse mu bya...

Read moreDetails

Perezida Museveni Yashimye Amasezerano Hagati ya RDC n’u Rwanda, Anasaba Ingamba Z’Umutekano Zikomeye Kurushaho

by Bahanda Bruce
April 9, 2026
0
Perezida Museveni Yashimye Amasezerano Hagati ya RDC n’u Rwanda, Anasaba Ingamba Z’Umutekano Zikomeye Kurushaho

Perezida Museveni Yashimye Amasezerano Hagati ya RDC n’u Rwanda, Anasaba Ingamba Z’Umutekano Zikomeye Kurushaho Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashimye cyane amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono hagati ya...

Read moreDetails

Kwibuka ku nshuro ya 32: Perezida Kagame Yasobanuye Ubwirinzi bw’u Rwanda n’Ubushake bwo Kwirinda Inkomoko z’Ibyaha

by Bahanda Bruce
April 8, 2026
0
Kwibuka ku nshuro ya 32: Perezida Kagame Yasobanuye Ubwirinzi bw’u Rwanda n’Ubushake bwo Kwirinda Inkomoko z’Ibyaha

Kwibuka ku nshuro ya 32: Perezida Kagame Yasobanuye Ubwirinzi bw’u Rwanda n’Ubushake bwo Kwirinda Inkomoko z’Ibyaha Mu ijambo ryagejejwe ku bitabiriye umuhango wo gutangiza icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100...

Read moreDetails
Next Post

Mw'i Bumba, hongeye kuvugwa Maï Maï, ishaka kugaba ibitero mu bice bya Komine Minembwe, muri Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 1

  1. NZAYIRAMYA Fidèle says:
    2 years ago

    Nibave mumagambo bahagarike intambara mubarasirazuba bwa Congo Kinshasa niba babishoboye😔

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?