Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubumwe bw’ibihugu by’u Buraya bahagaritse misiyo y’indorerezi ku matora ategerejwe kuba muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Buraya, wahagaritse misiyo y’indorerezi ku matora ateganijwe kuba tariki 20/ 12/2023, muri Repubulika ya Demokorasi ya Congo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga ririya tsinda ry’indorerezi riva mu bumwe bw’ibihugu by’u Buraya bageze muri Congo, tariki ya 6/11/2023, ubutegetsi bwa Kinshasa ntibwabaha uburenganzira bwo ku install ibikoresho byabo by’itumanaho mu Ntara zitandukanye ziki gihugu ca RDC. Muribyo bikoresho harimo ibikoresho bizafasha ziriya ndorerezi muburyo bwo kugenzura bugezweho uko Amatora akorwa.

Ririya tsinda nk’uko iy’inkuru tuyikesha Lactualite . CD, ivuga ko ataribwo bwambere bagera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuko ibi ngo bibaye kunshuro ya Gatatu. Gusa bakaba bari bazanye irindi korana buhanga rigezweho.

Bikozwe mugihe abantu batangiye kwicwa muri ibi bihe by’amatora nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, tariki 28/11/2023, ko abantu ba Moïse Katumbi bishwe bahereye ku bayobozi.

Nimugihe imodoka y’u mukandida Moïse Katumbi yerekezaga mu Mujyi wa Kindu ho mu Ntara ya Manyema, maze iza kwibasirwa n’Abantu bayitera amabuye ibirahuri birameneka.

Ibi byasize umuyobozi ukuriye uruby’iruko mw’ishyaka rya Ensemble pour La République, Dido Kakisingi, apfuye urupfu rubabaje.

Uy’u wapfuye byavuzwe ko yari umubyeyi wabana 6. Ishyaka rya Ensemble pour La République, rya Moïse Katumbi, ryamaganye ico gikorwa kibi cyakozwe nabo bagizi banabi. Gusa ubuyobozi bw’Intara ya Manyema burashinjwa ubwo bwicanyi bwa kinyamanswa.

Bruce Bahanda.

Tags: Abantu ba Moïse Katumbi bishweKinduManyemaRdcUbumwe bw'ibihugu by'u Buraya bahagaritse misiyo y'indorerezi ku matora ategerejwe kuba mu mpera z'uyu mwaka
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

I Kahororo hateguwe ko haba imishikirano ihuza amoko ahaturiye naho u mutwe wa Gumino wasabwe n'Abapfulero kubavira muri Localite ya Gitoga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?