• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubumwe bw’ibihugu by’u Buraya bahagaritse misiyo y’indorerezi ku matora ategerejwe kuba muri RDC.

minebwenews by minebwenews
November 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Buraya, wahagaritse misiyo y’indorerezi ku matora ateganijwe kuba tariki 20/ 12/2023, muri Repubulika ya Demokorasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nk’uko iy’inkuru ibivuga ririya tsinda ry’indorerezi riva mu bumwe bw’ibihugu by’u Buraya bageze muri Congo, tariki ya 6/11/2023, ubutegetsi bwa Kinshasa ntibwabaha uburenganzira bwo ku install ibikoresho byabo by’itumanaho mu Ntara zitandukanye ziki gihugu ca RDC. Muribyo bikoresho harimo ibikoresho bizafasha ziriya ndorerezi muburyo bwo kugenzura bugezweho uko Amatora akorwa.

Ririya tsinda nk’uko iy’inkuru tuyikesha Lactualite . CD, ivuga ko ataribwo bwambere bagera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuko ibi ngo bibaye kunshuro ya Gatatu. Gusa bakaba bari bazanye irindi korana buhanga rigezweho.

Bikozwe mugihe abantu batangiye kwicwa muri ibi bihe by’amatora nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, tariki 28/11/2023, ko abantu ba Moïse Katumbi bishwe bahereye ku bayobozi.

Nimugihe imodoka y’u mukandida Moïse Katumbi yerekezaga mu Mujyi wa Kindu ho mu Ntara ya Manyema, maze iza kwibasirwa n’Abantu bayitera amabuye ibirahuri birameneka.

Ibi byasize umuyobozi ukuriye uruby’iruko mw’ishyaka rya Ensemble pour La République, Dido Kakisingi, apfuye urupfu rubabaje.

Uy’u wapfuye byavuzwe ko yari umubyeyi wabana 6. Ishyaka rya Ensemble pour La République, rya Moïse Katumbi, ryamaganye ico gikorwa kibi cyakozwe nabo bagizi banabi. Gusa ubuyobozi bw’Intara ya Manyema burashinjwa ubwo bwicanyi bwa kinyamanswa.

Bruce Bahanda.

Tags: Abantu ba Moïse Katumbi bishweKinduManyemaRdcUbumwe bw'ibihugu by'u Buraya bahagaritse misiyo y'indorerezi ku matora ategerejwe kuba mu mpera z'uyu mwaka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

I Kahororo hateguwe ko haba imishikirano ihuza amoko ahaturiye naho u mutwe wa Gumino wasabwe n'Abapfulero kubavira muri Localite ya Gitoga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?