• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubumwe bw’u Burayi bwafatiye ibihano abantu 9 barimo n’abo muri M23.

minebwenews by minebwenews
July 26, 2024
in Regional Politics
0
Ubumwe bw’u Burayi bwafatiye ibihano abantu 9 barimo n’abo muri M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubumwe bw’u Burayi bwafatiye ibihano abantu 9 barimo n’abo muri M23.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Bikubiye mu itangazo uyu muryango wasohoye, rivuga ko wafatiye ibihano abantu 9 barimo n’abo mu ihuriro rya AFC ribarizwamo na M23 ndetse n’abandi bo mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda mu 1994.

Muri aba bahanwe barimo kandi umusirikare w’u Rwanda ufite ipeti rya Colonel.

Abafatiwe ibihano n’umuryango wa EU, barimo bwana Benjamin Mbonimpa usanzwe ari umuhuzabikorwa wa M23, Berterand Bisimwa uyoboye uyu mutwe wa M23 na Brig General Justin Gacheri Musanga uri mu basirikare bavuga rikumvikana mu ngabo za M23.

Ku ruhande rwa FDLR abahanwe barimo Colonel Rurakabije Pierre Celestin umuyobozi w’ungirije w’igisirikare cyawo na Kubwayo Gustave uri mu basirikare bakuru ba FDLR.

Uyu muryango wa EA ushinja M23 na FDLR guteza amakimbirane n’umutekano muke ku butaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo binyuze mu guteza intambara.

Uyu muryango kandi ushinja iyi mitwe yombi guhonyora uburenganzira bwa muntu binyuze mu bwicanyi, gufata ku ngufu, kugaba ibitero ku basivile ndetse no kwinjiza abana mu gisirikare.

Ikindi nuko muri aba bafatiwe ibihano barimo n’umusirikare w’u Rwanda, Colonel Migabo Augustin .

Uyu musirikare asanzwe ari umuyobozi w’ungirije w’umutwe w’ingabo zidasanzwe z’u Rwanda (special force) , gusa ntihavuzwe icyo yaba azira ariko bisa nk’aho bifitanye isano n’ibirego u Rwanda rumaze igihe rushinjwa byo kuba hari ingabo zarwo ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nanone kandi muri aba bahanwe barimo Corneille Nangaa uyoboye ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC, Amigo Kiribige uyobora umutwe wa ADF cyo kimwe n’umuvugizi akaba n’umuyobozi muri CMC-FDP leta ya Kinshasa abo yita Wazalendo.

Aba bakaba baje biyongera ku bandi bantu uyu muryango wa EU wahanye mu 2022.

Aba barimo Lt Col Willy Ngoma wo muri M23, Col Ruvugayimikorere Protegene wahoze akurikiye umutwe udasanzwe w’abarwanyi ba FDLR, Col Joseph Nganzo Olikwa wa Fardc na Meddie Nkakubo wahoze akuriye ADF mbere yo kwicwa n’igisirikare cya Uganda.

Mu bihano aba bafatiwe birimo kutemererwa gukora ingendo mu bihugu biyigize ndetse no gufatira imitungo yabo. Ikindi ni uko Sosiyete ndetse n’abantu bo mu bihugu bigize umuryango w’ubumwe bw’u Burayi batemerewe guhererekanya amafaranga n’abahanwe.

                 MCN.
Tags: Abarimo abasirikare ba M23Bwifatiye ibihanoUbumwe bw'u Burayi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe andi makuru mashya ku muririmbyi Mbonyi Israel.

Havuzwe andi makuru mashya ku muririmbyi Mbonyi Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?