Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubumwe bw’u Burayi bwagize icyo buvuga kuri RDC iheruka gukatira abantu 37 igihano cy’urupfu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 18, 2024
in Regional Politics
0
Ubumwe bw’u Burayi bwagize icyo buvuga kuri RDC iheruka gukatira abantu 37 igihano cy’urupfu.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubumwe bw’u Burayi bwagize icyo buvuga kuri RDC iheruka gukatira abantu 37 igihano cy’urupfu.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi wamaganye igihano cy’urupfu urukiko rukuru rwa gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ruherutse gukatira abagerageje guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi mu mezi make ashize uyu mwaka.

Abantu 37 nibo uru rukiko rwa katiye igihano cy’urupfu barimo abanyamahanga batandatu. Bahamijwe ibyaha birimo ubwicanyi, iterabwoba, gutera inkunga iterabwaba no gutunga imbunda mu buryo butemewe n’amategeko.

Ibi byaha bifitanye isano n’igerageza ryo gukura perezida Tshisekedi ku butegetsi ryayobowe n’umunye-Congo wari ufite ubwenegihugu bw’ububiligi, Christian Malanga, tariki ya 19/05/2024.

Urwego rw’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi rushinzwe ububanyi n’amahanga tariki ya 16/09/2024, rwategetse ko rutemera na gato igihano cy’urupfu inkiko zo muri Congo Kinshasa zikomeje gukatira abantu, rugaragaza ko kibambura uburenganzira bwo kubaho.

Rwasobanuye ko uyu muryango uzakomeza kuganiriza ubutegetsi bwa Kinshasa kugirango butazashyira mubikorwa iki gihano.

Mu kwezi kwa Gatatu uyu mwaka nibwo RDC yasubijeho igihano cy’urupfu cyari cyarahagaritswe ubwo Joseph Kabila yari ategetse iki gihugu hagati mu 2003.

RDC mu kugisubizaho yasobanuye ko biri mu rwego rwo guca intege ibyaha by’ubugambanyi bukomeje kwiyongera.

Mu gihe Umuryango w’ubumwe bw’u Burayi wo uvuga ko gusubizaho iki gihano ari intambwe isubira inyuma ku butabera, inasaba Leta ya Kinshasa kongera kugikuraho.

           MCN.
Tags: Cy'urupfuIgihanoRdc
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwashyize umugambi wa Tshisekedi ku karubanda kubyerekeye abajenosideri ashaka kwakira .

U Rwanda rwashyize umugambi wa Tshisekedi ku karubanda kubyerekeye abajenosideri ashaka kwakira .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?