• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ubundi bwato bwongeye kurohama nyuma y’uko kuwa Gatandatu, hari abandi bantu ba barigwa 40 bapfiriye muriyo Mpanuka.

minebwenews by minebwenews
October 17, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare wa bantu baguye m’ubwato, kuri uyu wa Kabiri, tariki 17/10/2023, ni ubwato bwarohamye hafi y’umuhana wa Mbandaka, byavuzwe ko abantu baguye muriyo Mpanuka bagera kuri 47, naho abarenga ijana(100) baburiwe irengero.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Amakuru avuga ko bagikomeje gushakisha ko kandi n’uwari utwaye ubwo bwato nawe yaguye muriyo Mpanuka.

Impanuka zibera mu mazi zikomeje kuba ninshi muri Republika ya Demokarasi ya Congo, aho umubare w’izi Mpanuka umaze kugera k’umubare wa 88, ariko byose bigashinjwa banyiri mato ndetse n’ubuyobozi bwa leta ya Kinshasa, budaha icerekezo ubwikorezi bwo mu Nzuzi.

Nimugihe kandi mw’ijoro ryokuwa Gatanu rishira kuwa Gatandatu, tariki 14/10/2023, ubwato butwara abagenzi bwarohamye hafi naha Mbandaka. Amakuru yemezako abarenga 40 bapfuye ndetse n’abandi benshi baburirwa irengero.

Iyo Mpanuka ikaba yarabereye ku nkombe y’u Mujyi wa Mbandaka, aho ubwato bwitwa Mapomboli bukozwe mubiti bwerekezaga mu Mujyi wa Molomba.

Igihe bwakoze impanuka bwenda kuzika nico gihe bwamenye abantu ndetse n’ibicuruzwa bimeneka mu mazi. Ubu bwarakomeje bugeze ku nkombe yohakurya bwaje gukorwa bwongera kugaruka kugirango burebeko harabo bwoba bukiramiye gusa byaje kuba ibyubusa kuko hari abari bamaze gupfa.

Umwe mubarokotse iyo mpanuka wasazwe aho ubwato bwarohamiye yabwiye itangaza Makuru, ati: “Ubwato twarimo bwahagurutse buva ku kivuko ca Mbandaka, satatu za n’ijoro kuwa Gatanu bwerekeza Muri Centre ya Molomba.”

Yakomeje agira ati: “Abantu barenga ijana ndetse harimo n’ibintu by’ubucuruzi n’ibikoresho byokubaka kubijanye nagahunda ya Guverinoma, byose byarangiritse.”

Irohama ry’ubwo bwato Mapamboli, ryakomotse ku kwikorera ibirenze ibyo bwakabaye bwikorera mugihe umudereva w’ubwato yashakaga kuba yogerageza kuramira abantu nico gihe bwahise bumena abantu ndetse n’ibintu byinshi.

Sosiyete sivile ndetse n’imiryango itegamiye kuri leta, yaburiye abagenzi kuba maso kugira ngo baze birinda Impanuka.

Bruce Bahanda.

Tags: Impanuka y'ubwato ku nkombe y'ikiyaga i MbandakaYahitanye abantu 45
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

I Goma, Meya w'u Mujyi, yamaganye imyigaragambyo Wazalendo, bateguye kuzakora kuri uyu wa Gatatu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?