Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ubundi bwato bwongeye kurohama nyuma y’uko kuwa Gatandatu, hari abandi bantu ba barigwa 40 bapfiriye muriyo Mpanuka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 17, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umubare wa bantu baguye m’ubwato, kuri uyu wa Kabiri, tariki 17/10/2023, ni ubwato bwarohamye hafi y’umuhana wa Mbandaka, byavuzwe ko abantu baguye muriyo Mpanuka bagera kuri 47, naho abarenga ijana(100) baburiwe irengero.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Amakuru avuga ko bagikomeje gushakisha ko kandi n’uwari utwaye ubwo bwato nawe yaguye muriyo Mpanuka.

Impanuka zibera mu mazi zikomeje kuba ninshi muri Republika ya Demokarasi ya Congo, aho umubare w’izi Mpanuka umaze kugera k’umubare wa 88, ariko byose bigashinjwa banyiri mato ndetse n’ubuyobozi bwa leta ya Kinshasa, budaha icerekezo ubwikorezi bwo mu Nzuzi.

Nimugihe kandi mw’ijoro ryokuwa Gatanu rishira kuwa Gatandatu, tariki 14/10/2023, ubwato butwara abagenzi bwarohamye hafi naha Mbandaka. Amakuru yemezako abarenga 40 bapfuye ndetse n’abandi benshi baburirwa irengero.

Iyo Mpanuka ikaba yarabereye ku nkombe y’u Mujyi wa Mbandaka, aho ubwato bwitwa Mapomboli bukozwe mubiti bwerekezaga mu Mujyi wa Molomba.

Igihe bwakoze impanuka bwenda kuzika nico gihe bwamenye abantu ndetse n’ibicuruzwa bimeneka mu mazi. Ubu bwarakomeje bugeze ku nkombe yohakurya bwaje gukorwa bwongera kugaruka kugirango burebeko harabo bwoba bukiramiye gusa byaje kuba ibyubusa kuko hari abari bamaze gupfa.

Umwe mubarokotse iyo mpanuka wasazwe aho ubwato bwarohamiye yabwiye itangaza Makuru, ati: “Ubwato twarimo bwahagurutse buva ku kivuko ca Mbandaka, satatu za n’ijoro kuwa Gatanu bwerekeza Muri Centre ya Molomba.”

Yakomeje agira ati: “Abantu barenga ijana ndetse harimo n’ibintu by’ubucuruzi n’ibikoresho byokubaka kubijanye nagahunda ya Guverinoma, byose byarangiritse.”

Irohama ry’ubwo bwato Mapamboli, ryakomotse ku kwikorera ibirenze ibyo bwakabaye bwikorera mugihe umudereva w’ubwato yashakaga kuba yogerageza kuramira abantu nico gihe bwahise bumena abantu ndetse n’ibintu byinshi.

Sosiyete sivile ndetse n’imiryango itegamiye kuri leta, yaburiye abagenzi kuba maso kugira ngo baze birinda Impanuka.

Bruce Bahanda.

Tags: Impanuka y'ubwato ku nkombe y'ikiyaga i MbandakaYahitanye abantu 45
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

I Goma, Meya w'u Mujyi, yamaganye imyigaragambyo Wazalendo, bateguye kuzakora kuri uyu wa Gatatu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?