• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 30, 2025
in sport & entertainment
0
Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uburyo umukino wanyuma wa CHAN wagenze n’udushya twawuranze.

You might also like

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

Umukino wa nyuma wa CHAN 2024 wabereye kuri Moi International Sports Centre i Nairobi, tariki ya 30 zukwezi kwa munani 2025, wahuje ikipe ya Morocco na Madagascar. Ni umukino wari utegerejwe cyane kuko wari usoza irushanwa ryari ryaratangiye mu mukwa8 , ryakinwe mu bihugu bitatu byari byaryakiriye: Kenya, Tanzania na Uganda.

Morocco yatangiye umukino yotsa igitutu Madagascar, maze ku munota wa 18 itsinda igitego cya mbere. Madagascar ntiyacitse intege, yishyura mbere y’uko igice cya mbere kirangira. Igice cya kabiri cyagaragayemo uburyo bwinshi bwo guhererekanya umupira no kurwana ku ntsinzi, ariko Morocco yongeye kwerekana ubunararibonye bwayo itsinda ibindi bitego bibiri. Madagascar yabonye igitego cya kabiri mu minota ya nyuma, ariko ntibyabahaye amahirwe yo kugaruka. Umukino warangiye ari ibitego 3–2, bituma Morocco yegukana igikombe cya CHAN ku nshuro ya gatatu mu mateka yayo.

Irushanwa ryose ryagaragaje impano nshya z’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo, ndetse ryongera kugaragaza ko CHAN ari urubuga rw’ingenzi rwo kuzamura impano muri Afurika.

Udushya twaranze umukino
Kimwe mu bintu byavugishije benshi ni uko umuhanzi w’umuturanyi, Zuchu wo muri Tanzania, ubwo yatangiye kuririmbira abakunzi b’umupira mu birori byo gufungura umukino, abanyakenya batangiye kuririmba indirimbo y’igihugu cyabo bose icyarimwe, mu buryo bwo kumuvanga no kumuca intege. Byagaragaje uburyo abafana bari bafite amarangamutima akomeye kandi bifuzaga ko uyu munsi w’amateka usiga igisigisigi mu mitima yabo.

Tags: Chan2025
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

by Bruce Bahanda
August 30, 2025
0
Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze.

Aho transfer ya Liverpool na Isak igeze. Liverpool iri mu biganiro bya nyuma kugira ngo isinyishe rutahizamu w’Umunyasuwede Alexander Isak ukinira Newcastle United, mu masezerano ashobora kuba manini...

Read moreDetails

The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

by Bruce Bahanda
August 29, 2025
0
The Ben mu rugendo rudasanzwe rwo kuzenguruka u Burayi.

The Ben mu rugendo rwokuzenguruka u Burayi. Umuhanzi w’Umunyarwanda The Ben, wamamaye mu ndirimbo z’urukundo n’izihuza abakunzi b’umuziki w’iwacu n’uw’isi yose, yatangaje gahunda y’urugendo rw’ibitaramo mu burayi mu...

Read moreDetails

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

by Bruce Bahanda
August 27, 2025
0
Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe. Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’umunye-Congo, Yoane Wissa, arifuza kwimukira mu ikipe nshya nyuma y’imyaka myinshi akina muri Brentford. Wissa, wavukiye...

Read moreDetails

Kenny G agiye gususurutsa ab’i- Nairobi mu gitaramo cya Jazz cy’akataraboneka.

by Bruce Bahanda
August 26, 2025
0
Kenny G agiye gususurutsa ab’i- Nairobi mu gitaramo cya Jazz cy’akataraboneka.

Kenny G agiye gususurutsa ab'i- Nairobi mu gitaramo cya Jazz cy’akataraboneka. Umuhanzi w’icyamamare ku rwego rw’isi mu njyana ya Jazz, Kenny G, agiye kuza mu gihugu cya Kenya...

Read moreDetails

Umunya Senegal Iliman Ndiaye yatangiye kwandika amateka mu Bwongereza.

by Bruce Bahanda
August 26, 2025
0
Umunya Senegal Iliman Ndiaye yatangiye kwandika amateka mu Bwongereza.

Umunya Senegal Iliman Ndiaye yatangiye kwandika amateka mu Bwongereza. Iliman Ndiaye, rutahizamu w’umunyasenegal, yongeye kwandika amateka mu mupira w’amaguru yo ku mugabane w’u Burayi, ubwo yatsindaga igitego cya...

Read moreDetails
Next Post
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?