• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ubutegetsi bwa Gen Abdourahmane Tchiani, uheruka guhirika perezida Mohamed Bazoum, yihimuye ku Bufaransa bwahagaritse inkunga bahaga iki gihgugu.

minebwenews by minebwenews
July 31, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihugu ca Niger cyatunze urutoki u Bufaransa bwahagaritse inkunga bahaga ico gihgugu.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 31/07/2023, saa 10:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Leta ya Niger, yihimuye ku gihugu c’u Bufaransa, nyuma y’uko iki gihgugu c’u Bufaransa gifashe icyemezo cyoguhagarika inkunga yose bahaga iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afrika.

Guverinoma ya perezida Emmanuel Macron, yahagaritse inkunga yahaga Niger, nimugihe u Bufaransa bushinja igisirikare cya Niger gukubita Coup d’État. Ni Coup d’etat yakubiswe kuruyu wa Gatanu w’i cyumweru gishize yasize Perezida Mohamed Bazoum wari uyoboye iki gihugu ahiritswe ku butegetsi n’abasirikare bo mu mutwe wari ushinzwe kumurinda.

Igihugu c’u Bufaransa, kiri mu bihugu byarahiye ko bitazigera na rimwe byemera ubutegetsi busha bwa Niger buyobowe na Général Abdourahmane Tchiani.

U bufasha bwahabwaga igihugu ca Niger harimo n’umutekano ndetse n’inkunga ijanye namafaranga yafashaga iki gihgugu kwiteza imbere.

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa, mu itangazo bashize ahagaragara ryavuga ko buriya bufasha bwahise buhagarikwa, mbere yo gusaba abahiritse ubutegetsi kureka Perezida Bazoum agasubira mu nshingano zo kuyobora igihugu.

Niger mu buryo bwo kwihorera na yo ku Cyumweru yahise ihagarika zahabu na Uranium byaturukaga muri iki gihugu bijya mu Bufaransa.

Iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afrika kiri mu bikungahaye ku Isi kuri Uranium, kuko kiza ku mwanya wa karindwi mu bifite nyinshi.

U Bufaransa ni bwo bwungukiragamo cyane kuri Uranium ya Niger, bivugwa ko amashanyarazi u Bufaransa busanzwe bukoresha buyakomora kuri Uranium yo muri Niger.

Abanya-Niger ku rundi ruhande ntibumva buryo ki babayeho nk’abacakara, nyamara igihugu cyabo gikungahaye ku mutungo kamere.

Nko muri Niger hose abaturage bafite umuriro w’amashanyarazi bangana na 18%, ndetse abenshi mu batuye kiriya gihugu babayeho mu bukene bukabije.

Ku Cyumweru ubwo i Niamey habaga imyigaragambyo yo gushyigikira ubutegetsi bushya, umwe mu bigaragambya yabwiye itangaza makuru rya CNN ko “bafite Uranium, diyama, zahabu n’igitoro nyamara tubayeho nk’abacakara.”

Uyu we ati: “Ntidushaka ko Abafaransa bakomeza kudufata bugwate, Kandi twifitiye ubutunzi Imana yaduhaye.”

Tags: BihimuyeUbufaransaUbutegetsi muri Niger
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abanyamulenge na Wazalendo muri Nyangenzi ntibavuga rumwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?