• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Kinshasa buratumiza abandi bacanshuro mugihe abari Goma bari gukizwa n’amaguru bahunga uwo Mujyi.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2024
in Regional Politics
1
Ubutegetsi bwa Kinshasa buratumiza abandi bacanshuro mugihe abari Goma bari gukizwa n’amaguru bahunga uwo Mujyi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo iri gutumiza abandi bacansuro bo mu mutwe wa Blackwater.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ni ukuva mu mpera z’u mwaka ushize, ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bwagize igitekerezo cyo kwiyambaza aba, bandi bacancuro bo mu mutwe wa Blackwater. Ndetse ngo byari byitezwe ko aba barirwa mu 250 bagomba kuba baramaze kugera ku butaka bwo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Kugeza ubu bariya bacancuro bari batarahagera, nk’uko iy’inkuru ivugwa n’abamwe mu bategetsi ba RDC.

Kimweho, aba bacanshuro biyambajwe mugihe n’ubundi ubutegetsi bwa Kinshasa bwahoraga bukoresha abandi bacanshuro bo mu mutwe witwa RALF washinzwe na Haratiu Potra, mu gihugu cya Romania.

Mu minsi ishize leta ya Romania yashize itangazo hanze, rivuga ko baburiye abacanshuro babo, babiri muntambara iri mu Burasirazuba bwa RDC. Bakaba baraguye mu mirwano yabereye i Sake, mu kwezi gushize.

Kurundi ruhande hatanzwe amakuru ko abacanshuro bari guhunga bava mu Mujyi wa Goma, nyuma y’uko ingabo za M23 bivuzwe ko zisatira kwinjira muri uwo Mujyi. Ay’amakuru avuga ko ingabo za General Sultan Makenga kozaba zimaze kugera mu gace kitwa Keshero kari mu ntera y’ibirometre nka 15 n’uwo Mujyi.

Ni mugihe kandi bivugwa ko M23 y’aba ikomeza kwerekeza n’u muhanda wa Minova, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Imirwano ikarishye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, yaherukaga kubera mu nkengero za centre ya Sake no mu bindi bice byo muri teritware ya Nyiragongo, harimo ko mu mpera z’uku kwezi gushize, uyu mutwe wa M23 wigaruriye ibice byinshi byo murizo teritware tuvuze haruguru.

            MCN.
Tags: AbacanshuroBari guhungaBlackwaterMinovaRomaniaUmujyi wa Goma
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wa Fardc mukuru uregwa icyaha cyo guhamba abantu ari bazima mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yakatiwe urwo gupfa.

Umusirikare wa Fardc mukuru uregwa icyaha cyo guhamba abantu ari bazima mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, yakatiwe urwo gupfa.

Comments 1

  1. Butoto Bernard says:
    2 years ago

    Nibakomeze bahunge nubundi nta mpavu barwanira uretse inyungu z’abayobozi b’ibihugu byabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?