• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Kinshasa buratumiza abandi bacanshuro mugihe abari Goma bari gukizwa n’amaguru bahunga uwo Mujyi.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2024
in Regional Politics
1
Ubutegetsi bwa Kinshasa buratumiza abandi bacanshuro mugihe abari Goma bari gukizwa n’amaguru bahunga uwo Mujyi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo iri gutumiza abandi bacansuro bo mu mutwe wa Blackwater.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Ni ukuva mu mpera z’u mwaka ushize, ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bwagize igitekerezo cyo kwiyambaza aba, bandi bacancuro bo mu mutwe wa Blackwater. Ndetse ngo byari byitezwe ko aba barirwa mu 250 bagomba kuba baramaze kugera ku butaka bwo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Kugeza ubu bariya bacancuro bari batarahagera, nk’uko iy’inkuru ivugwa n’abamwe mu bategetsi ba RDC.

Kimweho, aba bacanshuro biyambajwe mugihe n’ubundi ubutegetsi bwa Kinshasa bwahoraga bukoresha abandi bacanshuro bo mu mutwe witwa RALF washinzwe na Haratiu Potra, mu gihugu cya Romania.

Mu minsi ishize leta ya Romania yashize itangazo hanze, rivuga ko baburiye abacanshuro babo, babiri muntambara iri mu Burasirazuba bwa RDC. Bakaba baraguye mu mirwano yabereye i Sake, mu kwezi gushize.

Kurundi ruhande hatanzwe amakuru ko abacanshuro bari guhunga bava mu Mujyi wa Goma, nyuma y’uko ingabo za M23 bivuzwe ko zisatira kwinjira muri uwo Mujyi. Ay’amakuru avuga ko ingabo za General Sultan Makenga kozaba zimaze kugera mu gace kitwa Keshero kari mu ntera y’ibirometre nka 15 n’uwo Mujyi.

Ni mugihe kandi bivugwa ko M23 y’aba ikomeza kwerekeza n’u muhanda wa Minova, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Imirwano ikarishye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, yaherukaga kubera mu nkengero za centre ya Sake no mu bindi bice byo muri teritware ya Nyiragongo, harimo ko mu mpera z’uku kwezi gushize, uyu mutwe wa M23 wigaruriye ibice byinshi byo murizo teritware tuvuze haruguru.

            MCN.
Tags: AbacanshuroBari guhungaBlackwaterMinovaRomaniaUmujyi wa Goma
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wa Fardc mukuru uregwa icyaha cyo guhamba abantu ari bazima mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yakatiwe urwo gupfa.

Umusirikare wa Fardc mukuru uregwa icyaha cyo guhamba abantu ari bazima mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, yakatiwe urwo gupfa.

Comments 1

  1. Butoto Bernard says:
    2 years ago

    Nibakomeze bahunge nubundi nta mpavu barwanira uretse inyungu z’abayobozi b’ibihugu byabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?