Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa maganye umutwe wavutse ugamije gushiraho iherezo leta ya Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 16, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwa maganye igikorwa cyabere Kenya kuri uyu wa Gatanu, tariki 15/12/2023, kiyoboye na Corneille Nangaa na Berterand Bisimwa, wa M23.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Leta ya Kinshasa, yamaganye y’ivuye inyuma umutwe wa politike ufite n’Igisirikare, ariwo “Alliance Fleuve Congo,” ugamije kuvanaho Ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Guverinoma ya Kinshasa, yamaganye uriya mutwe ugamije kuyirwanya muri irijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatandatu, tariki 16/12/2023. Kinshasa, ibinyujije, muri Patrick Muyaya, u muvugizi wayo akaba na Minisitiri w’itumanaho muri RDC.

Yagize ati: “Birababaje kubona i Gihugu cya Repubulika ya Kenya giha icyicaro, Corneille Nangaa, urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu gihe twari munzira yo gushakirahamwe umutekano wa karere dufatikanye n’igihugu cya Kenya , ntibyari bikwiye ko bemera kiriya cyicaro.”

Muyaya, yakomeje avuga ati: “Guverinoma ya RDC, igiye gufata Ingamba nshyasha kandi zihuse mu maguru mashya kuriki kibazo cyavutse.”

K’uwa Gatanu, w’ejo hashize, n’ibwo Nanagaa, yatangaje ko yamaze gushinga umutwe wa politike ugamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa. Ni umutwe ufite izina rya”Alliance Fleuve Congo,” nk’uko byatangajwe na Nangaa, yavuze ko uyu mutwe uhuriweho n’imitwe icumi nirindwi (17).

Harimo M23 ya Gen Sultan Makenga n’indi mitwe myinshi izwi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nka PARECO ndetse n’Abaturage b’Irwanaho udasize na za Mutualite, nk’uko byatangajwe na Nangaa.

Bruce Bahanda.

Tags: BwamagangeKenyaPatrick MuyayaUbutegetsi bwa KinshasaUgamije gushiraho iherezo leta ya KinshasaUmutwe wa vutse
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Repubulika ya Uganda, yakuriye ho visa abanyekongo bashaka gukora ingendo mu gihugu cyabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?