Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa nomye aba General ba biri bahagararira Umutekano w’amatora naho abarwanya Kinshasa, batangaje impinduka ku gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 21, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, bwa nomye aba General ba biri mu Gisirikare cy’i gihugu kuba aribo bagenzura Umutekano w’amatora.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni Major General Frank Ntumba, wari usanzwe akuriye ingabo zirinda ingoro y’umukuru w’igihugu, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Major Gen Christian Ndaywel, nawe wari usanzwe akuriye ishamyi ry’ubutasi mu Gisirikare cya RDC.

Aba basirikare bakuru akaba aribo bahawe guhagararira ibikorwa byose bijanye n’umutekano w’amatora, yatangiye kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023. Amatora bivugwa ko azamara iminsi itatu n’ubwo abatavuga rumwe n’ubutegetsi ba komeje kubinenga.

Harandi makuru avugako gutangaza uzaba watsinze amatora bishobora kuzaba tariki 30/12/2023. Kimweho umwe mu barwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, uwahoze akuriye ingabo za RDC, Gen John Numbi, ku mugoroba wo k’uwa Gatatu, tariki 20/12/2023, yanditse akoresheje Urubuga rwa X, atangaza ko amasaha ari bukurikireho araba arayamahano kuri Tshisekedi ushaka Manda ya Kabiri.

Yagize ati: “Isaha zikurikiraho ziraba ari amahano kuri Fashi n’inshuti ze.”

Tubibutsa ko Corneille Nangaa, wahoze akuriye komisiyo ishinzwe gutegura amatora( CENI ), muri RDC, mu matora yo mu mwaka w’ 2018, nawe yatangaje ko i shyaka rye rya AFC, ko ryahaye umunsi ntarengwa woku wa Kane, tariki 21/12/2023, perezida Félix Tshisekedi, kuva k’ubutegetsi bitaba ibyo Tshisekedi inzira ikazamubana ngufi.

Yagize ati: “Turamubwira ko igihe cyamushiranye nagende inzira zikigendwa. Turizeza abanyekongo ko tariki 21/12/2023, ubutegetsi bubi buba bwamaze kuzinga utwabo.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abarwanya Kinshasa bo batangaje impinduka ku gihuguBarinda Umutekano w'amatoraBwa nomye aba General ba biriUbutegetsi bwa Kinshasa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Umvugizi w'ungirije w'u Rwanda, yagarutse ku biheruka gutangazwa na Tshisekedi ko "azarasa i Kigali, Perezida Paul Kagame, akarara kure y'urugo rwe mu ishyamba."

Comments 1

  1. Felix says:
    2 years ago

    Reka turebe ibikurikira kubijanye na matora muri DRC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?