Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa tangije ko bwa hagaritse imyigaragambyari kuzaba ejo yari yateguwe n’abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwa tangaje ko bwa hagaritse imyigaragambyo yariteganijwe kuba ejo tariki ya 27/12/2023, yateguwe n’abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’imyigaragambyo yateguwe n’abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege, aho bashinja Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora CENI, muri RDC ko yabibye amajwi ko kandi Amatora yo kw’i tariki 20/12/2023, yateguwe muburyo bwa magendu.

Dr Denis Mukwege, aheruka gutangaza ko we, atiteze ibiri gutangazwa na CENI.

Ati: “Ibyo CENI, irimo gutangaza n’ibihimbano! Ntabwo nzemera narimwe ibivamo, kuko bo, basohoza ibyo bapanze kera ngo banime amajwi.”

Ibi ninabyo Martin Fayulu, akomeje kuvuga, arinabyo bya tumye bahamagarira abanyekongo kuzabitaba kugira bamagane ubutegetsi bw’igitugu, na Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora.

Minisitiri w’u mutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Peter Kazadi, kuri uyu wa Kabiri, tariki 26/12/2023, yabwiye itangaza Makuru, i Kinshasa, ko leta ye, idashaka iriya myigaragabyo, ko kandi bayibujije, ngo k’umpamvu zo kurinda umutekano wa baturage.

Ati: “Imyigaragambyo ishobora guhungabanya byinshi harimo no kuburiza uburyo Amatora. Amatora yatangajwe nayagateganyo ubworero bo rindira bakazatangaza uwatsinze nyuma.”

Gusa mu bimaze gutangazwa perezida Félix Tshisekedi, akomeje kuza kwisonga, n’ubwo i Shyaka rya Ensemble pour La République, rya maze kwemeza Moïse Katumbi, ko ariwe watsinze Amatora ko ahubwo CENI, ishaka ku mwiba intsinzi.

Uhagarariye i Shyaka rya Ensemble pour La République, yahamagariye abaturage guhaguruka ba karwanirira intsinzi yabo kugira itibwa.

Bruce Bahanda.

Tags: Peter KazadiUbutegetsi bwa Kinshasa bwa hagaritse imyigaragambyoYari yateguwe n'abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

I Kalehe, umzalendo, yishwe atwitswe n'Insoresore zituriye Santire ya Bulambika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?