Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwa tangije ko bwa hagaritse imyigaragambyari kuzaba ejo yari yateguwe n’abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwa tangaje ko bwa hagaritse imyigaragambyo yariteganijwe kuba ejo tariki ya 27/12/2023, yateguwe n’abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

N’imyigaragambyo yateguwe n’abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege, aho bashinja Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora CENI, muri RDC ko yabibye amajwi ko kandi Amatora yo kw’i tariki 20/12/2023, yateguwe muburyo bwa magendu.

Dr Denis Mukwege, aheruka gutangaza ko we, atiteze ibiri gutangazwa na CENI.

Ati: “Ibyo CENI, irimo gutangaza n’ibihimbano! Ntabwo nzemera narimwe ibivamo, kuko bo, basohoza ibyo bapanze kera ngo banime amajwi.”

Ibi ninabyo Martin Fayulu, akomeje kuvuga, arinabyo bya tumye bahamagarira abanyekongo kuzabitaba kugira bamagane ubutegetsi bw’igitugu, na Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora.

Minisitiri w’u mutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Peter Kazadi, kuri uyu wa Kabiri, tariki 26/12/2023, yabwiye itangaza Makuru, i Kinshasa, ko leta ye, idashaka iriya myigaragabyo, ko kandi bayibujije, ngo k’umpamvu zo kurinda umutekano wa baturage.

Ati: “Imyigaragambyo ishobora guhungabanya byinshi harimo no kuburiza uburyo Amatora. Amatora yatangajwe nayagateganyo ubworero bo rindira bakazatangaza uwatsinze nyuma.”

Gusa mu bimaze gutangazwa perezida Félix Tshisekedi, akomeje kuza kwisonga, n’ubwo i Shyaka rya Ensemble pour La République, rya maze kwemeza Moïse Katumbi, ko ariwe watsinze Amatora ko ahubwo CENI, ishaka ku mwiba intsinzi.

Uhagarariye i Shyaka rya Ensemble pour La République, yahamagariye abaturage guhaguruka ba karwanirira intsinzi yabo kugira itibwa.

Bruce Bahanda.

Tags: Peter KazadiUbutegetsi bwa Kinshasa bwa hagaritse imyigaragambyoYari yateguwe n'abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

I Kalehe, umzalendo, yishwe atwitswe n'Insoresore zituriye Santire ya Bulambika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?