• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ubutegetsi bwa Republika ya Demokarasi ya Congo (RDC), bwongeye gutangaza ko butazigera bushikirana n’u mutwe wa M23.

minebwenews by minebwenews
October 26, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) bwongeye gutangaza ko batiteguye gushikirana n’iy’u Rwanda muri iki gihe kuko ngo ingabo zarwo n’umutwe witwaje imbunda wa M23 biri mu gihugu cyabo mu buryo butemewe n’amategeko.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Ibi byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Christophe Lutundula, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu 23/10/ 2023, ari kumwe na Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru akaba n’Umuvugizi wa guverinoma, Patrick Muyaya.

Lutundula yari asabwe kuvuga kuri Perezida wa Angola, João Lourenço, mu mpera z’icyumweru gishize wavuze ko kunga RDC n’u Rwanda bisa n’ibyananiranye bitewe no kuba M23 igifite ubutaka igenzura, ikanarwana. Icyo gihe yagiriraga uruzinduko muri Kenya.

Ku byavuzwe na Lourenço, Lutundula yabwiye abanyamakuru ko koko ibiganiro bitashoboka kuko ngo u Rwanda rufite ingabo ku butaka bw’igihugu cyabo, zifatanya na M23 kugenzura ibice byabwo.

Yagize ati: “Niba ibiganiro n’u Rwanda byifuzwa, birasobanutse ko u Rwanda rugomba kuva ku butaka bwa Congo, rugahagarika ubushotoranyi kandi rukarekera gufasha abaterabwoba ba M23 bamaganwa n’amasezerano ya Afrika yunze ubumwe yo gukumira no kurwanya iterabwoba.”

Lutundula yakomeje ati: “Niba ibiganiro ku mpande zombi bitekerezwaho, ni ngombwa ko twumva ko ubutaka butazahinduka. Congo si igihugu gitangwa, kirafunguye ariko ntigitangwa. Bityo rero muri ibi bihe, nta muyobozi wo muri Congo uteganya gushikirana nabo.”

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC yasubiyemo ijambo Perezida Félix Tshisekedi yavugiye mu nteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye, ko nta n’ibiganiro bizabaho hagati ya Leta yabo na M23 kuko ngo uyu mutwe witwaje imbunda wakabaye urekura ibice wafashe, ukarambika imbunda.

Uyu muyobozi avuze ko nta biganiro RDC iteganya kugirana n’u Rwanda muri iki gihe nyuma y’aho Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa UN mu karere k’ibiyaga bigari, Huang Xia, tariki ya 17/10/2023 yatangarije akanama gashinzwe umutekano kw’Isi ko ibi bihugu bitaganiriye, bishobora kuzarwana intambara yeruye.

Xia yagize ati: “Muri Masisi na Rutshuru twabonye imirwano yubura. Ibyago by’imirwano yeruye hagati y’u Rwanda na RDC bikomeza gushinjanya gufasha imitwe yitwaje imbunda, M23 ku ruhande rumwe na FDLR ku rundi, birahari. Ukongera ingabo, nta biganiro byo ku rwego hejuru bitaziguye bibaho, ndetse n’imvugo z’urwango ziyongera ni ibimenyetso bihangayikishije tudakwiye kwirengagiza.”

RDC ishinja u Rwanda gufasha M23 no kwinjira k’u butaka bwayo, rukabihakana, ahubwo na rwo rufashinja RDC gufasha umutwe witwaje imbunda wa FDLR n’indi mitwe iwushamikiyeho, rukagaragaza ko guhabwa ubushobozi bwayo ari ikibazo ku mutekano warwo, by’umwihariko ku bice byegereye Umupaka uhuza u Rwanda na Congo.

By Bruce Bahanda.

Tags: Bwongeye gutangaza ko leta yabo itazigera ishikirana n'umutwe wa M23Ubutegetsi bwa Republika ya Demokarasi ya Congo (RDC)
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Alexis Tambwe Mwamba, ngo abavuga k'ubwenegihugu bwa Moïse Katumbi, ngo kwaba ari ukwigiza nkana, naho L'ONI yafatiye ibihano Abayobozi babiri bo mu mutwe wa M23 na FDLR.

Comments 1

  1. Nzayiramya Fidèle says:
    2 years ago

    Babyita kwinangira🙆

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?