• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 2, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwa maganye leta ya Pologne, ku masezerano bagiranye n’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
February 9, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwa maganye leta ya Pologne, ku masezerano bagiranye n’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Repubulika ya demokarasi ya Congo, nti yishimiye na gato, amasezerano mu bya gisirikare u Rwanda rwagiranye n’i gihugu cya Pologne.

You might also like

Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

U butegetsi bwa perezida Félix Antoine Tshilombo Tshisekedi, bwa maganye leta ya Pologne, nyuma yuko umukuru w’iki gihugu cya Pologne Duda Andrzej, agiriye uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda.

Nk’uko bya vuzwe n’uko uruzinduko rwa perezida Duda Andrzej, yagiriye mu Rwanda, rwasize habaye amasezerano adasanzwe hagati y’u Rwanda na Pologne, ni mugihe habaye ibiganiro hagati ya perezida Duda Andrzej na mugenzi we, Paul Kagame w’u Rwanda.

Ibiganiro byabo byabayemo amasezerano mu nzego z’itandukanye harimo n’iza gisirikare, ubucuruzi, ubufutanye mu by’u bukungu, ikorana buhanga, n’ibindi n’ibindi.

Nyuma y’ibiganiro bya perezida Duda Andrzej na Paul Kagame w’u Rwanda, haje kuba ikiganiro kibahuza n’itangaza makuru, ubwo hari tariki ya 07/02/2024.

Muri iki kiganiro perezida wa Pologne, yavuze ko igihugu cye, cyiteguye guha u Rwanda ‘ubufasha bwo kwirinda mu gihe rwaba rugabweho ibitero.’

Ibirero n’ibyo Guverinoma ya Kinshasa ya maganye yivuye inyuma. Minisitiri w’u banye n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, y’ikomye u butegetsi bwa Pologne, avuga ko “amasezerano perezida wa Pologne yasinyanye n’u Rwanda, agamije gushira Abanyekongo mu cyunamo.”

Minisitiri Lutundula, mu nyandiko yashize hanze nk’uko bya tangajwe n’ikinyamakuru cya ACP, ki vuga ko ba bonye inyandiko za minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, zamagana icyo yise “imyitwarire y’indimi z’ibiri,” z’igihugu cya Pologne mu nteko rusange y’u muryango w’Abibumbye, y’amaganye u Rwanda ku bwo gutera RDC.

Bagize bati: “Mu bigaragara umuntu yahamya ko Pologne yifatanije n’u Rwanda mu gitero cyarwo kuri Repubulika ya demokarasi ya Congo, igihugu abasirikare bacyo bakorera ubwicanyi muri RDC ntiba bibazwe.”

Lutundula yasoje avuga ko mu rwego rwo guhangana n’i “myitwarire idasobanutse ya Pologne,” RDC, ifite uburenganzira bwo kugira isomo ibikuramo.

Bruce Bahanda.

Tags: AmasezeranoBamaganyePologneUbutegetsi bwa RDCYagiranye n'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ateganya urugendo i Paris mu Bufaransa...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari umugambi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru mpuzamahanga The Wall Street Journal agaragaza uko dipolomasi yo ku rwego rwo...

Read moreDetails

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini cya Dipolomasi mu Karere Igihe, bisabwe ku buryo bweruye na Perezida wa Angola, João Lourenço, Guverinoma ya Repubulika...

Read moreDetails

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika Mu mateka y’umugabane wa Afurika hagaragaye abantu bagize...

Read moreDetails
Next Post
Monusco irashinjwa gushirisha Wazalendo mu kaga mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Monusco irashinjwa gushirisha Wazalendo mu kaga mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?