• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwa maganye leta ya Pologne, ku masezerano bagiranye n’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
February 9, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwa maganye leta ya Pologne, ku masezerano bagiranye n’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Repubulika ya demokarasi ya Congo, nti yishimiye na gato, amasezerano mu bya gisirikare u Rwanda rwagiranye n’i gihugu cya Pologne.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

U butegetsi bwa perezida Félix Antoine Tshilombo Tshisekedi, bwa maganye leta ya Pologne, nyuma yuko umukuru w’iki gihugu cya Pologne Duda Andrzej, agiriye uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda.

Nk’uko bya vuzwe n’uko uruzinduko rwa perezida Duda Andrzej, yagiriye mu Rwanda, rwasize habaye amasezerano adasanzwe hagati y’u Rwanda na Pologne, ni mugihe habaye ibiganiro hagati ya perezida Duda Andrzej na mugenzi we, Paul Kagame w’u Rwanda.

Ibiganiro byabo byabayemo amasezerano mu nzego z’itandukanye harimo n’iza gisirikare, ubucuruzi, ubufutanye mu by’u bukungu, ikorana buhanga, n’ibindi n’ibindi.

Nyuma y’ibiganiro bya perezida Duda Andrzej na Paul Kagame w’u Rwanda, haje kuba ikiganiro kibahuza n’itangaza makuru, ubwo hari tariki ya 07/02/2024.

Muri iki kiganiro perezida wa Pologne, yavuze ko igihugu cye, cyiteguye guha u Rwanda ‘ubufasha bwo kwirinda mu gihe rwaba rugabweho ibitero.’

Ibirero n’ibyo Guverinoma ya Kinshasa ya maganye yivuye inyuma. Minisitiri w’u banye n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, y’ikomye u butegetsi bwa Pologne, avuga ko “amasezerano perezida wa Pologne yasinyanye n’u Rwanda, agamije gushira Abanyekongo mu cyunamo.”

Minisitiri Lutundula, mu nyandiko yashize hanze nk’uko bya tangajwe n’ikinyamakuru cya ACP, ki vuga ko ba bonye inyandiko za minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, zamagana icyo yise “imyitwarire y’indimi z’ibiri,” z’igihugu cya Pologne mu nteko rusange y’u muryango w’Abibumbye, y’amaganye u Rwanda ku bwo gutera RDC.

Bagize bati: “Mu bigaragara umuntu yahamya ko Pologne yifatanije n’u Rwanda mu gitero cyarwo kuri Repubulika ya demokarasi ya Congo, igihugu abasirikare bacyo bakorera ubwicanyi muri RDC ntiba bibazwe.”

Lutundula yasoje avuga ko mu rwego rwo guhangana n’i “myitwarire idasobanutse ya Pologne,” RDC, ifite uburenganzira bwo kugira isomo ibikuramo.

Bruce Bahanda.

Tags: AmasezeranoBamaganyePologneUbutegetsi bwa RDCYagiranye n'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Monusco irashinjwa gushirisha Wazalendo mu kaga mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Monusco irashinjwa gushirisha Wazalendo mu kaga mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?