Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi(CNDD FDD), rirashinjwa gusahura ibikoresho byo mu kigo Maison shalom.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 27, 2024
in Regional Politics
0
Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi(CNDD FDD), rirashinjwa gusahura ibikoresho byo mu kigo Maison shalom.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa CNDD FDD burashinjwa gusahura ibikoresho byo mu kigo Maison shalom.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe na Marguerite Barankitse, aho yatangaje avuga ko ababajwe n’uko abayobozi bi Shyaka riri k’ubutegetsi mu Burundi basahuye ibikoresho bakoreshaga mu kigo abereye umuyobozi cya Maison shalom.

Marguerite Barankitse avuga ko kandi ikigo cye cyakora ngo giharanire ineza y’abana b’u Burundi.

Ibi yabitangaje mu gihe mu Burundi uku kwezi kwa Gatatu kwa hariwe abagore, ni nyuma y’uko ku itariki ya 08/ ya buri kwezi kwa Gatatu hakorwa umunsi mpuzamahanga w’umugore ku Isi.

Marguerite Barankitse yagize ati: “Ibikoresho byacu barabitwaye , kandi tuzi neza ko byajajwe i Karuzi mu Bitaro byitwa ‘cinquantenaire.”

“Sinunva uburyo botwaka ibikoresho byacu twiguriye! Niba ari leta kuki batagura ibyabo?”

Uyu muyobozi mukuru wa Maison shalom avuga kandi ko ibikoresha byabo batwaye ari byo byagiye gutangira ibitaro leta y’u batse i Karuzi ko kandi n’abo aribyo bahora bakoresha mu bitaro bya Rema.

Avuga kandi ko batatwaye ibikoresho gusa ngo kuko batwaye n’amafaranga basanze mu bubiko bwa Rema.

Muri ayo mafaranga amwe ngo yari yashizwe mu bubiko kugira ahembe abakozi ngo hakaba hari n’andi yari yinjiye avuye mu batera nkunga.

Marguerite Barankitse yasobanuye ko ariya mafaranga ubutegetsi bwa perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye bwayambuye ikigo cye mu rwego rwo kumushinja ko yigeze gutanga ubufasha ku bantu barwanyije manda ya Gatatu ya nyakwigendera Peter Nkurunziza mu mwaka w’2015.

Mu busanzwe ikigo Maison shalom gisanzwe gikora ibikorwa byo gufasha abana b’imfubyi, abana bafite ababyeyi bishwe na Sida, abana ba mayibobo ndetse n’abana bafite ibindi bibazo bitandukanye.

Ahagana mu mwaka w’ 2015 n’ibwo Marguerite Barankitse yahunze mu gihugu cy’u Burundi ariko akomeza kuyobora ikigo Maison shalom.

                MCN
Tags: CNDD FDDIkigoMaison shalomMarguerite Barankitse
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Urebye neza ubutumwa umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yageneye perezida mushya wa Senegal Diomoyo Faye, burimo icyigwa ku kumenya gushimira.

Urebye neza ubutumwa umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, yageneye perezida mushya wa Senegal Diomoyo Faye, burimo icyigwa ku kumenya gushimira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?