• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi(CNDD FDD), rirashinjwa gusahura ibikoresho byo mu kigo Maison shalom.

minebwenews by minebwenews
March 27, 2024
in Regional Politics
0
Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi(CNDD FDD), rirashinjwa gusahura ibikoresho byo mu kigo Maison shalom.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa CNDD FDD burashinjwa gusahura ibikoresho byo mu kigo Maison shalom.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byatangajwe na Marguerite Barankitse, aho yatangaje avuga ko ababajwe n’uko abayobozi bi Shyaka riri k’ubutegetsi mu Burundi basahuye ibikoresho bakoreshaga mu kigo abereye umuyobozi cya Maison shalom.

Marguerite Barankitse avuga ko kandi ikigo cye cyakora ngo giharanire ineza y’abana b’u Burundi.

Ibi yabitangaje mu gihe mu Burundi uku kwezi kwa Gatatu kwa hariwe abagore, ni nyuma y’uko ku itariki ya 08/ ya buri kwezi kwa Gatatu hakorwa umunsi mpuzamahanga w’umugore ku Isi.

Marguerite Barankitse yagize ati: “Ibikoresho byacu barabitwaye , kandi tuzi neza ko byajajwe i Karuzi mu Bitaro byitwa ‘cinquantenaire.”

“Sinunva uburyo botwaka ibikoresho byacu twiguriye! Niba ari leta kuki batagura ibyabo?”

Uyu muyobozi mukuru wa Maison shalom avuga kandi ko ibikoresha byabo batwaye ari byo byagiye gutangira ibitaro leta y’u batse i Karuzi ko kandi n’abo aribyo bahora bakoresha mu bitaro bya Rema.

Avuga kandi ko batatwaye ibikoresho gusa ngo kuko batwaye n’amafaranga basanze mu bubiko bwa Rema.

Muri ayo mafaranga amwe ngo yari yashizwe mu bubiko kugira ahembe abakozi ngo hakaba hari n’andi yari yinjiye avuye mu batera nkunga.

Marguerite Barankitse yasobanuye ko ariya mafaranga ubutegetsi bwa perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye bwayambuye ikigo cye mu rwego rwo kumushinja ko yigeze gutanga ubufasha ku bantu barwanyije manda ya Gatatu ya nyakwigendera Peter Nkurunziza mu mwaka w’2015.

Mu busanzwe ikigo Maison shalom gisanzwe gikora ibikorwa byo gufasha abana b’imfubyi, abana bafite ababyeyi bishwe na Sida, abana ba mayibobo ndetse n’abana bafite ibindi bibazo bitandukanye.

Ahagana mu mwaka w’ 2015 n’ibwo Marguerite Barankitse yahunze mu gihugu cy’u Burundi ariko akomeza kuyobora ikigo Maison shalom.

                MCN
Tags: CNDD FDDIkigoMaison shalomMarguerite Barankitse
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Urebye neza ubutumwa umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yageneye perezida mushya wa Senegal Diomoyo Faye, burimo icyigwa ku kumenya gushimira.

Urebye neza ubutumwa umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, yageneye perezida mushya wa Senegal Diomoyo Faye, burimo icyigwa ku kumenya gushimira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?