• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ubuyobozi bubi bwa RDC bwatumye ikena kandi yari ifite ubutunzi bukaze ku isi. Ibirambuye.

minebwenews by minebwenews
August 4, 2025
in Conflict & Security
0
Ubuyobozi bubi bwa RDC bwatumye ikena kandi yari ifite ubutunzi bukaze ku isi. Ibirambuye.
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bubi bwa RDC bwatumye ikena kandi yari ifite ubutunzi bukaze ku isi. Ibirambuye.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Ibice bibonetsemo ibirombe by’amabuye y’agaciro ababituriye ubuzima bwabo buhinduka mu kanya gato, ariko Repubulika ya demokarasi ya Congo ifite Cobalt nyinshi ku isi, ariko iri mu bihugu bikennye cyane ku isi.

Abahanga mu bukungu bemeza ko ibibazo by’umutekano, intambara n’ubukene biri muri RDC ntaho bihuriye n’umutungo kamere iki gihugu gitunze, ahubwo ko bikomoka ku miyoborere mibi.

Bagashimangira ko ikibazo cy’umutekano muke uhamaze imyaka myinshi kidafite aho gihuriye n’amabuye y’agaciro, cyane ko ntagihe atabayeho kuva isi yaremwa, ariko imvururu zihari zikaba zitarahahoze.

Abayobozi b’iki gihugu kenshi bavuga ko amabuye y’agaciro ari mu gihugu cyabo ari yo ntandaro y’ibibazo by’intambara bicugarije.

Ndetse bagashinja u Rwanda na Uganda kuba nyiribayazana w’ibibazo byose iki gihugu gifite.

Ariko ibi bihugu byombi birabihakana, bigasobanura ko imvururu za RDC zishingiye ku bibazo bya politiki biri hagati y’Abanyekongo ubwabo, kandi igisubizo kirambye mu kuzihoshya ari bo bagifite mu biganza byabo.

Mu ntambara y’ubukungu ishingiye kukurengera ibidukikije, ikomeje gufata indi ntera hagati y’ibihugu by’ibihangange ku isi, nyamara amabuye y’agaciro yo arimo Lithium, Cobalt, Nickel na Copper akarushaho gukenerwa cyane.

Ni mu gihe aya mabuye y’agaciro ari yo akenewe cyane kuko akora byinshi birimo bateri z’imodoka zikoreshwa n’amashanyarazi n’ibindi.

Izo modoka ni zo isi yose ihanze amaso mu guhangana n’ikibazo cy’imyuka ihumanya ikirere ituruka ku ikoreshwa rya lisansi na mazutu.

Sosiyete y’Abanyamerika, McKinney company, igaragaza ko mu 2025 Lithium izaba ikenerwa ku rugero rwa 76% na ho Cobalt yo igakemerwa ku rugero rwa 53% mu ikorwa rya bateri.

Ubundi kandi Cobalt inakenewe cyane mu ikorwa rya telephone zigezweho za smartphone na mudasobwa.

Imibare igaragaza ko hejuru ya 70% ya Cobalt iboneka ku isoko mu isi yose ituruka muri RDC.

Mu 2022, RDC yaturutsemo 73% ya Cobalt yacurujwe ku isi. Ndetse kandi iki gihugu cyavuyemo toni miliyoni 6 mu itoni 11 za Cobalt byabonetse ku isi yose.

Ziyongeraho toni miliyoni 6,6 za Lithium iherereye mu mujyi wa Manono, mu ntara ya Tanganyika. Hari n’andi mabuye y’agaciro yo mu bwoko butandukanye aboneka ku butaka bwa RDC.

Kumva igihugu gitunze beneka akageni, ariko kikaba icya kane gikennye cyane ku isi, bigora benshi kubisobanukorwa. RDC ikurikira Sudan y’Epfo, u Burundi na Centrafrique mu kugarizwa n’ubukene ku rutonde rw’isi.

Ibirombe byinshi byo muri iki gihugu bigenzurwa na sosiyete z’ibihugu bikomeye ku isi kandi urwego rushyinzwe mine ruhabwa amafaranga make cyane RDC yazize ubuyobozi bubi kuva kera.

Bivugwa ko RDC ubuyobozi bwayo bwimitse icyenewabo, irondabwoko, ruswa no kudahana kuva mu myaka myinshi ishize, bwatumye n’imitwe yitwaje intwaro yiyongera n’umutekano urushaho kuzamba mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Tags: ikennyeItunzeLithium CobaltRdc
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku masasu yavugiye mu Mibunda.

Ibivugwa ku masasu yavugiye mu Mibunda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?