• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ubuyobozi bwa M23, bwanenze Perezida Félix Tshisekedi ngo kuba ashira intambara imbere naho Nangaa, yavuze ko ubutegetsi bwa Kinshasa ari umuyaga.

minebwenews by minebwenews
October 19, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwongeye kubwira ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ko itari gushira ubushishozi mu byo ikora byo gushira imbere intambara, by’umwihariko unagira icyo uvuga ku kuba umukuru w’igihugu, Felix Tshisekedi atekereza ko hari icyo bizamufasha mu matora.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Mu butumwa bwa Perezida wa M23, bwana Bertrand Bisimwa, ubwo yagiraga icyo avuga ku rubyiruko rw’abasivile bari kwinjizwa mu ntambara gufasha FARDC, yavuze ko ibi ari ukureba hafi.

Ati: “Ibi bakora ni ukureba aha hafi, guhenda Abana ngo binjizwe igisirikare ngo baje gufasha FARDC kuturwanya. Igikuru s’intambara igikuru nukumara ikizana intambara.”

Nimugihe Corneille Nangaa, wahoze ari Perezida wa Komisiyo yigenga y’Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yongeye kumvikana atunga urutoki Perezida Tshisekedi yemeza ko nta matora azaba tariki ya 20/10/ 2023, inzira y’amatora ishingiye ku binyoma ndetse yongera kugaragaza ko amasezerano yamugejeje ku butegetsi natayubahiriza bizamugiraho ingaruka.

Ni ubutumwa yanyujije ku rukuta rwe rwahoze rwitwa twitter, aho yemeza ko Perezida Tshisekedi nta gahunda afite yo gukoresha amatora kugirango azabone uko aguma ku butegetsi.

Ati: “Tshisekedi arahinduka umubeshi cangwa rutwitsi, azimiriza umuriro icyarimwe kugira ngo abone uko asunika manda ngo arusheho kuramba kubutegetsi “.

Y’unzemo mo kandi ati: “Mu byukuri habaye amasezerano ya politiki hagati ya Félix Tshisekedi na Joseph Kabila Kabange mu mwaka w’ 2018. Aya masezerano ni igikorwa cya leta kigomba kubahirizwa. Kutayubahiriza bizagira ingaruka zitangaje”.

Corneille Nangaa avuga ko Tshisekedi adakora ibihagije mu gukemura ikibazo cy’umutekano mu burasirazuba bikomoka ku bibazo bya politiki kandi umutekano w’igihugu ugomba kuba imbere ya byose. Félix Tshisekedi ubwe ngo yivugiye ati: “Igihe cyose ntakemuye iki kibazo cy’umutekano, kuri njye ntabwo nzaba nakoze neza manda yanjye ya Perezida wa Repubulika.”

Uyu Nangaa yakomeje avuga ati: “Tshisekedi, yarananiwe, agomba kuva ku butegetsi”. Ubuyobozi bwe ntaco bwakoze usibye gupfunyikira abantu umuyaga.”

By Bruce Bahanda.

Tags: Ubuyobozi bwa M23 bwanenze Perezida Félix Tshisekedi naho NangaaYavuze ko ubutegetsi bwa Kinshasa ari umuyaga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

I Nama, yahuje abasirikare ba Barundi, n'abungeri b'inka, yabereye Muchakira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?