Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ubuyobozi bwa M23, bwanenze Perezida Félix Tshisekedi ngo kuba ashira intambara imbere naho Nangaa, yavuze ko ubutegetsi bwa Kinshasa ari umuyaga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 19, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwongeye kubwira ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ko itari gushira ubushishozi mu byo ikora byo gushira imbere intambara, by’umwihariko unagira icyo uvuga ku kuba umukuru w’igihugu, Felix Tshisekedi atekereza ko hari icyo bizamufasha mu matora.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu butumwa bwa Perezida wa M23, bwana Bertrand Bisimwa, ubwo yagiraga icyo avuga ku rubyiruko rw’abasivile bari kwinjizwa mu ntambara gufasha FARDC, yavuze ko ibi ari ukureba hafi.

Ati: “Ibi bakora ni ukureba aha hafi, guhenda Abana ngo binjizwe igisirikare ngo baje gufasha FARDC kuturwanya. Igikuru s’intambara igikuru nukumara ikizana intambara.”

Nimugihe Corneille Nangaa, wahoze ari Perezida wa Komisiyo yigenga y’Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yongeye kumvikana atunga urutoki Perezida Tshisekedi yemeza ko nta matora azaba tariki ya 20/10/ 2023, inzira y’amatora ishingiye ku binyoma ndetse yongera kugaragaza ko amasezerano yamugejeje ku butegetsi natayubahiriza bizamugiraho ingaruka.

Ni ubutumwa yanyujije ku rukuta rwe rwahoze rwitwa twitter, aho yemeza ko Perezida Tshisekedi nta gahunda afite yo gukoresha amatora kugirango azabone uko aguma ku butegetsi.

Ati: “Tshisekedi arahinduka umubeshi cangwa rutwitsi, azimiriza umuriro icyarimwe kugira ngo abone uko asunika manda ngo arusheho kuramba kubutegetsi “.

Y’unzemo mo kandi ati: “Mu byukuri habaye amasezerano ya politiki hagati ya Félix Tshisekedi na Joseph Kabila Kabange mu mwaka w’ 2018. Aya masezerano ni igikorwa cya leta kigomba kubahirizwa. Kutayubahiriza bizagira ingaruka zitangaje”.

Corneille Nangaa avuga ko Tshisekedi adakora ibihagije mu gukemura ikibazo cy’umutekano mu burasirazuba bikomoka ku bibazo bya politiki kandi umutekano w’igihugu ugomba kuba imbere ya byose. Félix Tshisekedi ubwe ngo yivugiye ati: “Igihe cyose ntakemuye iki kibazo cy’umutekano, kuri njye ntabwo nzaba nakoze neza manda yanjye ya Perezida wa Repubulika.”

Uyu Nangaa yakomeje avuga ati: “Tshisekedi, yarananiwe, agomba kuva ku butegetsi”. Ubuyobozi bwe ntaco bwakoze usibye gupfunyikira abantu umuyaga.”

By Bruce Bahanda.

Tags: Ubuyobozi bwa M23 bwanenze Perezida Félix Tshisekedi naho NangaaYavuze ko ubutegetsi bwa Kinshasa ari umuyaga
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

I Nama, yahuje abasirikare ba Barundi, n'abungeri b'inka, yabereye Muchakira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?