• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bwa M23 bwashize ukuri hanze, kubivugwa ku mugaba mukuru w’uyu mutwe, Major Gen Sultan Makenga.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2024
in Regional Politics
0
Ubuyobozi bwa M23 bwashize ukuri hanze, kubivugwa ku mugaba mukuru w’uyu mutwe, Major Gen Sultan Makenga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bwa M23 bwashize ukuri hanze, kubivugwa ku mugaba mukuru w’uyu mutwe, Major Gen Sultan Makenga.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nibikubiye mu butumwa bwanditse umuvugizi wa M23 yashize hanze akoresheje urubuga rwa x, buvuga ku itangazo ubwo butumwa bwa Kanyuka bwise ibinyoma byambaye ubusa.

Iri tangazo M23 ivuga ko ari kinyoma ryavugaga ko Gen Sultan Makenga yasimbuwe n’undi musirikare ufite ipeti rya Colonel.

Iri tangazo rikaba ryari ryakwirakwijwe ku mbuga nkoranya mbaga kuri iki Cyumweru tariki ya 23/06/2024, ryavugaga ko ihuriro rya AFC ribarizwamo n’umutwe wa M23, “ku bwubusabe bwinshi bw’abafatanya bikorwa bacu, umugaba mukuru Gen Sultan Makenga yahagaritswe ku nshingano ze.”

Iri tangazo ry’itiriwe AFC, ryavugaga kandi ko Gen Sultan Makenga yahagaritswe kubera amakosa anyuranye arimo gukoresha nabi umutungo w’iri huriro, no kunyereza amwe mu mafaranga yaryo ndetse ngo n’imitegekere y’igitugu.

Rikomeza rivuga ko ku bw’iyi mpamvu, nyuma yo guhagarika Gen Sultan Makenga, hashyizweho Col Innocent Kaina kumusimbura ku mwanya w’umugaba mukuru wa M23 ku rwego rwa gisirikare.

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23, bwamaganye iby’iri tangazo, buvuga ko ari ikinyoma cya mbaye ubusa, nk’uko bwana Kanyuka umuvugizi wayo yabivuze.

Yagize ati: “Itangazo riri gucicikana ku mbuga nkoranya mbaga rivuga ku ishyirwaho ry’umugaba mukuru mushya wa ARC/M23 ni ikinyoma kibi.”

Yakomeje agira ati: “Iri tangazo ryahimbwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa mu mugambi wabwo wo kuyobya uburari ku bushobozi buke bwabwo ndetse no gushira ukuri ku biri kubera ku rugamba ndetse no kubanyapolitiki ba AFC/M23 mu biganiro byimishikirano.”

Yanasobanuye ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bugamije kuzamura umwuka wo kuyobya uburari kugira ngo bukomeze gushyira mu kaga igihugu.

Ati: “Turasaba abantu bose kutita no kudaha agaciro ibinyoma by’ibihimbano, ahubwo bakishakishiriza ukuri, banyuze ahantu hemewe.”

Umuvugizi wa M23 mu by’agisirikare , Lt Col Willy Ngoma, mu nyandiko ze akunze gushira hanze akoresheje urubuga rwa x, akunze gutangaza ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bukunda kuvuga ibinyoma, ko kandi ari intwaro bwakunze gukoresha cyane muri iyi ntambara ibahanganishije mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bityo ko batazayobya benshi ko hubwo bazayobya n’ubundi abayobye.

                MCN.
Tags: Gen Sultan MakengaM23Ukuri ku itangazo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abantu barenga icyenda bafatiwe i Kinshasa muruhame rw’abantu benshi bakora amahano.

Abantu barenga icyenda bafatiwe i Kinshasa muruhame rw'abantu benshi bakora amahano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?