• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bwa M23 bwashize ukuri hanze, kubivugwa ku mugaba mukuru w’uyu mutwe, Major Gen Sultan Makenga.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2024
in Regional Politics
0
Ubuyobozi bwa M23 bwashize ukuri hanze, kubivugwa ku mugaba mukuru w’uyu mutwe, Major Gen Sultan Makenga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bwa M23 bwashize ukuri hanze, kubivugwa ku mugaba mukuru w’uyu mutwe, Major Gen Sultan Makenga.

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Nibikubiye mu butumwa bwanditse umuvugizi wa M23 yashize hanze akoresheje urubuga rwa x, buvuga ku itangazo ubwo butumwa bwa Kanyuka bwise ibinyoma byambaye ubusa.

Iri tangazo M23 ivuga ko ari kinyoma ryavugaga ko Gen Sultan Makenga yasimbuwe n’undi musirikare ufite ipeti rya Colonel.

Iri tangazo rikaba ryari ryakwirakwijwe ku mbuga nkoranya mbaga kuri iki Cyumweru tariki ya 23/06/2024, ryavugaga ko ihuriro rya AFC ribarizwamo n’umutwe wa M23, “ku bwubusabe bwinshi bw’abafatanya bikorwa bacu, umugaba mukuru Gen Sultan Makenga yahagaritswe ku nshingano ze.”

Iri tangazo ry’itiriwe AFC, ryavugaga kandi ko Gen Sultan Makenga yahagaritswe kubera amakosa anyuranye arimo gukoresha nabi umutungo w’iri huriro, no kunyereza amwe mu mafaranga yaryo ndetse ngo n’imitegekere y’igitugu.

Rikomeza rivuga ko ku bw’iyi mpamvu, nyuma yo guhagarika Gen Sultan Makenga, hashyizweho Col Innocent Kaina kumusimbura ku mwanya w’umugaba mukuru wa M23 ku rwego rwa gisirikare.

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23, bwamaganye iby’iri tangazo, buvuga ko ari ikinyoma cya mbaye ubusa, nk’uko bwana Kanyuka umuvugizi wayo yabivuze.

Yagize ati: “Itangazo riri gucicikana ku mbuga nkoranya mbaga rivuga ku ishyirwaho ry’umugaba mukuru mushya wa ARC/M23 ni ikinyoma kibi.”

Yakomeje agira ati: “Iri tangazo ryahimbwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa mu mugambi wabwo wo kuyobya uburari ku bushobozi buke bwabwo ndetse no gushira ukuri ku biri kubera ku rugamba ndetse no kubanyapolitiki ba AFC/M23 mu biganiro byimishikirano.”

Yanasobanuye ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bugamije kuzamura umwuka wo kuyobya uburari kugira ngo bukomeze gushyira mu kaga igihugu.

Ati: “Turasaba abantu bose kutita no kudaha agaciro ibinyoma by’ibihimbano, ahubwo bakishakishiriza ukuri, banyuze ahantu hemewe.”

Umuvugizi wa M23 mu by’agisirikare , Lt Col Willy Ngoma, mu nyandiko ze akunze gushira hanze akoresheje urubuga rwa x, akunze gutangaza ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bukunda kuvuga ibinyoma, ko kandi ari intwaro bwakunze gukoresha cyane muri iyi ntambara ibahanganishije mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bityo ko batazayobya benshi ko hubwo bazayobya n’ubundi abayobye.

                MCN.
Tags: Gen Sultan MakengaM23Ukuri ku itangazo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Abantu barenga icyenda bafatiwe i Kinshasa muruhame rw’abantu benshi bakora amahano.

Abantu barenga icyenda bafatiwe i Kinshasa muruhame rw'abantu benshi bakora amahano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?