• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 28, 2025
in Conflict & Security
0
Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu

You might also like

Baraka: Sosiyete Sivile Irashinja Ubutegetsi bwa Kinshasa Ikinyoma cy’Inzego ku Miyoborere yo muri aka Karere

I Kamanyola Bahagurukiye Icyemezo cya Amerika, Basaba AFC/M23 Kutava mu Bice Yafashe

AFC/M23 Yatangaje Agahenge k’Urugamba, Ishinja Leta ya Kinshasa Kurenga ku Masezerano no Gukomeza Kugaba Ibitero ku Baturage

Ni bura abantu 14 ni bo bahasize ubuzima mu nkongi y’umuriro yadutse mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nk’uko ubuyobozi bw’ibanze bubivuga.

Iyi nkongi y’umuriro yadutse mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira ku wa mbere, itariki ya 27/10/2025.

Amakuru aturuka muri icyo gice akavuga ko wadutse hafi y’itorero rya Funu Nuru, kuri Avenue Maendeleo mu gace ka Mosala.

Umubare w’abapfuye n’agateganyo. Kandi n’iyi nkongi ntiharamenyekana icyayiteye, kuko ubwo yadukaga aba bapfuye bari baryamye.

Umuryango wa Croix-Rouge wageze aho, hamwe n’urubyiruko rwaho, bafatikanya gukora ubutabazi, aho barimo bavana imirambo yahiye mu matongo.

Umuyobozi w’agace ka Mosola, Patrick Lubala, yavuze ko amarangamutima yari yose iruhande rw’imibiri yahiye ku buryo utamenya abapfuye.

Ati: “Inzu zirindwi zahiye zirakongoka kandi 4 murizo zirasenywa kugira ngo umuriro udakwira. Ubu turi kwimurira abapfuye mu buruhukiro bw’ibitaro bya Bukavu.”

Ibyo byabaye mu gihe kandi mu cyumweru gishize, abana batatu bo mu muryango umwe na bo bapfiriye mu nkongi y’umuriro mu gace ka Nyalukembe, kuri avenue Kayabu 2, aha i Bukavu.

Tags: BukavuInkongi y'umuriro
Share28Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Baraka: Sosiyete Sivile Irashinja Ubutegetsi bwa Kinshasa Ikinyoma cy’Inzego ku Miyoborere yo muri aka Karere

by Bahanda Bruce
December 19, 2025
0
Baraka: Sosiyete Sivile Irashinja Ubutegetsi bwa Kinshasa Ikinyoma cy’Inzego ku Miyoborere yo muri aka Karere

Baraka: Sosiyete Sivile Irashinja Ubutegetsi bwa Kinshasa Ikinyoma cy’Inzego ku Miyoborere yo muri aka Karere Sosiyete sivile yo mu mujyi wa Baraka yamaganye byimazeyo ibyo yise “ikinyoma cy’inzego...

Read moreDetails

I Kamanyola Bahagurukiye Icyemezo cya Amerika, Basaba AFC/M23 Kutava mu Bice Yafashe

by Bahanda Bruce
December 19, 2025
0
I Kamanyola Bahagurukiye Icyemezo cya Amerika, Basaba AFC/M23 Kutava mu Bice Yafashe

I Kamanyola Bahagurukiye Icyemezo cya Amerika, Basaba AFC/M23 Kutava mu Bice Yafashe Amakuru aturuka i Kamanyola, muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko abaturage...

Read moreDetails

AFC/M23 Yatangaje Agahenge k’Urugamba, Ishinja Leta ya Kinshasa Kurenga ku Masezerano no Gukomeza Kugaba Ibitero ku Baturage

by Bahanda Bruce
December 19, 2025
0
AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yahamagariye Abaturage Gutaha, Isezeranya Umutekano n’Ubutabera mu Mujyi wa Uvira

AFC/M23 Yatangaje Agahenge k’Urugamba, Ishinja Leta ya Kinshasa Kurenga ku Masezerano no Gukomeza Kugaba Ibitero ku Baturage Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryamenyesheje ko ryafashe icyemezo cyo...

Read moreDetails

Isoko ya Mikenke Isubije Icyizere Abaturage, Ibiciro Byamanutse mu Misozi y’i Mulenge

by Bahanda Bruce
December 19, 2025
0
Auto Draft

Isoko ya Mikenke Isubije Icyizere Abaturage, Ibiciro Byamanutse mu Misozi y’i Mulenge Amakuru aturuka mu misozi y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Ibitero bya Drone bya FARDC mu misozi y’i Mulenge, Abaturage b’Abanyamulenge mu Kaga Gakomeje Guhangayikisha

by Bahanda Bruce
December 19, 2025
0
Ibitero bya Drone bya FARDC mu misozi y’i Mulenge, Abaturage b’Abanyamulenge mu Kaga Gakomeje Guhangayikisha

Ibitero bya Drone bya FARDC mu misozi y'i Mulenge, Abaturage b’Abanyamulenge mu Kaga Gakomeje Guhangayikisha Amakuru yizewe aturuka mu misozi y'i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri...

Read moreDetails
Next Post
Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

FARDC yifashishije indege y'intambara yibasira ahatuye abaturage muri Kivu Yaruguru

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?