• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bwamaganye icyemezo giheruka gufatwa cyo gufunga umuhanda wa Goma-Kibumba na Rutshuru.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2024
in Regional Politics
1
Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bwamaganye icyemezo giheruka gufatwa cyo gufunga umuhanda wa Goma-Kibumba na Rutshuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bwamaganye icyemezo giheruka gufatwa cyo gufunga umuhanda wa Goma-Kibumba na Rutshuru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Bikubiye mu butumwa umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yashize hanze akoresheje urubuga rwa x.

Muri ubwo butumwa bugufi bwanditse buvuga ko M23 yamaganye yivuye inyuma ifungwa ry’u muhanda wa Goma-Kibumba ukomeza ujya muri teritware ya Rutshuru.

Yagize ati: “Twamaganye cyane ifungwa ry’u muhanda wa Goma/ Rutshuru. Ibyakozwe n’ubutegetsi bw’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.”

Yakomeje agira ati: “Iki cyemezo kigaragaza icyifuzo nkana cyo gushira umujyi wa Goma mu kaga, ingaruka mbi ziraba ku baturage bahaturiye.”

Ubu butumwa bukomeza buvuga ko iki cyemezo cyo gufunga umuhanda wa Goma-Kibumba na Rutshuru, cyafashwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa kigaragaza neza ko ubu butegetsi budashobora kugarura umutekano ko hubwo bukomeza kuwutezamo ibibazo.

Muri ubwo butumwa kandi bunamagana ikadamizwa rikomeje gukorerwa abaturage kandi rikozwe n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Banasobanura ko uku gufunga umuhanda biri mu bihonyora uburenganzira bw’abaturage ndetse ko kandi biri mu bibambura uburyo bubafashamo gushaka amaramuko.

Ubutumwa busoza buvuga ko M23 isaba ko uyu muhanda wongera gufungurwa, kugira ngo abaturage bakomeze imirimo yabo yaburimunsi.

              MCN.
Tags: IfungwaM23Umuhanda wa Goma-KibumbaYamaganye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihugu cya Kenya hagiye gukorerwa ibyikorana buhanga ridasanzwe, menya ibyaribyo.

Mu gihugu cya Kenya hagiye gukorerwa ibyikorana buhanga ridasanzwe, menya ibyaribyo.

Comments 1

  1. Pingback: M23 yasabye ko umuhanda wafuzwe na Leta ya Kinshasa ufungurwa – MARIS POST

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?