Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bwongeye kw’ikoma ihuriro ry’ingabo za Kinshasa zongeye kurasa ibisasu mu baturage.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 2, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bwongeye ku burira imiryango Mpuzamahanga n’iyimbere mu gihugu ku bugome n’ubwicanyi bukorwa n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo bafatikanije n’ingabo z’u Burundi (FDNB) ndetse n’imitwe y’inyeshamba ifasha ingabo za RDC kurwanya M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibi ni byashizwe hanze n’umuvugizi wa ARC/M23, mubyapolitike bwana Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje u Rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter.

Kanyuka yagize ati: “Twongeye gushimangira kubyo dukomeza kubwira imiryango Mpuzamahanga n’amashirahamwe arengera ikiremwa muntu ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, n’ingabo z’u Burundi(FDNB) ndetse n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wagner na Wazalendo ko bakomeje guteza ikibazo abaturiye teritware ya Masisi no munkengero zayo.”

Uy’u muvugizi w’u mutwe wa M23 yakomeje agaragaza ko biriya bisasu biterwa n’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa, ko biterwa ahatuwe n’abaturage bikarangira biteje ingaruka mbi ku baturiye ibyo bice byo muri teritware ya Masisi. Nk’uko yabigaragaje n’uko no muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki 02/12/2023, ririya huriro ry’ingabo za Kinshasa zongeye gutera ibisasu muri Kilolirwe no munkengero zayo kandi bikaba byarashwe ahatuwe n’abaturage.

Ubushize mubice bya Grupema ya Kibumba homuri teritwari ya Nyiragongo, ibisasu byarashwe n’indege z’intambara zom’ubwoko bwa SUKHOÏ-25 zirashwe nari riya huriro ry’ingabo za RDC byasize bikomerekeje abarenga 6 abandi babiri barapfa.

Ni mugihe kandi haheruka kwerekanwa Inka zabo m’ubwoko bw’Abatutsi za komerekejwe n’ibisasu byarashwe n’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa. Hakaba harerekanwe n’amashusho uburyo zarimo zivirirana amaraso.

Bruce Bahanda.

Tags: KilolirweMasisiUbuyobozi bw'u mutwe wa M23 bwongeye kw'ikoma ihuriro ry'ingabo za Kinshasa zongeye kurasa ibisasu mu baturage
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Kandinda nimero 5 avugwaho kwitabirwa n'Abantu bake mugihe Félix Tshisekedi we yiswe umujura naho Moïse Katumbi ayoboye uyu mwanya nimugihe ariwe witabirwa nabenshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?