• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ubuzima bwa Banyamulenge bukomeje guhonyorwa muri RDC.

minebwenews by minebwenews
September 6, 2024
in World News
0
Ubuzima bwa Banyamulenge bukomeje guhonyorwa muri RDC.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuzima bwa Banyamulenge bukomeje guhonyorwa muri RDC.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni amakuru ava mu mujyi wa Kindu avuga ko kuri uyu wa gatanu tariki ya 06/09/2024, Abanyamulenge bacuruzaga Inka mu Ntara ya Manyema bafunzwe bazira ubwoko bwabo.

Inzego zishinzwe umutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, n’izo zirinyuma yifungwa ry’Abanyamulenge 15 bafatiwe mu mujyi wa Kindu.

Umujyi wa Kindu ubarizwa mu ntara ya Manyema, mu Burasirazuba bwo hagati muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Uyu mujyi ukaba uherereye ku ruzi rwa Lualaba ku birometero 390 uvuye mu majyepfo y’intara ya Kisangani.

Aya makuru akomeza avuga ko aba Banyamulenge bararegwa kuba bafite mu maso hadasa n’imvukire z’abandi Banye-kongo bo muri Kindu.

Nyuma yuko aba bari bamaze gutabwa muri yombi, bamwe bajanwe gusambishirizwa kuri auditora miltaire iri muri uyu mujyi wa Kindu, abandi bajanwe ahatazwi.

Ku rundi ruhande, andi makuru avuga ko aba Banyamulenge kwari 15 nta n’umwe ufungiye hamwe n’undi ngo burumwe yajanwe ukwiwe mu rwego rwo kugira ngo hakorerwe amatohoza.

Intara za RDC zirimo Kivu Yaruguru, Kivu y’Amajy’epfo, Ituri na Manyema, ziri muzo Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange bagiriramo ibibazo kuruta zindi zose n’ubwo no mu zindi atari shyashya.

Minembwe Capital News yamenye ko Abanyamulenge bafunzwe barimo
Sebatware
Mugufi
Ntayoberwa
Mujambere

Nkomezi
Rumanzi
Ilunga
Tabazi
Bukuru
Zakariya
Sengabire

Munezero
Emmanuel
Jofre.

         MCN.
Tags: AbanyamulengeKinduRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku cyatumye FARDC iha gasopo Corneille Nangaa na M23.

Ibyo wa menya ku cyatumye FARDC iha gasopo Corneille Nangaa na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?