Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuzima bwa Mwangachuchu Eduard, wafunzwe arenganijwe ubuzima bwe, ngo bukomeje kumera nabi muri gereza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 15, 2024
in Regional Politics
0
Ubuzima bwa Mwangachuchu Eduard, wafunzwe arenganijwe ubuzima bwe, ngo bukomeje kumera nabi  muri gereza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuzima bwa Mwangachuchu Eduard wahoze ari umudepite muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ngo ‘bumeze nabi’ aho afungiwe i Kinshasa k’umurwa mukuru w’igihugu cya RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe n’umwunganizi wa Mwangachuchu Eduard, maître Thomas Gamakolo, ubwo yavugana ga n’itangaza makuru i Kinshasa, aho yavuze ko gufungwa kwa Mwangachuchu bikomeje kwangiriza ubuzima bwe.

Uy’u mwunganizi avuga ko “Mwangachuchu, yagiriye imibereho mibi muri gereza ikamufatanya n’uburwayi yari asanganwe.”

Maitre Thomas Gamakolo, yavuze kandi ko “Mwangachuchu atigeze ahabwa uruhushya rwo kubonana na muganga, bityo uburwayi bwe bugakomeza kwiyongera.”

Bwana Thomas Gamakolo yakomeje avuga ko “basaba ko Mwangachuchu yorekurwa byagateganyo cyangwa agafungirwa murugo iwe, kugira ngo abone uko yivuza.”

Maitre Thomas Gamakolo yasoje avuga ko “kumugumisha muri gereza bisa no kumwica buhoro buhoro.”

Bwana Mwangachuchu Eduard, mu kwezi kwa Cumi, tariki 10, umwaka w ‘2023, nibwo yakatiwe n’urukiko rwa gisirikare rukuru muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufungwa ubuzima bwe bwose nyuma y’uko rwari rumuhamije icyaha cyo kugambanira igihugu.

Urukiko n’ubundi rwa muhamije iki cyaha runamukatira gufungwa ubuzima bwe bwose, mu gihe yari amaze igihe aburanishwa, ku byaha birimo “gukorana byahafi n’umutwe wa M23,” muri icyo gihe nabwo umucamanza yari yamuciriye urwo gupfa, ndetse amuca na amande ingana na miliyoni 100 z’amadolari y’Amerika.

             MCN.
Tags: Bumeze nabiGerezaMwangachuchu EduardUbuzima bweUmwunganizi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zaje ku isonga mu kwakira impunzi, mu gihe RDC nayo iza ku isonga kugira abaturage bahunga intambara.

Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, zaje ku isonga mu kwakira impunzi, mu gihe RDC nayo iza ku isonga kugira abaturage bahunga intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?