• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuzima bwa Mwangachuchu Eduard, wafunzwe arenganijwe ubuzima bwe, ngo bukomeje kumera nabi muri gereza.

minebwenews by minebwenews
March 15, 2024
in Regional Politics
0
Ubuzima bwa Mwangachuchu Eduard, wafunzwe arenganijwe ubuzima bwe, ngo bukomeje kumera nabi  muri gereza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuzima bwa Mwangachuchu Eduard wahoze ari umudepite muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ngo ‘bumeze nabi’ aho afungiwe i Kinshasa k’umurwa mukuru w’igihugu cya RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byatangajwe n’umwunganizi wa Mwangachuchu Eduard, maître Thomas Gamakolo, ubwo yavugana ga n’itangaza makuru i Kinshasa, aho yavuze ko gufungwa kwa Mwangachuchu bikomeje kwangiriza ubuzima bwe.

Uy’u mwunganizi avuga ko “Mwangachuchu, yagiriye imibereho mibi muri gereza ikamufatanya n’uburwayi yari asanganwe.”

Maitre Thomas Gamakolo, yavuze kandi ko “Mwangachuchu atigeze ahabwa uruhushya rwo kubonana na muganga, bityo uburwayi bwe bugakomeza kwiyongera.”

Bwana Thomas Gamakolo yakomeje avuga ko “basaba ko Mwangachuchu yorekurwa byagateganyo cyangwa agafungirwa murugo iwe, kugira ngo abone uko yivuza.”

Maitre Thomas Gamakolo yasoje avuga ko “kumugumisha muri gereza bisa no kumwica buhoro buhoro.”

Bwana Mwangachuchu Eduard, mu kwezi kwa Cumi, tariki 10, umwaka w ‘2023, nibwo yakatiwe n’urukiko rwa gisirikare rukuru muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufungwa ubuzima bwe bwose nyuma y’uko rwari rumuhamije icyaha cyo kugambanira igihugu.

Urukiko n’ubundi rwa muhamije iki cyaha runamukatira gufungwa ubuzima bwe bwose, mu gihe yari amaze igihe aburanishwa, ku byaha birimo “gukorana byahafi n’umutwe wa M23,” muri icyo gihe nabwo umucamanza yari yamuciriye urwo gupfa, ndetse amuca na amande ingana na miliyoni 100 z’amadolari y’Amerika.

             MCN.
Tags: Bumeze nabiGerezaMwangachuchu EduardUbuzima bweUmwunganizi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zaje ku isonga mu kwakira impunzi, mu gihe RDC nayo iza ku isonga kugira abaturage bahunga intambara.

Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, zaje ku isonga mu kwakira impunzi, mu gihe RDC nayo iza ku isonga kugira abaturage bahunga intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?