Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ubuzima Bwa Perezida Kaguta Museveni Yoweli, Buhagaze Neza Nimugihe Bivugwa Ko Arwaye Korona.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 13, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuzima bwa Perezida Kaguta Museveni Yoweli, wa Uganda buhagaze neza ninyuma yuko bamutoyemo Korana Virus.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 13.06.2023, saa 10:15pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Perizida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, akoresheje twitter ye, mumwanya muto ushize yamenyesheje Igihugu cye uko ubuzima bwe buhagaze maze avuga ko buhagaze neza.

Yagize ati: “Nabonye abantu bake nkeka kobava muri Kenya, bavuga ko nari muri ICU n’ibindi. Iyo nza kuba muri ICU, guverinoma ya Uganda iba yabimenyesheje igihugu. Ni iki kiraho cyatuma abantu bahisha? Icyakora, nafashe umwanya nda ndyama kimwe nkuko umuntu urwaye adyama ariko njye narwariye iwanjye mu nzu, ntakindi usibye gusinzira. Komeza usenge, tuzatsinda.”

Perezida Museveni, ibi nibimwe amaze kugezaho igihugu ku bijyanye n’ubuzima bwe muri iki gihe arwaye Coronavirus.

COVID-19, bayimutoyemo ahagana kumatariki ya 07.06.2023, kurinone akomeje kugenda yoroherwa nkuko yakomeje abitangaza akoresheje Urubuga rwe rwa Twitter.

Yakomeje agira ati: “Abagande na Bazzukulu by’umwihariko.”

“Haraheze hafi iminsi ibiri ntabaha amakuru yintambara ndimo ya corona. Gusa muminsi ibiri yambere (Kuwa kabiri no kuwagatatu), nibwo nagize umuriro woroheje nibicurane, ariko byagiye bigabanukaho, ubu meze neza.”

“Kuruyu wa gatanu, ibyo bimenyetso byose byari byashize. Ku cyumweru, Kuwa mbere nuyu munsi kuwakabiri, meze neza, nibipimo binereka ko meze neza.”

Umukobwa wa Perezida Kaguta Museveni, Natasha Museveni Karugire, yanditse akoresheje twitter ye maze ashimira ababashe kwerekana urukundo rwanyabyo nkuko abyivugira.

Yagize ati: “Ndashimira abenegihugu bose kubwurukundo nyarwo berekanye kandi mbifurije ko babona Perezida wabo asubira mubuzima bwiza agakira.”

Kuruyu wagatandatu nibwo abo mwishaka rya Perezida Kaguta Museveni, bakomeje kwandika kubyapa bifuriza Yoweli Kaguta Museveni, gukira kandi ngo “Vuba.”

“Turifuriza Perezida Kaguta Museveni, gukira vuba.”

Ibi nabanyamadini ya gikirisitu, mu Uganda bafashe umwanya basengera Perezida Kaguta Museveni, gukira vuba .

Tags: Buhagaze NezaBweKoronaUbuzimaUgandaYoweli Kaguta Museveni
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abasaga 100 Nibo Bamaze Kumenyekana Ko Bapfiriye Mumpanuka Yubwato, Bwarohamye Muri Nigeriya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?