Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ubwicanyi Muri Teritware Ya Fizi, Bwongeye Gufata Indi Ntera Nimugihe Haraye Hishwe Umubyeyi Wimyaka Ikabakaba 60.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 6, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Fizi haraye hiciwe umubyeyi uri mukigero c’Imyaka mirongo itanu yicwa arashwe.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 06.06.2023, saa 8:10am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Umu mama uri mukigero c’Imyaka mirongo itanu (50), womubwoko bwa Babembe kumunsi w’ejo hashize tariki 05.06.2023, yishwe arashwe. Akaba yararashwe ubwo yaragiye mwidushe koga bisanzwe nkuko tubikesha umwe mubaturage baturiye i Baraka.

Ibi bikaba byarabereye mugace ka Kakunga ho muri Groupement ya Babungwe, Secteur ya Ngandja muri Teritware ya Fizi, muntara ya Kivu yamajy’Epfo mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.

Umutanga buhamya yabwiye Minembwe Capital News, ati: “Byabereye mugace ka Kakunga ho muri Teritware ya Fizi, nimugihe yaragiye mwidushe koga amazi harigihe cya saa umunani zokugicamunsi, cyo kuri uyuwambere.”

Amakuru avuga kuruyu Mubyeyi nkuko bikomeje guca kumbuga nkoranya mbaga (Social Media), byavuzwe ko yitwa Véronique, bemeje ko ari mukigero c’Imyaka irihagati ya 60 n’a 50.

Uyu mubyeyi akimara kuraswa yajanwe mwivuriro rikuru rya teritware ya Fizi, akaba arinaho yarangirije. Iperereza rikaba rikomeje kugira hamenyekane abakoze ubwo bugizi bwanabi.

Ibi bibaye mugihe abatware bo mugace ka Ubwari ho muri teritware ya Fizi, bari baheruka kubwira itangaza makuru ko batereranywe n’a guverinoma ya Republika ya Democrasi ya Congo, aho barimo baganira nab’anyamakuru bakorera ikinyamakuru ca Kivutimes, bavuze ko leta itigera ibareba kuva intambara zaduka ahagana mumwaka wa 1996.

Aba batware ba Ubwari mubyo barimo bashinja ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo (FARDC), harimo kutabitaho igihe bakomeje guhohoterwa nimitwe yitwaje intwaro ikorera muribyo bice.

Tags: 60FiziUmubyeyiYishwe Arashwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abaturage B'irwanaho Banzuye Ko Bakwiye Gutuza Abantu Muchohagati Chaza Rwerera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?