Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ubwo Perezida Félix Antoine Tshisekedi, yafunguraga imikino ya OIF irimo kubera i Kinshasa yibasiriye ib’ihugu bituraniye Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 29, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp
  • Ib’ihugu biri mukiyaga bigari.

Umukuru w’igihugu ca RDC ubwo yafunguraga kumugaragaro imikino ya OIF yibasiriye ib’ihugu bituraniye Congo Kinshasa.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 29/07/2023, 6:00Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi y’ibasiriye ib’ihugu bituraniye Congo Kinshasa ubwo yatangizaga imikino kumunsi w’ejo hashize i Kinshasa gusa yirinze kuvuga amazina cyangwa umubare, abashinja guteza akaduvayo mugihugu cye cya RDC.

Ibi bikubiye mu butumwa yatanze ubwo yatangizaga ku mugaragaro imikino y’umuryango OIF ugizwe n’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, iri kubera i Kinshasa. Ni mikino yatangiye tariki 28/07/2023.

Umukuru w’igihugu ca RDC Félix Tshisekedi Tchilombo yavuze ko iyi mikino igaragaza uburyo ib’ihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa bishyigikiye Abanyekongo bakomeje kuzira ibibazo by’umutekano muke biterwa n’imitwe y’itwaje intwaro n’iy’iterabwoba ngo ishyigikiwe n’ibi bihugu.

Yagize ati: “Iyi mikino igira iya 9 ni ikimenyetso gikomeye kigaragaza ugushyigikira kw’abakoresha Igifaransa ku Banyekongo bazize ubushotoranyi budakwiye mu burasirazuba bw’igihugu cyacu n’isahura rinini ry’ubutunzi kamere bwacu bikorwa n’imitwe yitwaje intwaro, iy’iterabwoba, ibifashijwemo na bimwe mu bihugu bituraniye Congo Kinshasa.”

Perezida Félix Tshisekedi yamenyesheje abitabiriye iyi mikino ko n’ubwo igihugu ayoboye cyugarijwe n’ibibazo by’umutekano, Abanyekongo bazakora ibishoboka kugira ngo izagende neza kugeza ku musozo wayo, tariki ya 06/082023.

Mubusanzwe, umukuru w’igihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, Félix Tshisekedi n’abandi bayobozi batandukanye muri leta ya Kinshasa bari basanzwe bashinja igihugu cy’abaturanyi kimwe guhungabanya umutekano wo mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa. Icyo gihugu bakavuga ko ari u Rwanda, gusa Leta ya Kigali ibi izi bihakana kenshi, binyuze mu buryo bw’amatangazo no mu nama mpuzamahanga hubwo Kigali igashinja Kinshasa kuba ifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genoside mu Rwanda.

Tags: KinshasaOIFPerezida Félix Antoine Tshisekediyibasiriye ib'ihugu bituraniye RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Igisirikare c'u Burusiya cyaburijemo igitero gikomeye cari kigiye kugabwa n'a Ukraine kumurwa mukuru w'igihugu c'u Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?