• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ubwoba bwinshi bwatashye i Goma, nyuma y’uko mu nkambi ya Muganga hatewe igisasu kigahitana abarimo abana abandi benshi bagakomereka.

minebwenews by minebwenews
May 3, 2024
in World News
0
Ubwoba bwinshi bwatashye i Goma, nyuma y’uko mu nkambi ya Muganga hatewe igisasu kigahitana abarimo abana abandi benshi bagakomereka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubwoba bwinshi bwatashye i Goma, nyuma y’uko mu nkambi ya Muganga hatewe igisasu kigahitana abarimo abana abandi benshi bagakomereka.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 03/05/2024, nibwo muri Quartier ya Mugunga,ho mu mujyi wa Goma hatewe igisasu gisiga gihitanye abana babiri abandi benshi barakomereka, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Byavuzwe ko icyo gisasu cyaguye neza hagati mu ikambi irimo impunzi, z’Abanyekongo zagiye zikurwa mu byabo kubera intarambara zikomeje guca ibintu muri za teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ay’amakuru avuga ko icyo gisasu cyishe abana babiri bo muri izo mpunzi, gikomeretsa abantu benshi nubwo nta mubare uratangazwa.

Ibi byongeye gutuma mu mujyi wa Goma, haba ubwoba bwinshi, nk’uko bikomeje kuvugwa n’abaturage baturiye uwo mujyi.

Umwe mu banyamakuru bakurikiranira hafi ibibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Justin Kabumba, yatangaje ko muri uyu mujyi wa Goma, hongeye kuba ubwoba bwinshi, ndetse avuga ko hari ubuhamya yahawe n’abaturage bahamya ko ibisasu byatewe i Mungunga byangirije byinshi harimo n’amazu y’impunzi ko kandi hapfuye abana b’impunzi

Umutwe wa M23 wo, ubibinyujije ku muvugizi wayo mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yashize inyandiko hanze ashinja ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa kuba aribo bagabye biriya bitero mu baturage baturiye i Mugunga.

Yagize ati: “Ibyaha byo mu ntambara byakozwe muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu i Goma, bikozwe n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa. ARC/M23 yamaganye ibyo bikorwa bibi by’ingabo za Tshilombo.”

Kanyuku yaboneyeho no kumenyesha abaturage ba sivile ko umutwe wa M23 wo ugamije kurinda no kurwanirira abaturage n’ibyabo, ko kandi uzirukana ingabo z’abagome.

Ibyo bibaye mu gihe ku munsi w’ejo hashize, hari habaye urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Iyo mirwano yasize M23 y’igaruriye ibindi bice birimo na Ngungu ndetse na Murambi n’ibindi bice byo mu nkengero zaho.

       MCN.
Tags: Bwatashye i GomaNyuma y'uko hatewe IgisasuUbwoba bwinshi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya RDC, Félix Tshisekedi Tshilombo yongeye gutangaza ko bishoboka, igihugu cye kigashora intambara ku Rwanda.

Umukuru w'igihugu cya RDC, Félix Tshisekedi Tshilombo yongeye gutangaza ko bishoboka, igihugu cye kigashora intambara ku Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?