• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ubwoba bwinshi bwatashye i Goma, nyuma y’uko mu nkambi ya Muganga hatewe igisasu kigahitana abarimo abana abandi benshi bagakomereka.

minebwenews by minebwenews
May 3, 2024
in World News
0
Ubwoba bwinshi bwatashye i Goma, nyuma y’uko mu nkambi ya Muganga hatewe igisasu kigahitana abarimo abana abandi benshi bagakomereka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubwoba bwinshi bwatashye i Goma, nyuma y’uko mu nkambi ya Muganga hatewe igisasu kigahitana abarimo abana abandi benshi bagakomereka.

You might also like

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Ni mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 03/05/2024, nibwo muri Quartier ya Mugunga,ho mu mujyi wa Goma hatewe igisasu gisiga gihitanye abana babiri abandi benshi barakomereka, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Byavuzwe ko icyo gisasu cyaguye neza hagati mu ikambi irimo impunzi, z’Abanyekongo zagiye zikurwa mu byabo kubera intarambara zikomeje guca ibintu muri za teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ay’amakuru avuga ko icyo gisasu cyishe abana babiri bo muri izo mpunzi, gikomeretsa abantu benshi nubwo nta mubare uratangazwa.

Ibi byongeye gutuma mu mujyi wa Goma, haba ubwoba bwinshi, nk’uko bikomeje kuvugwa n’abaturage baturiye uwo mujyi.

Umwe mu banyamakuru bakurikiranira hafi ibibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Justin Kabumba, yatangaje ko muri uyu mujyi wa Goma, hongeye kuba ubwoba bwinshi, ndetse avuga ko hari ubuhamya yahawe n’abaturage bahamya ko ibisasu byatewe i Mungunga byangirije byinshi harimo n’amazu y’impunzi ko kandi hapfuye abana b’impunzi

Umutwe wa M23 wo, ubibinyujije ku muvugizi wayo mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yashize inyandiko hanze ashinja ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa kuba aribo bagabye biriya bitero mu baturage baturiye i Mugunga.

Yagize ati: “Ibyaha byo mu ntambara byakozwe muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu i Goma, bikozwe n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa. ARC/M23 yamaganye ibyo bikorwa bibi by’ingabo za Tshilombo.”

Kanyuku yaboneyeho no kumenyesha abaturage ba sivile ko umutwe wa M23 wo ugamije kurinda no kurwanirira abaturage n’ibyabo, ko kandi uzirukana ingabo z’abagome.

Ibyo bibaye mu gihe ku munsi w’ejo hashize, hari habaye urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Iyo mirwano yasize M23 y’igaruriye ibindi bice birimo na Ngungu ndetse na Murambi n’ibindi bice byo mu nkengero zaho.

       MCN.
Tags: Bwatashye i GomaNyuma y'uko hatewe IgisasuUbwoba bwinshi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031 Perezida Yoweri Museveni, umaze imyaka 37 ku butegetsi, yemejwe nk’umukandida watsinze amatora ya perezida ya Uganda ku...

Read moreDetails

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere Minisiteri y’Ingabo ya Irake yatangaje ko ingabo z’iki gihugu zimaze kwisubiza byuzuye igenzura ry’ikibuga gikomeye cy’ingabo zo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubuyobozi ayoboye buri gusuzuma ingamba...

Read moreDetails

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba Guverinoma ya Repubulika ya Sudani yatangaje ko yongeye gusubira gukorera mu murwa mukuru w’igihugu, Khartoum, nyuma...

Read moreDetails

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije ibitero bikomeye kandi byagutse bigamije gusenya...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya RDC, Félix Tshisekedi Tshilombo yongeye gutangaza ko bishoboka, igihugu cye kigashora intambara ku Rwanda.

Umukuru w'igihugu cya RDC, Félix Tshisekedi Tshilombo yongeye gutangaza ko bishoboka, igihugu cye kigashora intambara ku Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?