• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uduce twinshi two muri Walikale, M23 yatwigaruriye.

minebwenews by minebwenews
April 23, 2025
in Conflict & Security
0
Ibya basirikare ba FARDC basanzwe mu bigo by’ingabo za SADC muri RDC.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uduce twinshi two muri Walikale, M23 yatwigaruriye.

You might also like

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

Uduce twingenzi two muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa watwigaruriye.

Ni mu mirwano yabaye ku munsi w’ejo ku wa kabiri tariki ya 22/04/2025, hagati y’ihuriro ry’ingabo za Congo n’umutwe wa M23.

Amakuru avuga ko muri iyo mirwano yahuje impande zombi, yasize M23 yirukanye iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta mu bice byinshi byo muri iyi teritware ya Walikale.

Abatangabuhamya banavuga ko uyu mutwe wa M23 ko wafashe na centre ubwayo ya Walikale, iyo baherukaga kurekura ku mpamvu z’ibiganiro by’i Doha muri Qatar.

Usibye kuba aha’rejo izi mpande zombi zaririje umunsi wose zirwana, amakuru akomeza avuga ko no kuri uyu wa gatatu zazindukiye mu mirwano. Bikavuglwa ko uyu mutwe wa M23 ukomeje kwirukana uruhande bahanganye muri ibyo bice.

Ibi bije bikurikira kunanirwa kw’ibiganiro bya Doha, bitewe nuko Kinshasa yanze kurekura imfungwa za AFC/M23 nk’uko byari biteganyijwe.

AFC/M23 yashyikirije ubuhuza bwa Doha urutonde rw’imfungwa zabo za politiki n’abasirikare 700 bafunzwe n’ubutegetsi bwa RDC mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Abarekuwe na Perezida Felix Tshisekedi bafashwe kubera ko begereye uwahoze ari guverineri wa Haut-Uele, Christophe Baseane.

Tags: Walikale
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Ingabo z'u Burundi zahawe igisubizo nyuma y'aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke Nyuma y'aho Ingabo z'u Burundi zihaye umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Kivu...

Read moreDetails

Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Indege z'intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyateye ibisasu by'indege za Sukhoi-25 mu bice bituwe cyane byo muri teritware ya...

Read moreDetails

Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

Urusaku rw'imbunda z'irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n'impamvu yarwo Amakuru aturuka mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, ugenzurwa n'ihuriro ry'ingabo za Repubulika...

Read moreDetails

Conflict Monitoring Report: Burundian Military Expansion and the Security Situation in the Mulenge Highlands

by minebwenews
October 19, 2025
0
Burundian Soldiers in Tshisekedi’s Plan to Wipe Out the Banyamulenge

Background Recent developments in the highlands of Mulenge, South Kivu Province (eastern Democratic Republic of the Congo), reveal a growing presence of Burundian soldiers operating in collaboration with elements of the Congolese national army...

Read moreDetails

Menya uduce turenga 4 Ingabo z’u Burundi zashyinzemo ibirindiro mu Cyohagati

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

Menya uduce turenga 4 Ingabo z'u Burundi zashyinzemo ibirindiro mu Cyohagati Igice kizwi nko mu Cyohagati cyo mu misozi miremire y'i Mulenge mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo mu...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi wa Gatolika i Kinshasa yagaragaje aho ibibazo by’intambara RDC ihoramo aho bikomoka.

Umuyobozi wa Gatolika i Kinshasa yagaragaje aho ibibazo by'intambara RDC ihoramo aho bikomoka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?