• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uhuru Kenyatta wahoze ari perezida wa Kenya, yagiranye i kiganiro n’u mukuru w’igihugu cya Uganda, ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 8, 2024
in Regional Politics
0
Uhuru Kenyatta wahoze ari perezida wa Kenya, yagiranye i kiganiro n’u mukuru w’igihugu cya Uganda, ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweli Kaguta Museveni yagiranye i kiganiro n’umuhuza ku makimbirane y’i ntambara mu Burasirazuba bwa RDC, Uhuru Kenyatta.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 07/02/2024, uwahoze ari perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta yakiriwe na Perezida Yoweli Kaguta Museveni, maze baganira ku bijyanye n’u mutekano muke ukomeze kuzamba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ibi n’ibyatangajwe n’umukuru w’igihugu cya Uganda, aho yakoresheje inyandiko k’urubuga rwa X, avuga ko yaganiriye na Uhuru Kenyatta kucyagarura amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Perezida Museveni nta byinshi yatangaje kuri ay’amakuru ajyanye n’ikiganiro cye, na Uhuru Kenyatta. Ariko bya vuzwe ko iki ganiro cyabo ko cyabereye muri puresidensi, y’i Gihugu cya Uganda.

Bimwe mu bimaze kumenyekana aba banyacyubahiro baganiriyeho, harimo ko ibiganiro bya mahoro bya kongera gusubukurwa ku mitwe y’itwaje imbunda yo muri Congo, ikindi baganiriyeho n’ibijyanye n’iterambere ryo mu karere ka Afrika y’iburasirazuba.

Ibi ganiro bya Uhuru Kenyatta na perezida Yoweli Kaguta Museveni bi baye mugihe imirwano yongeye gukomera mu Burasirazuba bwa RDC, aho M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bakomeje guhanganira muri teritware ya Masisi na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Akarere ka Afrika y’iburasizuba (EAC), niko kagize Uhuru Kenyatta umuhuza ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

N’ubwo ingabo za EAC zamaze kuvanwa muri RDC ariko Afrika y’iburasirazuba ikomeje kuvuga ko izakora ibishoboka byose amahoro n’umutekano bikagaruka muri RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: Baganiriye ku mutekano w'u Burasirazuba bwa RDCPerezidaUhuru KenyattaYoweli Kaguta Museveni
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hongeye kuba ubwoba ko u Mujyi wa Goma ufatwa na M23, ninyuma y’uko yongeye kwigarurira ibindi bice byinshi muri Nyiragongo na Masisi.

Hongeye kuba ubwoba ko u Mujyi wa Goma ufatwa na M23, ninyuma y'uko yongeye kwigarurira ibindi bice byinshi muri Nyiragongo na Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?