Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uhuru Kenyatta wahoze ari perezida wa Kenya, yagiranye i kiganiro n’u mukuru w’igihugu cya Uganda, ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 8, 2024
in Regional Politics
0
Uhuru Kenyatta wahoze ari perezida wa Kenya, yagiranye i kiganiro n’u mukuru w’igihugu cya Uganda, ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Uganda Yoweli Kaguta Museveni yagiranye i kiganiro n’umuhuza ku makimbirane y’i ntambara mu Burasirazuba bwa RDC, Uhuru Kenyatta.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 07/02/2024, uwahoze ari perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta yakiriwe na Perezida Yoweli Kaguta Museveni, maze baganira ku bijyanye n’u mutekano muke ukomeze kuzamba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ibi n’ibyatangajwe n’umukuru w’igihugu cya Uganda, aho yakoresheje inyandiko k’urubuga rwa X, avuga ko yaganiriye na Uhuru Kenyatta kucyagarura amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Perezida Museveni nta byinshi yatangaje kuri ay’amakuru ajyanye n’ikiganiro cye, na Uhuru Kenyatta. Ariko bya vuzwe ko iki ganiro cyabo ko cyabereye muri puresidensi, y’i Gihugu cya Uganda.

Bimwe mu bimaze kumenyekana aba banyacyubahiro baganiriyeho, harimo ko ibiganiro bya mahoro bya kongera gusubukurwa ku mitwe y’itwaje imbunda yo muri Congo, ikindi baganiriyeho n’ibijyanye n’iterambere ryo mu karere ka Afrika y’iburasirazuba.

Ibi ganiro bya Uhuru Kenyatta na perezida Yoweli Kaguta Museveni bi baye mugihe imirwano yongeye gukomera mu Burasirazuba bwa RDC, aho M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bakomeje guhanganira muri teritware ya Masisi na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Akarere ka Afrika y’iburasizuba (EAC), niko kagize Uhuru Kenyatta umuhuza ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

N’ubwo ingabo za EAC zamaze kuvanwa muri RDC ariko Afrika y’iburasirazuba ikomeje kuvuga ko izakora ibishoboka byose amahoro n’umutekano bikagaruka muri RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: Baganiriye ku mutekano w'u Burasirazuba bwa RDCPerezidaUhuru KenyattaYoweli Kaguta Museveni
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Hongeye kuba ubwoba ko u Mujyi wa Goma ufatwa na M23, ninyuma y’uko yongeye kwigarurira ibindi bice byinshi muri Nyiragongo na Masisi.

Hongeye kuba ubwoba ko u Mujyi wa Goma ufatwa na M23, ninyuma y'uko yongeye kwigarurira ibindi bice byinshi muri Nyiragongo na Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?