Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

UHURU KENYATTA YABA AGIYE GUHANGANA NA PRÉSIDENT WILLIAM RUTO?

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 13, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari Président wa Kenya, Uhuru Kenyatta, mwijambo rye yatunguye abantu benshi, igihe yatangaza ga ko atazigera na rimwe ava muri Political, ibi bisa nibigaragaza ko agiye gutangiza ihangana ryeruye hagati ye na Président William Ruto.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yavuze ibi kuwa 10.02.2023 ubwo yari mu nama y’ishyaka rye rya Jubilee yabereye mu Mujyi wa Nakuru.

Ni inama yirukanye abayobozi batandukanye barimo Uwari Umuyobozi Mukuru wungirije w’ishyaka, David Murathe n’Umunyamabanga Mukuru Jeremiah Kioni kubera imyitwarire idahwitse.

Inkuru ya The Nation ivuga ko Kenyatta azakomeza kuyobora Ishyaka rya Jubillee, ku buryo yiteguye guhara umushahara wa pansiyo ungana na miliyoni 700 z’Amashilingi ya Kenya ariko akagaragara muri politiki byeruye.

Kenyata ati “Abagiye gusura Président Ruto mu biro bye ndetse bagaca ruhinganyuma bakajya guteranya inama itemewe mu Mujyi wa Nakuru bagomba gusezera mu Ishyaka ryanjye.”

Mu muhango wo gushyingura inzobere mu kubaga, Prof. George Magoha, yavuze ko amagambo asa nko kujomba igikwasi Président Ruto. Yavuze ko Raila Odinga wari uhanganye mu matora na Président Ruto yari afitiye imigambi myiza igihugu.

Ati “Kuba naravuye ku mirimo, ntibivuze ko ubu naniwe. Yego birashoboka ko navuye ku buyobozi bw’igihugu ariko ndacyashyigikiye Raila. Natubwira ngo tubigenze gutya ni ko tuzabigenza. Naramushyigikiye mu 2022 ndetse nzakomeza kuko ni umugabo w’imfura ndetse urajwe ishinga no guhuza Abanya-Kenya.”

Yakomeje ati “Ntabwo ndajwe ishinga no kujya mu buyobozi, ariko ni uburenganzira bwanjye gushyigikira Raila Odinga.”

Kenyata avuga ibi mu gihe abo mu Nteko ishinga Amategeko bo mu ishyaka rye bagaragaje ko bashyigikiye Perezida William Ruto mu nzira y’iterambere aho bateye umugongo Raila Odinda bikababaza cyane Kenyatta, cyane ko no mu matora y’umukuru w’igihugu yari amushyigikiye.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Colonel Richard Tawimbi, yunvikanye muri Audio avuga Igihugu c'Urwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?