• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Uhuru Kenyatta, yasabye Guverinema ya Kinshasa kwicarana na M23 bakaganira kugira amahoro agaruke Muburasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhuza Uhuru Kenyatta yasabye guverinema ya RDC gukorana Ibiganiro numutwe wa M23.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 12/07/2023, saa 3:10pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Uwahoze ari Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, yongeye gusaba ko leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko ija mu biganiro n’umutwe wa M23. Umutwe urwanira muburasirazuba bw’ikigihugu ca RDC.

Uhuru Kenyatta, usanzwe ari umuhuza mumakimbirane ya Congo yasabye Kinshasa kandi kujya mu biganiro na M23, ubwo yari mu mujyi wa Goma aho yafunguye inama yiga kuri gahunda yo kurebera hamwe uko abarwanyi ba M23 bahurizwa hamwe muburyo buganisha kugukemura amakimbirane amaze ibihe byinshi muriki gihugu.

Inama yokuruyu wa Gatatu, iyobowe na Uhuru Kenyatta, yitabiriwe nabayobozi ba leta batandukanye barimo na Minisitiri w’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo FARDC, Jean Pierre Bemba.

Uhuru, n’imiryango mpuzamahanga ndetse nabamwe mubayobozi ba Congo Kinshasa, bamaze igihe botsa igitutu Leta ya Congo bayisaba kujya mu biganiro n’umutwe wa M23 umaze umwaka urenga bahanganye n’Ingabo ziki gihugu.

M23 imaze igihe itangaza ko yiteguye kujya mu mishikirano na Leta ya Congo, yo ikavuga ko idashobora kuganira n’uyu mutwe yakunze kwita uw’iterabwoba.

M23 ku ruhande rwayo nanone ivuga ko mu gihe Kinshasa yaba yanze ko baganira na yo itazigera yitabira na rimwe gahunda yo guhuriza hamwe abarwanyi bayo, mbere yo kubambura intwaro no kubasubiza mu buzima busanzwe.

Impamvu ni uko uyu mutwe wakunze kugaragaza ko ari wo wonyine wubahirije ibyo wo na Leta ya Congo bagiye basabwa n’inama zitandukanye zagiye zihuza abakuru b’ibihugu by’akarere na RDC iherereyemo.

Muri byo harimo guhagarika imirwano hagati y’impande zombi maze M23 ikava mu duce tw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru yari yarigaruriye.

Abakurikiranira hafi amakimbirane y’impande zombi bahuriza ku kuba ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwarashize imbere gukoresha ingufu za gisirikare mu rwego rwo kurangiza ariya makimbirane.

Tags: AmakimbiraneGomagukora Ibiganiroguverinema ya KinshasaUhuru KenyattaumuhuzaYasabye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Abasirikare bo mungabo za FARDC n'imitwe irimo Wazalendo, ngo ubumwe bw'u Burayi burimo kubategurira ibihano.

Comments 1

  1. Bisetsa felix says:
    3 years ago

    Urakoze cane

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?