• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Uhuru Kenyatta, yasabye Guverinema ya Kinshasa kwicarana na M23 bakaganira kugira amahoro agaruke Muburasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhuza Uhuru Kenyatta yasabye guverinema ya RDC gukorana Ibiganiro numutwe wa M23.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 12/07/2023, saa 3:10pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Uwahoze ari Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, yongeye gusaba ko leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko ija mu biganiro n’umutwe wa M23. Umutwe urwanira muburasirazuba bw’ikigihugu ca RDC.

Uhuru Kenyatta, usanzwe ari umuhuza mumakimbirane ya Congo yasabye Kinshasa kandi kujya mu biganiro na M23, ubwo yari mu mujyi wa Goma aho yafunguye inama yiga kuri gahunda yo kurebera hamwe uko abarwanyi ba M23 bahurizwa hamwe muburyo buganisha kugukemura amakimbirane amaze ibihe byinshi muriki gihugu.

Inama yokuruyu wa Gatatu, iyobowe na Uhuru Kenyatta, yitabiriwe nabayobozi ba leta batandukanye barimo na Minisitiri w’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo FARDC, Jean Pierre Bemba.

Uhuru, n’imiryango mpuzamahanga ndetse nabamwe mubayobozi ba Congo Kinshasa, bamaze igihe botsa igitutu Leta ya Congo bayisaba kujya mu biganiro n’umutwe wa M23 umaze umwaka urenga bahanganye n’Ingabo ziki gihugu.

M23 imaze igihe itangaza ko yiteguye kujya mu mishikirano na Leta ya Congo, yo ikavuga ko idashobora kuganira n’uyu mutwe yakunze kwita uw’iterabwoba.

M23 ku ruhande rwayo nanone ivuga ko mu gihe Kinshasa yaba yanze ko baganira na yo itazigera yitabira na rimwe gahunda yo guhuriza hamwe abarwanyi bayo, mbere yo kubambura intwaro no kubasubiza mu buzima busanzwe.

Impamvu ni uko uyu mutwe wakunze kugaragaza ko ari wo wonyine wubahirije ibyo wo na Leta ya Congo bagiye basabwa n’inama zitandukanye zagiye zihuza abakuru b’ibihugu by’akarere na RDC iherereyemo.

Muri byo harimo guhagarika imirwano hagati y’impande zombi maze M23 ikava mu duce tw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru yari yarigaruriye.

Abakurikiranira hafi amakimbirane y’impande zombi bahuriza ku kuba ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwarashize imbere gukoresha ingufu za gisirikare mu rwego rwo kurangiza ariya makimbirane.

Tags: AmakimbiraneGomagukora Ibiganiroguverinema ya KinshasaUhuru KenyattaumuhuzaYasabye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Abasirikare bo mungabo za FARDC n'imitwe irimo Wazalendo, ngo ubumwe bw'u Burayi burimo kubategurira ibihano.

Comments 1

  1. Bisetsa felix says:
    2 years ago

    Urakoze cane

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?