• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uko byari byifashe mu rubanza rwabashatse guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
June 8, 2024
in Regional Politics
0
Uko byari byifashe mu rubanza rwabashatse guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi i Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaheruka kugerageza guhirika ubutegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo baciriwe urwo gupfa.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni urubanza rw’abantu bagera kuri 50 bashinjwa kuba baragize uruhare muri kudeta yapfubijwe n’igisirikare cya leta ya Kinshasa, mu kwezi gushize.

Abari muri iyi dosiye bose bagera kuri 53, barimo abanyamahanga bab’Anyamerika batatu n’abagore bane bafite ubwenegihugu bwa Congo.

Mu baburanishijwe, harimo Christian Malanga ushinjwa kugira uruhare runini mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi. Malanga afite ubwenegihugu bwa Amerika yishwe umugambi wo guhirika ubutegetsi ukirimo.

Nubwo yapfuye, ariko yari ku rutonde rw’ababurana. Umuhungu wiwe Marcel Malanga, ufite ubwenegihugu bw’Amerika na we yari mubaburanye, kimwe n’abandi banyamerika babiri, barimo ufatwa nk’inshuti yahafi ya Christian Malanga.

Jean-Jacque Wondo, inararibonye mu bya gisirikare, akaba n’umubiligi ufite inkomoko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, nawe yaburanye. Arashinjwa kuba yarabaye mu bateguye umugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa. Me. Masingo Shela uburanira Wondo yabwiye itangaza makuru ko ashinjwa kuba yarafashije abashatse guhirika ubutegetsi. Shela nuwo aburanira bahakanye ibyo baregwa, bavuga ko biteguye kuburana.

Abashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa baburaniye murukiko rwa gisirikare ruri i Gombe. Urubanza rwabo rwakurikiranwe n’abaserukiye ibihugu byabo, cyane cyane ibyo mu Burayi.

Byumwihariko ibyaha abari muri iyi dosiye bashinjwa, birimo kugerageza guhirika ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, iterabwoba, gutanga uburyo bwo gufasha abakora itera bwoba, gutunga imbunda batazifitiye uruhushya, kugerageza kwica bamwe mu bategetsi ba Congo, ubwicanyi, no kwifatanya n’inkozi zikibi.

Abakora mu ishamyi ry’ikiremwa muntu muri RDC, bavuze ko batizeye ubucamanza bw’iki Gihugu.

Ibyo bibaye mu gihe bamwe mu basirikare bakuru b’iki Gihugu bashinjwa kwica abasirikare bakekwa ko bari muri uyu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi, wapfubye ku itariki ya 19/05/2024, nkuko iy’i nkuru tuyikesha ibiro ntara makuru by’Abafaransa, AFP.

Tubibutsa ko uru rubanza ko rwabaye kuri uyu wa Gatanu, rubera i Kinshasa.

                     MCN.
Tags: Baciriwe urwo gupfaChristian Malanga MusumariGushaka guhirika ubutegetsiKinshasaUrubanza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe uburyo butatu bwafasha abantu kumenya uko ubuzima bwabo buhagaze.

Hagaragajwe uburyo butatu bwafasha abantu kumenya uko ubuzima bwabo buhagaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?