• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uko byifashe ku mirongo y’urugamba hagati ya M23 na FARDC.

minebwenews by minebwenews
January 24, 2025
in Regional Politics
0
M23 nyuma yogufata umujyi wa Minova yafashe utundi duce twingenzi muri Kivu y’Epfo.
143
SHARES
3.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko byifashe ku mirongo y’urugamba hagati ya M23 na FARDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Umutwe wa M23 nyuma yo kwigarurira centre ya Sake na Kanyamahoro, wemeje ko uri mu nzira ujya kwigarurira Goma kugira ngo utabare abaturage bagize igihe mukaga baterwa n’uruhande rwa Leta.

Ni byatangajwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka aho yatanze ubutumwa ku munsi w’ejo hashize tariki ya 23/01/2025, agira ati: “Abaturage ba Goma baratesetse cyane kimwe n’abandi Banye-Kongo. AFC/M23 iri mu nzira ijya kubabohora, bityo bagomba kwitegura kwakira uku kubohorwa.”

Yavuze ko abaturage b’i Goma bagomba kwitegura kwakira kuba mu mahoro.

Kimwecyo uyu mutwe wa M23 wanaburiye ingabo z’umuryango wa SADC n’iza MONUSCO izo bashinja kujana ibibunda binini ahabereye intambara, uvuga ko ushobora kwirwanaho ndetse kandi wemeza ko izi ngabo ziteguye kubagabaho ibitero.

Ati: “Ibimenyetso byose birerekana ko MONUSCO na SAMIDRC bitegura ku dutera, ku bw’iyo mpamvu turirwanaho.”

Uyu mutwe wari wanavuze ko mu itangazo basohoye tariki ya 22/01/2025 babwiye ingabo za MONUSCO na SAMIDRC ko batari mu bo barwana.

Uyu mutwe kandi urashinja ingabo za FARDC kurasa mu nkambi y’abakuwe mu byabo iri mu bice bya Bulenga, muri teritware ya Nyiragongo, ibisasu bigahitana ubuzima bw’abasivile.

Umuvugizi wa M23 mu bya politiki wungirije, Oscar Barinda yavuze ko icyo bashaka ari inzira y’ibiganiro, avuga ko umujyi wa Goma batawugose kugira ngo abawutuye baje mu kaga, hubwo ko bashaka amahoro.

Imirwano yabaye ahar’ejo nti yabereye i Sake gusa, kuko kandi yanabereye mu misozi ya Kanyamahoro muri teritware ya Nyiragongo hafi n’umujyi wa Goma. Byanarangiye uyu mutwe wigaruriye aka gace ka Kanyamahoro na Sake n’utundi duce duherereye hafi yahabereye intambara.

Hagataho, i Goma bamwe mu baturage baho bahungiye mu Rwanda ndetse kandi mu bahungiye muri iki Gihugu cy’igituranyi barimo n’abadipolomate.

Tags: FardcGomaM23SADCSamidrc
Share57Tweet36Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
RDC yabujije ingendo zo mu mazi kubera umutekano muke.

Iby'urupfu rwa Maj Gen Peter Cirumwami wishwe arashwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?