• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uko byifashe ku mirongo y’urugamba mu Rugezi hagati ya FARDC na Twirwaneho.

minebwenews by minebwenews
May 19, 2025
in Conflict & Security
0
Uko byifashe ku mirongo y’urugamba mu Rugezi hagati ya FARDC na Twirwaneho.
125
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko byifashe ku mirongo y’urugamba mu Rugezi hagati ya FARDC na Twirwaneho.

You might also like

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

Nyuma y’aho ihuriro ry’Ingabo zirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa zigabye ibitero ku mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 mu duce dutandukanye two mu Rugezi, iyi mitwe yombi yazikubise ahababaza inabasubiza inyuma.

Ni ibitero iri huriro ryagabye mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere tariki ya 19/05/2025, aho zabigabye ku dusozi two muri Rugezi dusanzwe twari garuriwe na Twirwaneho na M23 mu minsi mike ishize.

Iyi Rugezi yazindutse igabwamo ibitero, iherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo. Uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho byayifashe mu mpera z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka.

Hari nyuma y’aho iyirukanyemo izi ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta, zirimo iza FARDC iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR.

Mu gitondo iri huriro ryayigabyemo ibitero, ariko amakuru yizewe Minembwe Capital News yamenye ni uko zayihuriyemo n’akaga gakomeye, kuko Twirwaneho na M23 zazicyanyeho umuriro w’imbunda, zihita zisubira inyuma ni kiborogo cyinshi!

Ndetse kandi abenshi bo muri iryo huriro bahasize ubuzima, harimo n’abandi benshi bo muri iryo bakomereketse, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Kuri ubu aba bagabye ibitero basubijwe inyuma, n’uduce twose bari babigabyemo turacyagenzurwa n’iyi mitwe yombi yari yabigabweho.

Ibi bitero byagabwe mu gihe hari hamaze iminsi bivugwa ko Leta y’i Kinshasa igize iminsi itegura kugaba ibitero mu mihana y’Abanyamulenge mu Minembwe no mu nkengero zayo nka Rugezi na Mikenke.

Byagiye binasobanurwa ko u ruhande rwa Leta ko ruri gutegura biriya bitero mu rwego rwo kugira ngo rwisubize ibice byose Twirwaneho na M23 byabambuye.

Kurundi ruhande, haravugwa ko urubariro rwo kuri Point Zero narwo ko rurimo ibitero byenda kugabwa ku kibuga cy’indege cya Minembwe n’icya Mikenke.

Aya makuru anagaragaza ko leta ishaka gufata ibi bibuga, ngo kuko itinya ko iyi mitwe yazabyifashisha mu minsi iri imbere.

Tags: IbiteroIhuriroRugezi
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi Imirwano ikaze hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside Imirwano ikomeje gufata indi ntera hagati y’ihuriro rya AFC/M23 n’ingabo za Leta ya...

Read moreDetails

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy'ubuhungiro Umwuka w’impungenge n’akaduruvayo ukomeje kwiyongera mu mujyi wa Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko abasirikare...

Read moreDetails

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rikomeje kwagura ibice rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zasohoye itangazo kuri uyu wa...

Read moreDetails
Next Post
Ibitero bikomeye byongeye kugabwa ku Banyamulenge mu Rurambo.

Icyakurikiyeho nyuma y'aho umusirikare wa FARDC acikanye amafaranga yari guhemba abasirikare bayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?