• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uko byifashe ku mirongo y’urugamba mu Rugezi hagati ya FARDC na Twirwaneho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 19, 2025
in Conflict & Security
0
Uko byifashe ku mirongo y’urugamba mu Rugezi hagati ya FARDC na Twirwaneho.
125
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko byifashe ku mirongo y’urugamba mu Rugezi hagati ya FARDC na Twirwaneho.

You might also like

Ingabo z’u Burundi n’iza RDC zagabye ibitero mu Banyamulenge bigwamo abasivili.

Abanyamulenge bongeye kugabwa ibitero bya drones by’Ingabo za RDC.

Havuzwe uburyo byagenze kugira ngo abaheruka kwica umuntu i Nakivale batabwe muri yombi.

Nyuma y’aho ihuriro ry’Ingabo zirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa zigabye ibitero ku mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 mu duce dutandukanye two mu Rugezi, iyi mitwe yombi yazikubise ahababaza inabasubiza inyuma.

Ni ibitero iri huriro ryagabye mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere tariki ya 19/05/2025, aho zabigabye ku dusozi two muri Rugezi dusanzwe twari garuriwe na Twirwaneho na M23 mu minsi mike ishize.

Iyi Rugezi yazindutse igabwamo ibitero, iherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo. Uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho byayifashe mu mpera z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka.

Hari nyuma y’aho iyirukanyemo izi ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta, zirimo iza FARDC iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR.

Mu gitondo iri huriro ryayigabyemo ibitero, ariko amakuru yizewe Minembwe Capital News yamenye ni uko zayihuriyemo n’akaga gakomeye, kuko Twirwaneho na M23 zazicyanyeho umuriro w’imbunda, zihita zisubira inyuma ni kiborogo cyinshi!

Ndetse kandi abenshi bo muri iryo huriro bahasize ubuzima, harimo n’abandi benshi bo muri iryo bakomereketse, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Kuri ubu aba bagabye ibitero basubijwe inyuma, n’uduce twose bari babigabyemo turacyagenzurwa n’iyi mitwe yombi yari yabigabweho.

Ibi bitero byagabwe mu gihe hari hamaze iminsi bivugwa ko Leta y’i Kinshasa igize iminsi itegura kugaba ibitero mu mihana y’Abanyamulenge mu Minembwe no mu nkengero zayo nka Rugezi na Mikenke.

Byagiye binasobanurwa ko u ruhande rwa Leta ko ruri gutegura biriya bitero mu rwego rwo kugira ngo rwisubize ibice byose Twirwaneho na M23 byabambuye.

Kurundi ruhande, haravugwa ko urubariro rwo kuri Point Zero narwo ko rurimo ibitero byenda kugabwa ku kibuga cy’indege cya Minembwe n’icya Mikenke.

Aya makuru anagaragaza ko leta ishaka gufata ibi bibuga, ngo kuko itinya ko iyi mitwe yazabyifashisha mu minsi iri imbere.

Tags: IbiteroIhuriroRugezi
Share50Tweet31Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ingabo z’u Burundi n’iza RDC zagabye ibitero mu Banyamulenge bigwamo abasivili.

by Bruce Bahanda
August 28, 2025
0
Igitero cyazindutse kigabwa mu nkengero za centre ya Minembwe cyasubijwe inyuma.

Ingabo z'u Burundi n'iza RDC zagabye ibitero mu Banyamulenge bigwamo abasivili. Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zirimo iza Repubulika ya demokarasi ya Congo iz'u Burundi...

Read moreDetails

Abanyamulenge bongeye kugabwa ibitero bya drones by’Ingabo za RDC.

by Bruce Bahanda
August 28, 2025
0
Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

Abanyamulenge bongeye kugabwa ibitero bya drones by'Ingabo za RDC. Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zongeye kugaba ibitero zikoresheje drones mu Rugezi mu majy'Epfo ashyira uburengerazuba bwa...

Read moreDetails

Havuzwe uburyo byagenze kugira ngo abaheruka kwica umuntu i Nakivale batabwe muri yombi.

by Bruce Bahanda
August 28, 2025
0
Nakivale: Yamaze kwicwa atabwa munsi y’inzira, ubuhamya.

Havuzwe uburyo byagenze kugira ngo abaheruka kwica umuntu i Nakivale batabwe muri yombi. Umusore w'Umurundi uri mu kigero cy'imyaka iri hagati ya 25 na 30, akaba aheruka kwicirwa...

Read moreDetails

Mu bice byabohojwe na AFC/M23, umuco wo kudahana watangiye kurandurwa.

by Bruce Bahanda
August 28, 2025
0
AFC/M23/MRDP yafashe umwanzuro ukakaye ku ba canshuro barwana ku ruhande rwa RDC.

Mu bice byabohojwe na AFC/M23, umuco wo kudahana watangiye kurandurwa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rigamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya...

Read moreDetails

Uvira:Imirwano ya Wazalendo na FARDC yaguyemo abatari bake.

by Bruce Bahanda
August 27, 2025
0
Uvira:Imirwano ya Wazalendo na FARDC yaguyemo abatari bake.

Imirwano ya Wazalendo na FARDC yaguyemo abatari bake. Haravugwa imirwano ikomeye hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC na Wazalendo muri Uvira mu ntara ya Kivu...

Read moreDetails
Next Post
Ibitero bikomeye byongeye kugabwa ku Banyamulenge mu Rurambo.

Icyakurikiyeho nyuma y'aho umusirikare wa FARDC acikanye amafaranga yari guhemba abasirikare bayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?