• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uko byifashe mu Bibogobogo aharaye hageze ingabo nyinshi z’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
January 17, 2025
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi nyinshi zakiriwe mu Bibogobogo.
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko byifashe mu Bibogobogo aharaye hageze ingabo nyinshi z’u Burundi.

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Ingabo z’u Burundi zaraye zihurutse mu Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zahashyinze ikambi zibiri, ariko biravugwa ko zaba zije guhiga Twirwaneho, nk’uko aba basirikare banabyivugiye.

Ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatanu tariki ya 17/01/2025 ni bwo abasirikare b’u Burundi babarirwa muri magana atatu bahurutse mu Bibogobogo, aho baje baturutse i Gafurwe no mu bindi bice byo muri teritware ya Fizi na Uvira.

Aya makuru ava mu Bibogobogo avuga ko aba basirikare b’u Burundi bahitiye mu ikambi ya FARDC ira hitwa ku Musaraba ikaba iyo bowe na Col.Ntagawa.

Nk’uko abaturage baturiye ibyo bice batanze umucyo kuri aba basirikare bavuze ko baje gutura.

Umwe muri abo baturage wavugana na Minembwe.com yagize ati: “Aba basirikare babaye abo gutura. Bubatse ikambi imwe hafi n’aho iya FARDC y’ubatse ku Musaraba. Indi kambi yabo bayishyinze kuri Nyagisozi.”

Uyu muturage yakomeje avuga ko ngo nubwo aba basirikare batangiye kubaka amakambi yabo muri ibi bice byo muri Bibogobogo, ariko ko batazi ikibagenza, nyamara kandi ngo bigakekwa ko baje guhiga Twirwaneho.

Yanavuze ko ubwo baherukaga muri Bibogobogo mu mezi make ashize, basize bavuze ko bazagaruka kandi ko bazaba baje guhiga Twirwaneho, Red-Tabara na M23 nubwo ayo matsinda yavuzwe atabarizwa muri ibyo bice kandi akaba atanahuje umurongo wa politiki.

Umutwe wa M23 urwanira mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, uvuga ko urwanira ukubaho kwabo nk’abandi Banye-Kongo, naho Twirwaneho ikaba igizwe n’Abanyekongo ba Banyamulenge birwanaho mu gihe bagabweho ibitero bya Maï-Maï; mu gihe Red-Tabara yo ari umutwe w’itwaje imbunda urwanya ubutegetsi bw’u Burundi.

Sibyo byonyine yavuze kuri izo ngabo z’u Burundi, kuko yanavuze ko muri icyo gihe zari muri ibi bice zasabye abaturage ba Banyamulenge kwirinda gufatanya na Twirwaneho, ndetse kandi banavuga ko mu kugaruka kwabo bizatungura abaturiye ibyo bice.

Ni nako byagenze kuko abaturage babyutse muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu basanga izo ngabo z’u Burundi ziri gutambagira muri ibi bice by’iwabo.

Tags: BibogobogoIngabo z'u BurundiTwirwaneho
Share47Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Israel na Hamas bigeze ku ntambwe ya nyuma mu guhagarika intambara.

Israel na Hamas bigeze ku ntambwe ya nyuma mu guhagarika intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?