• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uko byifashe mu Rugezi nyuma y’imirwano ikomeye yo ku munsi w’ejo ku wa gatanu.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2025
in Conflict & Security
0
Uko byifashe mu Rugezi nyuma y’imirwano ikomeye yo ku munsi w’ejo ku wa gatanu.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko byifashe mu Rugezi nyuma y’imirwano ikomeye yo ku munsi w’ejo ku wa gatanu.

You might also like

Bibogobogo bari mu mashimwe nyuma y’ababo bahagarutse

“Telefone y’Umwungeri w’inka iri kwitabwa na Mai Mai-” ubuhamya k’u waburiwe irengero

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

Amakuru aturuka mu Rugezi avuga ko habyukiye imishyamirano ikaze hagati y’impande ziyihanganiyemo, ni nyuma y’aho ku munsi w’ejo ku wa gatanu hiriwe imirwano ya Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo, rigizwe na FARDC, FDNB(ingabo z’u Burundi), n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa FDLR n’uwa Wazalendo.
Ni mu gihe n’uy’u mutwe wa Twirwaneho na wo ufatanyije n’uwa M23 kurwanya iri huriro rishinjwa kwica Abanyamulenge, Abatutsi n’Abahema bo mu Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC.

Minembwe Capital News yamenye ko biriya bitero byo ku munsi w’ejo byatangijwe n’u ruhande rw’ingabo za Congo, aho rwabigabye kuri Twirwaneho na M23 mu duce bagenzura two mu Rugezi.

Aya makuru anagaragaza ko utwo duce twagabwemo ibyo bitero tunaberamo ihangana rikomeye ni Mundegu, ku w’Ihene no kuri Nyakirango.

Gusa, Twirwaneho na M23 byakubise kubi ririya huriro, ubundi rikizwa n’amaguru ryamburwa n’uduce ryari risigaranye duherereye i Gasiro.

Nu duce ryari ryarahungiyemo nyuma y’aho Twirwaneho na M23 bifashe Rugezi mu mpera z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka.

Nyamara nubwo Twirwaneho na M23 bikubita ahababaza iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, bikanabirukana kubi, ntibibuza ko ryongera kugaruka gushotora iyi mitwe yombi.

Ni muri ubwo buryo n’ubundi impande zombi zongeye kuzindukira mu bushamirane.

Abarwana ku ruhande rwa Leta baherereye mu bice bahungiyemo by’i Gasiro, mu gihe abo muri Twirwaneho na M23 n’abo baherereye mu duce bagenzura twa Rugezi.

Aya makuru anagaragaza ko iyo mishamirano yahereye kuva igihe c’isaha ya saa kumi n’imwe z’igitondo kugeza muri aya masaha.

Ndetse amakuru amwe avuga ko habaye imirwano, ariko amakuru yizewe Minembwe Capital News ifite nuko uru ruhande rwa Leta rwarashe amasasu menshi, kandi ko yari ayo gupfusha ubusa. Gusa isaha iyariyo yose imirwano ishobora kubura.

Tags: FardcImishamiranoRugeziTwirwaneho
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bibogobogo bari mu mashimwe nyuma y’ababo bahagarutse

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Bibogobogo bari mu mashimwe nyuma y’ababo bahagarutse

Bibogobogo bari mu mashimwe nyuma y'ababo bahagarutse Abagabo bagera kuri bane bo muri Bibogobogo, abaribarakomerekeye mu bitero Wazalendo yagabye muri iki gice mu mezi yo mu ntangiriro z'uyu...

Read moreDetails

“Telefone y’Umwungeri w’inka iri kwitabwa na Mai Mai-” ubuhamya k’u waburiwe irengero

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
“Telefone y’Umwungeri w’inka iri kwitabwa na Mai Mai-” ubuhamya k’u waburiwe irengero

"Telefone y'umwungeri w'inka iri kwitabwa na Mai Mai-" ubuhamya k'u waburiwe irengero Umwungeri w'inka w'Umunyamulenge witwa Muhumure Isaac, yaburiwe irengero Mucyakira, telefone ye iri kwitabwa na Mai Mai,...

Read moreDetails

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake Amakuru aturuka muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko habereye imirwano ikomeye hagati y'imitwe ibiri...

Read moreDetails

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n'amazi Wazalendo babiri bishwe n'amazi ubwo bageragezaga guhunga nyuma y'aho basubiranyemo n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC i Uvira muri Kivu...

Read moreDetails

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa Umuryango wa Colonel David Abuta Banza uramutabariza, nyuma y'aho umenye ko aho afungiwe i Kinshasa ahababariye bikomeye. Ni mu...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’ingabo za Congo zihishe i Walungu, M23 yaziburiye.

Ihuriro ry'ingabo za Congo zihishe i Walungu, M23 yaziburiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?