• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uko byifashe mu Rugezi nyuma y’imirwano ikomeye yo ku munsi w’ejo ku wa gatanu.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2025
in Conflict & Security
0
Uko byifashe mu Rugezi nyuma y’imirwano ikomeye yo ku munsi w’ejo ku wa gatanu.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko byifashe mu Rugezi nyuma y’imirwano ikomeye yo ku munsi w’ejo ku wa gatanu.

You might also like

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

Amakuru aturuka mu Rugezi avuga ko habyukiye imishyamirano ikaze hagati y’impande ziyihanganiyemo, ni nyuma y’aho ku munsi w’ejo ku wa gatanu hiriwe imirwano ya Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo, rigizwe na FARDC, FDNB(ingabo z’u Burundi), n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa FDLR n’uwa Wazalendo.
Ni mu gihe n’uy’u mutwe wa Twirwaneho na wo ufatanyije n’uwa M23 kurwanya iri huriro rishinjwa kwica Abanyamulenge, Abatutsi n’Abahema bo mu Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC.

Minembwe Capital News yamenye ko biriya bitero byo ku munsi w’ejo byatangijwe n’u ruhande rw’ingabo za Congo, aho rwabigabye kuri Twirwaneho na M23 mu duce bagenzura two mu Rugezi.

Aya makuru anagaragaza ko utwo duce twagabwemo ibyo bitero tunaberamo ihangana rikomeye ni Mundegu, ku w’Ihene no kuri Nyakirango.

Gusa, Twirwaneho na M23 byakubise kubi ririya huriro, ubundi rikizwa n’amaguru ryamburwa n’uduce ryari risigaranye duherereye i Gasiro.

Nu duce ryari ryarahungiyemo nyuma y’aho Twirwaneho na M23 bifashe Rugezi mu mpera z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka.

Nyamara nubwo Twirwaneho na M23 bikubita ahababaza iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, bikanabirukana kubi, ntibibuza ko ryongera kugaruka gushotora iyi mitwe yombi.

Ni muri ubwo buryo n’ubundi impande zombi zongeye kuzindukira mu bushamirane.

Abarwana ku ruhande rwa Leta baherereye mu bice bahungiyemo by’i Gasiro, mu gihe abo muri Twirwaneho na M23 n’abo baherereye mu duce bagenzura twa Rugezi.

Aya makuru anagaragaza ko iyo mishamirano yahereye kuva igihe c’isaha ya saa kumi n’imwe z’igitondo kugeza muri aya masaha.

Ndetse amakuru amwe avuga ko habaye imirwano, ariko amakuru yizewe Minembwe Capital News ifite nuko uru ruhande rwa Leta rwarashe amasasu menshi, kandi ko yari ayo gupfusha ubusa. Gusa isaha iyariyo yose imirwano ishobora kubura.

Tags: FardcImishamiranoRugeziTwirwaneho
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n'iby'imbunda nini, hasobunurwa n'impamvu yabyo Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 06/09/2025, i Uvira mu mujyi...

Read moreDetails

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Haravugwa amakuru ababaje y'igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n'ibyo Leta iri kuhohereza I Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, amakuru aturuka yo mabi ni uko Wazalendo...

Read moreDetails

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, aravuga ko muri iri joro ryo ku wa...

Read moreDetails

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z'u Burundi ziri guteza akajagari I Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo biravugwa ko hiriwe ituze, usibye ko ku Ndondo ya...

Read moreDetails

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake Icyorezo cya Ebola cyongeye kwa duka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikaba imaze no guhitana abantu...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’ingabo za Congo zihishe i Walungu, M23 yaziburiye.

Ihuriro ry'ingabo za Congo zihishe i Walungu, M23 yaziburiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?