• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uko i Mulenge hiriwe muri Kivu y’Amajyepfo.

minebwenews by minebwenews
March 5, 2025
in Regional Politics
0
Uko i Mulenge hiriwe muri Kivu y’Amajyepfo.
94
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko i Mulenge hiriwe muri Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Mu misozi miremire y’i Mulenge, muri Kivu y’Amajyepfo aho Leta y’i Kinshasa yibasiriye cyane muguhonyora uburenganzira bw’Abanyamulenge, ibikora inyuze mu ngabo z’iki gihugu n’iz’u Burundi, uyu munsiho birirwanye ituze.

Izuba rirarenze mu bice by’i Mulenge bikiri amahoro, nyuma y’aho Abanyamulenge bahatuye aha’rejo bagabweho ibitero bikomeye, ibyo bagabweho n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, ririmo ingabo z’u Burundi, iza Congo n’imitwe yitwaje intwaro ya FDLR na Wazalendo.

Ni bitero byagabwe ku Banyamulenge batuye mu Bibogobogo, Minembwe na Mikenke.
Mu Mikenke ho ibyumweru bibiri birashyize aba Banyamulenge ibitero bagabwaho ari umusubirizo.

Gusa, uko iri huriro rigabye ibyo bitero risubizwa inyuma, kandi rigakubitwa inshuro n’umutwe wa Twirwaneho urwanirira Abanyamulenge.

Umwe mu Banyamulenge uherereye mu Bibogobogo yabwiye Minembwe.com ko biriwe neza ariko ko bafite ubwoba, kuko umwanzi wabo abazengurutse.

Ati: “Twiriwe neza. Ntasasu ryavuze. Ariko nyine nta mutekano kuko uhiga ubuzima bw’Abanyamulenge ntari kure.”

Yongeyeho kandi ati: “Iyo bwije ntituba twizeye ko buca. Ariko kandi umwanzi uduhiga yaraumiye ntiyoshoboka agaruka vuba, kandi niyo yogaruka, turi maso. Umwanzi aza duhangana nawe.”

Uri mu Mikenke nawe yavuze ko iwabo nta mutekano, ariko ko biriwe neza.

Yagize ati: “Hiriwe neza, ariko wasi wasi ntizobura!”

Uyu uri mu Mikenke twanamubajije ku makuru yavuzwe ku manywa, aho yavugaga ko ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ko zongeye kuhagaba ibitero, avuga ko atabizi kandi ko ntarusaku rw’imbunda yumvise.

Ati: “Nta mbunda zumvikanye, kandi nanjye ndi ku mirongo y’imbere. Nk’aba bateye ahandi hatari mu Mikenke?”

Kugeza ubu Twirwaneho iragenzura igice cya Mikenke, mu gihe ingabo z’u Burundi n’iza Congo zigenzura nazo inkengero zayo.

Naho Wazalendo bakagenzura igice cya Gipupu kitari mu ntera ndende uvuye muri centre yaha mu Mikenke.

Ariko nyamara ibice bigenzurwa n’uyu mutwe wa Twirwaneho haba mu Minembwe, Bibogobogo, i Ndondo ya Bijombo, Rurambo na Mikenke, abaturage bavuga ko harangwa n’ituze, ndetse bikaba ku baturage ba moko yose.

Ariko ko aho ingabo z’u Burundi iza Congo n’imitwe ya Wazalendo zigenzura harangwa n’imivurungano, kwicwa kwabamwe no guhohoterwa bikomeye.

Tags: ItuzeMikenkeMinembwe
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Trump yasezeranyije kugarura ishema ry’Amerika.

Trump yasezeranyije kugarura ishema ry'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?