Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uko i Mulenge hiriwe muri Kivu y’Amajyepfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 5, 2025
in Regional Politics
0
Uko i Mulenge hiriwe muri Kivu y’Amajyepfo.
94
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko i Mulenge hiriwe muri Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Mu misozi miremire y’i Mulenge, muri Kivu y’Amajyepfo aho Leta y’i Kinshasa yibasiriye cyane muguhonyora uburenganzira bw’Abanyamulenge, ibikora inyuze mu ngabo z’iki gihugu n’iz’u Burundi, uyu munsiho birirwanye ituze.

Izuba rirarenze mu bice by’i Mulenge bikiri amahoro, nyuma y’aho Abanyamulenge bahatuye aha’rejo bagabweho ibitero bikomeye, ibyo bagabweho n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, ririmo ingabo z’u Burundi, iza Congo n’imitwe yitwaje intwaro ya FDLR na Wazalendo.

Ni bitero byagabwe ku Banyamulenge batuye mu Bibogobogo, Minembwe na Mikenke.
Mu Mikenke ho ibyumweru bibiri birashyize aba Banyamulenge ibitero bagabwaho ari umusubirizo.

Gusa, uko iri huriro rigabye ibyo bitero risubizwa inyuma, kandi rigakubitwa inshuro n’umutwe wa Twirwaneho urwanirira Abanyamulenge.

Umwe mu Banyamulenge uherereye mu Bibogobogo yabwiye Minembwe.com ko biriwe neza ariko ko bafite ubwoba, kuko umwanzi wabo abazengurutse.

Ati: “Twiriwe neza. Ntasasu ryavuze. Ariko nyine nta mutekano kuko uhiga ubuzima bw’Abanyamulenge ntari kure.”

Yongeyeho kandi ati: “Iyo bwije ntituba twizeye ko buca. Ariko kandi umwanzi uduhiga yaraumiye ntiyoshoboka agaruka vuba, kandi niyo yogaruka, turi maso. Umwanzi aza duhangana nawe.”

Uri mu Mikenke nawe yavuze ko iwabo nta mutekano, ariko ko biriwe neza.

Yagize ati: “Hiriwe neza, ariko wasi wasi ntizobura!”

Uyu uri mu Mikenke twanamubajije ku makuru yavuzwe ku manywa, aho yavugaga ko ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ko zongeye kuhagaba ibitero, avuga ko atabizi kandi ko ntarusaku rw’imbunda yumvise.

Ati: “Nta mbunda zumvikanye, kandi nanjye ndi ku mirongo y’imbere. Nk’aba bateye ahandi hatari mu Mikenke?”

Kugeza ubu Twirwaneho iragenzura igice cya Mikenke, mu gihe ingabo z’u Burundi n’iza Congo zigenzura nazo inkengero zayo.

Naho Wazalendo bakagenzura igice cya Gipupu kitari mu ntera ndende uvuye muri centre yaha mu Mikenke.

Ariko nyamara ibice bigenzurwa n’uyu mutwe wa Twirwaneho haba mu Minembwe, Bibogobogo, i Ndondo ya Bijombo, Rurambo na Mikenke, abaturage bavuga ko harangwa n’ituze, ndetse bikaba ku baturage ba moko yose.

Ariko ko aho ingabo z’u Burundi iza Congo n’imitwe ya Wazalendo zigenzura harangwa n’imivurungano, kwicwa kwabamwe no guhohoterwa bikomeye.

Tags: ItuzeMikenkeMinembwe
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Trump yasezeranyije kugarura ishema ry’Amerika.

Trump yasezeranyije kugarura ishema ry'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?