• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uko M23 yinjiye mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga, nyuma yokwirukana ku mutuno, ihuriro ry’Ingabo za RDC muri uwo mujyi.

minebwenews by minebwenews
June 29, 2024
in World News
0
Uko M23 yinjiye mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga, nyuma yokwirukana ku mutuno, ihuriro ry’Ingabo za RDC muri uwo mujyi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko M23 yinjiye mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga, nyuma yokwirukana ku mutuno ihuriro ry’Ingabo za RDC muri uwo mujyi.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni ahagana isaha ya saa kumi nimwe z’u mugoroba, ku masaha ya Minembwe na Bukavu, nibwo Ingabo zo mu mutwe wa M23, zinjiye mu mujyi wa Kanyabayonga, umujyi zinjiye mo zisanga abarwanirira ubutegetsi bwa Kinshasa bamaze gukizwa n’amaguru, nk’uko tubikesha abaturiye ibyo bice.

Mu butumwa bwa mashusho bwashinzwe hanze, bugaragaza Ingabo ziyobowe na Major Gen Sultan Makenga wa M23, zinjira mu mujyi rwagati, ziri ku murongo, abaturage bo muri uyu mujyi, bari ku muhanda bakubise buzuye, ku muhanda wo hepfo no haruguru. Amashusho kandi agaragaza abaturage bishimiye cyane kwinjira kwa M23 muri uwo mujyi, ubona bamwe bafata amafoto, abandi babasuhuza, uko babasuhuzaga niko wabonaga bari ku mwenyura, abandi babahobera.

Ndetse mu butumwa bwa majwi bwo, wumva abagore n’abagabo, abasore n’inkumi, bumvikana bavuga bati: “murakaze muri Kanyabayonga,” kandi abaturage babakiranye ubwuzu, bamwe basekagaga, abandi basakuza, bati: “mwakoze kwirukana ihuriro ry’Ingabo za RDC muri Kanyabayonga.”

M23 yafashye uyu mujyi wa Kanyabayonga, nyuma y’uko yari maze iminsi 30 ihanganira mu nkengero zayo n’ingabo zirwanirira leta ya Kinshasa.

Mu mirwano yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28/06/2024, niyo yaheshye M23 kwirukana ririya huriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, muri uyu mujyi. Amakuru yizewe yahawe Minembwe Capital News, avuga ko uyu mujyi, warimo abarwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa bagera ku bihumbi 60, mu gihe abarwana ku ruhande rwa M23 bari ku mubare w’abarwanyi 1100 gusa.

Amakuru ava muri ibyo bice, avuga ko iyi mirwano yaguyemo abasirikare benshi bo ku ruhande rwa leta, barimo n’abafite ipeti rya Colonel bane, mu gihe abasirikare bo babarirwa ku 460.

M23 yinjiye mu mujyi, nyuma y’uko yari yamaze gufata inkengero zawo zose, kandi mu kuwufata yambuye ihuriro ry’Ingabo za RDC, ibikoresho by’agisirikare byinshi, birimo n’imbunda ziremereye.

Uyu mujyi wafashwe nyuma y’iminsi ibiri gusa, minisitiri w’intebe wa RDC yari avuye i Goma, aho yasize avuze ko ingabo z’igihugu cye, zigiye ku rwana zivuye inyuma kugira ngo zihashye M23. Ndetse umuryango wa SADC ukaba nawo wari wongereye ingabo zawo, mu rwego rwo kurwanya M23.

           MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCKanyabayongaM23Uko yinjiyeYirukanye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame, bagiye guhura.

Perezida Félix Tshisekedi na mugenzi we w'u Rwanda Paul Kagame, bagiye guhura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?