• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uko M23 yinjiye mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga, nyuma yokwirukana ku mutuno, ihuriro ry’Ingabo za RDC muri uwo mujyi.

minebwenews by minebwenews
June 29, 2024
in World News
0
Uko M23 yinjiye mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga, nyuma yokwirukana ku mutuno, ihuriro ry’Ingabo za RDC muri uwo mujyi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko M23 yinjiye mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga, nyuma yokwirukana ku mutuno ihuriro ry’Ingabo za RDC muri uwo mujyi.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ni ahagana isaha ya saa kumi nimwe z’u mugoroba, ku masaha ya Minembwe na Bukavu, nibwo Ingabo zo mu mutwe wa M23, zinjiye mu mujyi wa Kanyabayonga, umujyi zinjiye mo zisanga abarwanirira ubutegetsi bwa Kinshasa bamaze gukizwa n’amaguru, nk’uko tubikesha abaturiye ibyo bice.

Mu butumwa bwa mashusho bwashinzwe hanze, bugaragaza Ingabo ziyobowe na Major Gen Sultan Makenga wa M23, zinjira mu mujyi rwagati, ziri ku murongo, abaturage bo muri uyu mujyi, bari ku muhanda bakubise buzuye, ku muhanda wo hepfo no haruguru. Amashusho kandi agaragaza abaturage bishimiye cyane kwinjira kwa M23 muri uwo mujyi, ubona bamwe bafata amafoto, abandi babasuhuza, uko babasuhuzaga niko wabonaga bari ku mwenyura, abandi babahobera.

Ndetse mu butumwa bwa majwi bwo, wumva abagore n’abagabo, abasore n’inkumi, bumvikana bavuga bati: “murakaze muri Kanyabayonga,” kandi abaturage babakiranye ubwuzu, bamwe basekagaga, abandi basakuza, bati: “mwakoze kwirukana ihuriro ry’Ingabo za RDC muri Kanyabayonga.”

M23 yafashye uyu mujyi wa Kanyabayonga, nyuma y’uko yari maze iminsi 30 ihanganira mu nkengero zayo n’ingabo zirwanirira leta ya Kinshasa.

Mu mirwano yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28/06/2024, niyo yaheshye M23 kwirukana ririya huriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, muri uyu mujyi. Amakuru yizewe yahawe Minembwe Capital News, avuga ko uyu mujyi, warimo abarwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa bagera ku bihumbi 60, mu gihe abarwana ku ruhande rwa M23 bari ku mubare w’abarwanyi 1100 gusa.

Amakuru ava muri ibyo bice, avuga ko iyi mirwano yaguyemo abasirikare benshi bo ku ruhande rwa leta, barimo n’abafite ipeti rya Colonel bane, mu gihe abasirikare bo babarirwa ku 460.

M23 yinjiye mu mujyi, nyuma y’uko yari yamaze gufata inkengero zawo zose, kandi mu kuwufata yambuye ihuriro ry’Ingabo za RDC, ibikoresho by’agisirikare byinshi, birimo n’imbunda ziremereye.

Uyu mujyi wafashwe nyuma y’iminsi ibiri gusa, minisitiri w’intebe wa RDC yari avuye i Goma, aho yasize avuze ko ingabo z’igihugu cye, zigiye ku rwana zivuye inyuma kugira ngo zihashye M23. Ndetse umuryango wa SADC ukaba nawo wari wongereye ingabo zawo, mu rwego rwo kurwanya M23.

           MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCKanyabayongaM23Uko yinjiyeYirukanye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame, bagiye guhura.

Perezida Félix Tshisekedi na mugenzi we w'u Rwanda Paul Kagame, bagiye guhura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?