Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uko mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 17, 2025
in Conflict & Security
0
Uko  mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

You might also like

Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

Nubwo mu Minembwe no mu nkengero zayo hiriwe amahoro n’ituze, ariko amakuru ava yo avuga ko uyu munsi ku wa kabiri habaye ubukonje budasanzwe.

Ni amakuru MCN ikesha abaturiye aka karere kazwi ho kuba gaherereye mu misozi miremire yo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Bagize bati: “Rugezi, Mikenke na Minembwe ni amahoro. Nta hantu na hamwe higeze humvikana urusaku rw’imbunda nk’uko byahoraga.”

Nubwo muri aka karere gasanzwe gatuwe cyane n’Abanyamulenge kiriwe neza uyu munsi ku wa kabiri tariki ya 17/06/2025, nyuma y’aho mu minsi ishize kagiye karangwamo n’intambara, ariko nyamara ngo kabayemo ubukonje budasanzwe.

Ati: “Haratuje, ariko hari ubukonje bwinshi. Habaye nk’i Ndondo.”

Mu busanzwe mu Minembwe cyane cyane ku Kiziba, i Lundu, Runundu, Kalingi n’ahandi hakunze kuba “indara” muri aya mezi tugezemo, nku kwezi kwa gatandatu n’ukwa karindwi. Bija kugera mu kwa Cyenda imaze gushyiraho.

N’indara ituma imisozi y’uma cyane, ndetse ubundi igatwika n’ibihuru bimera ku misozi no mu bisambu.

Aya makuru akomeza avuga ko “burinze bwira” nta kazuba karashye.

Ibyo byagaragaye i Gakangala, Kalonge, i Lundu, Minembwe centre, Kiziba na Mishashu n’ahandi.

Tags: ImbehoItuzeMinembwe
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

by Bruce Bahanda
June 17, 2025
0
Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo. Kiyana Seba wamenyekanye cyane cyane ku izina rya Munigantama, akaba atuye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika uruzinduko yagiriye i Bujumbura...

Read moreDetails

Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

by Bruce Bahanda
June 17, 2025
0
Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho. Kijeyi wari umu-Mai Mai wibaga Inka n'ihene z'Abanyamulenge bo mu gace ka Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

by Bruce Bahanda
June 17, 2025
0
Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y'ibiteye ubwoba abariyo bari babonye. Nyuma y'aho abari mu Rugezi babwiwe ko bari butegwe n'ihuriro ry'Ingabo za Congo mu ijoro ryaraye rikeye,...

Read moreDetails

Hongeye kubura imirwano ikomeye hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC na M23 muri Kivu Yaruguru.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Wazalendo yakoreye abaturage igikorwa kigayitse ngo iri guhima AFC/M23.

Hongeye kubura imirwano ikomeye hagati y'Ingabo za RDC na M23 muri Kivu Yaruguru. Urugamba rukomeye rwazindutse rubera mu duce two muri teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y’i Kinshasa, isi yamubereye nto!

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y’i Kinshasa, isi yamubereye nto!

Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y'i Kinshasa, isi yamubereye nto! Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahanguye ubushinjacyaha bukuru bw'iki gihugu ku geza...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?