Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uko mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 17, 2025
in Conflict & Security
0
Uko  mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uko mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

You might also like

Umusirikare wahoze ari inkoramutima ya Tshisekedi ararira ayo kwarika.

RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya.

Abasirikare b’u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje.

Nubwo mu Minembwe no mu nkengero zayo hiriwe amahoro n’ituze, ariko amakuru ava yo avuga ko uyu munsi ku wa kabiri habaye ubukonje budasanzwe.

Ni amakuru MCN ikesha abaturiye aka karere kazwi ho kuba gaherereye mu misozi miremire yo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Bagize bati: “Rugezi, Mikenke na Minembwe ni amahoro. Nta hantu na hamwe higeze humvikana urusaku rw’imbunda nk’uko byahoraga.”

Nubwo muri aka karere gasanzwe gatuwe cyane n’Abanyamulenge kiriwe neza uyu munsi ku wa kabiri tariki ya 17/06/2025, nyuma y’aho mu minsi ishize kagiye karangwamo n’intambara, ariko nyamara ngo kabayemo ubukonje budasanzwe.

Ati: “Haratuje, ariko hari ubukonje bwinshi. Habaye nk’i Ndondo.”

Mu busanzwe mu Minembwe cyane cyane ku Kiziba, i Lundu, Runundu, Kalingi n’ahandi hakunze kuba “indara” muri aya mezi tugezemo, nku kwezi kwa gatandatu n’ukwa karindwi. Bija kugera mu kwa Cyenda imaze gushyiraho.

N’indara ituma imisozi y’uma cyane, ndetse ubundi igatwika n’ibihuru bimera ku misozi no mu bisambu.

Aya makuru akomeza avuga ko “burinze bwira” nta kazuba karashye.

Ibyo byagaragaye i Gakangala, Kalonge, i Lundu, Minembwe centre, Kiziba na Mishashu n’ahandi.

Tags: ImbehoItuzeMinembwe
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Umusirikare wahoze ari inkoramutima ya Tshisekedi ararira ayo kwarika.

by Bruce Bahanda
June 18, 2025
0
Umusirikare wahoze ari inkoramutima ya Tshisekedi ararira ayo kwarika.

Umusirikare wahoze ari inkoramutima ya Tshisekedi ararira ayo kwarika. Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyataye muri yombi Lieutenant General Jean Claude Yav Kabeya, wabaye inkoramutima ya...

Read moreDetails

RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya.

by Bruce Bahanda
June 18, 2025
0
RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya.

RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya. Colonel Innocent Kaina uheruka gutangaza ko yashinze umutwe wa gisirikare ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo,...

Read moreDetails

Abasirikare b’u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje.

by Bruce Bahanda
June 18, 2025
0
Abasirikare b’u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje.

Abasirikare b'u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje. Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, avuga ko hari Abanyamulenge bahagiriye ikibazo ni mu gihe bafashwe na Wazalendo babakorera...

Read moreDetails

AFC/M23 yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo.

by Bruce Bahanda
June 18, 2025
0
AFC/M23 yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo.

AFC/M23 yabohoje akandi gace muri Kivu y'Epfo. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, abarwanyi baryo babohoje akandi gace ko muri teritware ya Walungu...

Read moreDetails

RDC: Bidasubirwaho Constant Mutamba yeguye .

by Bruce Bahanda
June 18, 2025
0
RDC: Bidasubirwaho Constant Mutamba yeguye .

RDC: Bidasubirwaho Constant Mutamba yeguye . Minisitiri w'ubutabera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yeguye kuri izi nshingano. Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa...

Read moreDetails
Next Post
Iran n’umuyobozi mukuru wayo bategujwe kubona ibyago bikaze.

Iran n'umuyobozi mukuru wayo bategujwe kubona ibyago bikaze.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?