Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 17, 2025
in World News
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

You might also like

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye.

Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru ko iki cyemezo yagifashe kubera ko perezida Vladimir Putin ari umuntu ihindagurika mubyo avuga.

Nk’uko Trump yabitangaje yagize ati: “Putin avuga neza mu gitondo ariko mu ijoro agatera ibisasu hose.”

Trump yatangaje ibi nyuma y’aho hari habaye ibiganiro hagati y’abategetsi b’u Burusiya na Amerika. Ni ibiganiro amakuru avuga ko byari bigamije gushaka amahoro.

Ariko nyamara nubwo ibyo biganiro byabaye, Trump yakomeje avuga ko Vladimir Putin atari umuntu wo kwizerwa, bityo afata icyemezo cyo gufasha Ukraine byeruye.

Uyu mugambi wo kohereza misile Ukraine ushobora guha indi morale ingabo zayo ziri mu ntambara ikomeye n’u Burusiya kuva mu 2022.

Trump yavuze ko Amerika izakomeza gushyigikira Ukraine, kandi ko izabikora mu buryo bufatika bugaragaza imbaraga.

Iyi gahunda Amerika yihaye ikaba igiye kunganira umugambi munini w’ubutabazi kuri Ukraine butangwa n’ibihugu bihuriye muri NATO.

Tags: AmerikaKurindwaUkraine
Share26Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails

Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Intambara muri Ukraine yahinduye isura. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yijeje Ukraine kuyoherereza intwaro za Patriots bizayifasha mu buryo bukaze bwo gukumira ibitero by'u Burusiya....

Read moreDetails

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana. MuhammaduBuhari wabaye umukuru w'igihugu cya Nigeria inshuro zibiri yitabye umuremyi we, nk'uko amakuru akomeje gutangazwa n'ibitangazamaku bitandukanye byaba ibyo mu gihugu imbere no...

Read moreDetails

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe. Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yakomerekeye mu gitero igisirikare cya Israel cyagabye i Tehran ku murwa mukuru w'iki...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro ry’abayobozi ba gakondo muri RDC ryareze abasenyeri.

Ihuriro ry'abayobozi ba gakondo muri RDC ryareze abasenyeri.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?